Monday, May 13
Shadow

Author: Kwizera Jean de Dieu

RUBAVU: Buri wese yasabwe kwita ku bafite ubumuga bwo mu mutwe

RUBAVU: Buri wese yasabwe kwita ku bafite ubumuga bwo mu mutwe

Inkuru Nyamukuru
Ubwo mu Karere ka Rubavu heberaga 'Ubukangurambaga bwo kwita ku buzima bwo mu mutwe no kwirinda Virus Itera SIDA' abaturage basabwe kwita cyane ku bantu bafite ubumuga by'umwihariko abasangwa mu mihanga. Ni igikorwa cyabereyemo umuhango wo gupima indwara zitandukanye zirimo na SIDA abantu bisuzumisha ku bushake kugira ngo bamenye uko bahagaze.Abitabiriye babwiwe ko 'Ubuzima bwiza ari uburenganzira bwa buri wese ndetse ko akwiriye kubigira intego kugira ngo bugerweho. Mu ijambo rye Umuyobozi w'Umurenge wa Nyundo, atanga ikaze yagaragaje ko ubuzima ari impano ikomeye.Ati:"Ubuzima ni impano ikomeye , amagara araseseka nta yorwa kandi ufite ubuzima aba afite byose.Uyu munsi dufite amahirwe kuko dufite abashyitsi kugira ngo batuganirize ku buzima by'umwihariko ubuzima bwo mu mutwe kuko by...
MU MAFOTO: Uburanga bwa Heilo Dersu wakoreshejwe mu ndirimbo ya Rayvanny

MU MAFOTO: Uburanga bwa Heilo Dersu wakoreshejwe mu ndirimbo ya Rayvanny

Imyidagaduro
Umukobwa wo mu gihugu cya Ethiopia wakoreshwe mu mashusho y’indirimbo MI AMOR ya Buravan yakomeje kuvugisha benshi by’umwihariko bagaruka ku buranga bwe nyuma y’aho Rayvanny ubwe avugiye ko ashaka ko bamurangira igihugu kirimo undi mukobwa mwiza nkawe akazamushyira mu ndirimbo nawe. Ubusanzwe uyu mukobwa afite ikigo cyitwa ‘Gezmi event Promotion, gifasha abantu atandukanye gutegura ubukwe ,gutegura ibirori n’ibitaramo no gutegura impano zitunguranye zitangwa nka ‘Surprise’. Uburanga bw'umukobwa wakoreshejwe mu mashusho y'indirimbo MI AMOR ya Rayvanny na Gerilson Insrael bukomeje kuvugisha benshi.Ni indirimbo imaze umunsi umwe isohotse ikaba imaze kurebwa inshuro zitari nke.Rayvanny anyuze ku mbuga Nkoranyambaga ze yatangaje ko umukobwa bakoresheje mu mashusho y’indirimbo ‘Mi Amor’  u...
Dogiteri Nsabii yagaragaje uko impanuka yamusize

Dogiteri Nsabii yagaragaje uko impanuka yamusize

Cinema
Umunyarwanda umaze kumenyakana mu Rwanda nka Nsabii yagaragaje uko impanuka yakoze yamusize. Mu minsi ishize mu ijoro ryo ku wa 21 Mata 2024 Nsabii na mugenzi we bamenyekaniye rimwe uzwi nka  Bijiyobija bakoreye impanuka ahazwi nko mu Karere ka Musanze bakomokamo bajya mu Mujyi wa Kigali. Nyuma yo gukora iyi mpanuka ikomeye bagakomereka cyane , bombi bajyanywe mu Bitaro bya Nemba kugira ngo bitabweho.Ubwo yerekanaga impanuka bakoze yifashishije ifoto, Dogiteri Nsabii yagize ati:”Mana warakoze ku ndinda, Ndagushimye, Uri Imana ikomeye”. Mu gitondo cyo kuri uyu wa Kabiri Nsabii yongeye kugaragaza uko impanuka yamusize akoresheje ifoto igaragaza isura ye iriho gupfukwa.Nsabi yagize ati:”
Nyampinga wa Amerika yeguye kuri uwo mwanya kubera uburwayi bwo mu mutwe

Nyampinga wa Amerika yeguye kuri uwo mwanya kubera uburwayi bwo mu mutwe

Imyidagaduro
Noelia Voigt wari Nyampinga wa USA yeguye kubera ikibazo cy’uburwayi bwo mu mutwe.Uyu mukobwa yambitswe iri Kamba nka Miss USA mu Ukuboza 2023.Mu gusezera kuri iyi mirimo yavuze ko abitewe n’impamvu z’ubuzima bwe bwo mu mutwe. Anyuze kuri konti ye ya Instagram Noelia Voigt yagize ati:”Ndabizi neza ko iyi ari intangiriro y’ubuzima bwanjye bushya kandi intego yanjye ni ugukomeza gutera abandi imbaraga mba bera urugero rwiza, mbasaba kwita ku buzima bwabo bwo mu mutwe , bikorera ubuvugizi bakoresheje amajwi yabo badatewe ubwoba n’ibyo ejo hazaza habo hazabaha kabone n’ubwo baba batewe ubwoba naho” Noelia wo muri Leta ya Utah muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, yatsinze amatora muri 2023 asimbura uwariho muri 2022 ariwe Morgan Ramano wavuye muri Carolina y’Amajyaruguru.Niwe mukobwa wa mbe...
Isimbi Model yavuze uko akunda indirimbo za Chryso Ndasingwa

Isimbi Model yavuze uko akunda indirimbo za Chryso Ndasingwa

Imyidagaduro, INKURU ZAMAMAZA
Umushoramari mu bikorwa bitandukanye Isimbi Model yahamije ko Imana ayikunda cyane ndetse ko umutima we mwiza uzagera kuri bose.Uyu mugore wamamaye mu myidagaduro cyane yashimangiye ko ubuzima bwe bwubakiye kuri Yesu. Ibi yatangaje mu gitaramo cy'Umuramyi Ndasingwa cyaraye kibereye muri BK Arena.Isimbi Model ngo yakiriye agakiza ku wa 24 /08/2014. Ati:"Tariki 24/08/2014 nibwo nakiriye agakiza.Uyu munsi nibwo nagize inyota yo gushaka Yesu wanjye. Ndavuga ngo niba uriho nyiyereka , tuve muri Yesu numvanye abandi kandi kuva icyo gihe ntabwo yari yampaana". Uyu mugore yatangaje ko akunda umuziki wo guhimbaza Imana ati:"Mu byukuri nkunda indirimbo zo guhimbaza Imana by'umwihariko iz'Abanyarwanda biturutse ku muhungu wanjye kuko ubwo twari tuvuye gusenga yatanshye aririmba indirimbo ya Chr...
“Umukunzi wanjye muherekeza no mu bwiherero” ! Harmonize yaciye igikuba

“Umukunzi wanjye muherekeza no mu bwiherero” ! Harmonize yaciye igikuba

Imyidagaduro
Umuhanzi Harmonize yatangaje ko iyo umukunzi we ‘Poshy’  ashaka kujya mu bwiherero amuherekeza bakajyana kabone niyo yaba ari mukazi.Uyu muhanzi yahamije ko aho umukunzi we yajyaho ashaka kwiherera yamuherekeza. Ni mu mashusho yanyujije kuri Konti ye ya Instagram [Story] ashimangira urwo akunda umukunzi we Poshy bari kumwe muri iyi minsi.Harmonize yagize ati:”Umugore mwiza udasanzwe nabonye kuri iyi Si.Kumuherekeza kuri Toilet [Mu bwiherero] ni ibisanzwe kuri ubu.Ntabwo mwizera.Nawe si mwizera”. Uyu muhanzi yavuze aya magambo ashaka kugaragaza urukundo akunda uyu mwari ndetse no kwishongora ku bandi bantu abereka ko afite umukunzi afuhira cyane.Mbere y’aho gato, Harmonize yagaragaye mu mashusho ari ku mufungira umusatsi. Muri aya mashusho, uyu musore yabajije Poshy icyo yamuhemba ...
1:55 AM yahaye ikaze umusore mushya uzafatanya na Element

1:55 AM yahaye ikaze umusore mushya uzafatanya na Element

Imyidagaduro
Banyuze ku mbuga nkoranyambaga zabo 155am, iyoborwa na Coach Gael, bashyize hanze imbanziriza mushinga urimo Bruce Melodie, Element, Ross Kana, Bahali na Kompressor ugiye kujya afatanya na Element. Muri iyi mbanziriza mushinga n'amashusho agaragaza ubukaka 155an izanye , humvikabyemo Afro Gako nk'intero ya Element, harimo ko aba basore bagiye kugarura umurindi wa Impala de Kigali bagamije guha ubuzima muzika Nyarwanda no guhangana ku ruhando Mpuzamahanga. compressor ni umusore ukuri muri ku isura winjiye mu nzu ikomeye muriuzika Nyarwanda. Benshi bakomeje kwibaza iherezo rya 155am no gutera imbere kwa muzika Nyarwanda ikava mu Rwanda ikagera ku rundi rwego.
Aba-yakuza ! Byinshi wamenya ku itsinda ry’abagizi nabi bakuze kurenza abandi ku Isi

Aba-yakuza ! Byinshi wamenya ku itsinda ry’abagizi nabi bakuze kurenza abandi ku Isi

HANZE
Mu myaka myinshi yatambutse , kuva mu binyejana byinshi  bishize guhangana hagati y’imiryango ikomeye , abakuru b’amadini n’abayobozi mu gihugu cy’Ubuyapani bihishe indi shusho iteye ubwoba y’umuryango mugari muri icyo gihugu.Muri iyi nkuru tugiye kurebera hamwe byinshi ku itsinda ry’abagizi ba nabi rikuze kurenza andi ku Isi yose. Iri tsinda ry’abagizi ba nabi bitwa Abayakuza, rigira imyitwarire y’icyubahiro , rikagira imigenzo , ibirango bituma rigira umwihariko ugereranyi n’ayandi matsinda y’abagizi ba nabi nk’ayo muri Amerika y’Epfo acuruza ibiyobyabwenge cyangwa mafia zo mu Butaliyani no muri Burusiya. Iri tsinda ry’abayakuza rigizwe n’imiryango 25 irimo itatu y’ingenzi yubakiyeho amagana y’amatsinda mato mato akurikiza cyane uruhererekane mu cyubahiro.Iri ritsinda ryavukiye mu ...
Zari Hassan yabujije umuhungu we kuba umutinganyi

Zari Hassan yabujije umuhungu we kuba umutinganyi

Imyidagaduro
Umunyamafaranga Zari Hassan yaburiye umuhungu we witwa Quincy ko adakwiriye kujya mu bahungu bagenzi be ahubwo ko agomba kujya mu bakobwa agahitamo abo ashaka bose. Ibi yabibwiye Quincy mu mashusho yashyize hanze ubwo yajyaga gusangira n'inshuti ze maze akabanza gusaba uburenganzira nyina.Ubwo Quincy yari avuze ko arasangira n'inshuti ze mu masaha y'umugoroba, Zari yahise amubwira ko agomba guhura n'abakobwa gusa.Umwana yagaragaje ko ari ugusangira gusa nyina akomeza ku mwumvisha ko atagomba kwishora mu baryamana bahuje ibitsina. Zari Hassan yagize ati:" Turashaka ko usohokana n'abakobwa". Zari yakomeje amugira inama avuga ko ahazaza he , akwiriye kuhateganyiriza abakobwa akaba ari nabo ab'inshuti nabo cyane. Si ubwa mbere Zari Hassan ahangayikishijwe n'abahungu be kuko no muri 20...
MUSANZE: Inkangu yahitanye umugore abana be bararusimbuka

MUSANZE: Inkangu yahitanye umugore abana be bararusimbuka

AMAKURU KU RWANDA
Imvura yaguye mu rukerera rwo kuri uyu wa Mbere tariki 06 Gicurasi 2024 , yangije byinshi birimo no gutwara ubuzima bw'umuntu mu Mudugudu wa Rugali , mu Kagali ka Kamisave mu Murenge wa Remera ho mu Karere ka Musanze. Iyi mvura yatumye habaho inkangu ikomeye , umukingo ugwira inzu ya Kuradusenge Evariste.Iyi nzu yagushijwe n'inkangu yahise yica umugore we Bamporeye Constantine dore ko abaturanyi batabaye ariko bagasanga imaze ku mwica bagakuramo abana babiri bakomeretse bikomeye undi bagasanga ntacyo yabaye. Umwe muri aba baturage yagize ati:"Imvura yamutembanye yaguye Saa Sita z'Ijoro, mu kuvuga ko yapfuye, uwamutabaye ni umuturanyi we w'inyuma bigeze saa saba z'ijoro yumva ijwi ritabaza ariko ahageze asanga yamuretse". Umugabo we Kuradusenge Evariste we ntabwo yari ahari kuko as...