Abaganga birukanwe nyuma yo gusangwa bari kubyin indirimbo z’ibishegu mu bitaro
Ubundi ntabwo bisanzwe kubona abantu bashinzwe kwita k’ubuzima bw’abantu bari kwitwara uko biboneye nk’uko byagaragaye ubwo aba baganga basangwa bari kubyinira mu bitaro indirimbo