Umukobwa w’ikizungerezi yujurije nyina inzu ihenze akesha ikibuno cye gikurura abagabo benshi

16/04/2023 09:11

Umukobwa w’ikizungerezi yujurije nyina inzu ihenze akesha ikibuno cye gikurura abagabo benshi

Aha wenda uravuga ngo aribeshya cyangwa se ntabwo aribyo.Burya ukubiri w’abakobwa bamwe bawukuramo agatubutse nyamara akenshi bigakorwa mu buryo butaribwo.

Umukobwa w’icyamamare kuri Tik Tok ukomoka muri Kenya Njoki Murira yarangije kubakira inzu yakataraboneka nyina umubyara abikesha amafaranga yakuye ku kibuno cye avuga ko kimaze kumugeza kuri byinshi.

Uyu mukobwa yatangaje ko kubaka inzu byamusabye umwaka umwe dore ko yayubatse mu mwaka washize nyuma y’uko ikibuno cye kinini kimufashije kuba icyamamare no mu gukurura abagabo batagira ingano.

Njoki Murira yabaye icyorezo kuri Murandasi kubera Amashusho yashyize kuri Tik Tok ye yerekana imiterere ye.Aha yahise yigarurira Imitima ya benshi Kandi abafana be ngo bamukundira ko Ari umunyakuri.

Mu kiganiro aheruka gukorana n’itangazamakuru Njoki yatangaje ko yarezee mu buryo bworoheje cyane n’umubyeyi we umwe.Aya mashusho akurura abagabo bituma abona amasezerano b’ibigo bikomeye.

Muri Gashyantare uyu mwaka yerengeje asaga Miliyoni 2 z’amadorari kuri TikTok



Advertising

Previous Story

Menya impamvu atari byiza kurarana amasogisi nijoro

Next Story

Dore ibintu by’ingenzi buri mugore asabwa gukora nyuma yo gutera akabariro n’uwo bashakanye

Latest from Inkuru Nyamukuru

Amateka yaranze Tariki 26 Nyakanga

Muri iyi nkuru tugiye kurebera hamwe ibyaranze iyi tariki mu mateka.Nihagira icyo wifuza kirenze ukidusigire ahatangirwa ibitekerezo. Uyu munsi tariki 26 Nyakanga, ni umunsi
Go toTop