Indirimbo Fout de toi yahuriyemo abahanzi Nyarwanda bakunzwe ; Bruce Melodie, Element ndetse na Ross kana ikomeje kuba isereri mu matwi ya bantu benshi
Abahanzi bamamaye barimo Yeme Alade , Mr Eazy wamamaye cyane mu ndirimbo Leg Over n’izindi zitandukanye bahujwe na Chris Eazy wamamaye mu ndirimbo Inana
Umuhanzi Danny Nanone uririmba injyana ya Hip Hop , arashinjwa kwiba umwana we gusa we akabihakana. Umuraperi Danny Nanone yongeye kuregerwa Urwego rw’Igihugu
None Taliki 21.09.2023 nibwo ku Ngoro y’ubutabera ya Kicukiro iherereye mu karere ka kicukiro mu Murenge wa kagarama nibwo Kazungu Denis ukurikiranyweho Kwica abantu