Biratangaje ! Umugabo wihinduye umugore yabyaye abana b’impanga hamwe n’umugore we nawe wihinduye igitsina

22/09/2023 08:26

Ni inkuru idasanzwe ndetse idashoboka gusa kuri ubu , amakuru avuga ko uwitwa Syven yabyaye impanga nyuma kwihinduza igitsina.

 

Aba bagabo bombi barimo Syven na Tori ngo bahoze bafite inzozi zo kuba ababyeyi bombi bakagira umwana bahuriye ho gusa kuko bihinduye uko Imana yabaremye ngo ntabwo bizeraga ko bizashoboka.

Tori yagaragaje ko umugore we wabyihinduye yamaze kubyara abana 2 kandi ngo bakaba biteguye kuba ababyeyi bombi.Yagize ati:” Umugabo wanjye yabyaye abana bacu babiri “.

 

Kugeza ubu aba bombi bemeza ko banejejwe no kurerera hamwe uyu mwana ngo bamwe mubabonye iyi nkuru bemeza ko Isi igeze kumusozo bakavuga ko bigoranye ko umwana azemera ko yabyawe n’umugabo aho kubyarwa n’umugore nk’abandi.

Src: Fashionmodelsecret.com

Advertising

Previous Story

Burya ni umubyeyi mwiza wita kubana be ! Menya urubyaro rw’umuhanzikazi Celine Dion nibyo ashimirwa kubwo kubitaho akabaha uburere

Next Story

Barakundana cyane ! Junior Giti n’umugore we basubije byinshi ku rukundo rwabo ndetse banenga abantu bavuga ko batandukanye

Latest from Inkuru Nyamukuru

Amateka yaranze Tariki 26 Nyakanga

Muri iyi nkuru tugiye kurebera hamwe ibyaranze iyi tariki mu mateka.Nihagira icyo wifuza kirenze ukidusigire ahatangirwa ibitekerezo. Uyu munsi tariki 26 Nyakanga, ni umunsi
Go toTop