Urukundo ni ikintu kiryohera abakundana hagati yabo. Iyo umukobwa atangiye kugukunda cyane, azatangira kukubaza ibibazo bikomeye ariko byiza ku rukundo rwanyu.
Â
Dore ibibazo 5 umukobwa azakubaza Niba Koko mukundana:
Â
Â
Kubera iki unkunda!? : Mu gihe ukundana n’umukobwa ariko ntakubaze iki kibazo ntago muzaba mukundana. Kuko iyo umukobwa agukunda nawe umukunda muri mu rukundo cyane, azakubaza ko umubwira impamvu umukunda.
Â
Â
Â
Ubona ahazaza hacu hameze Ute!? : Umukunzi cyangwa umukobwa mu gihe agukunda Kandi mwese mukundana azatangira akubaze uko ubona ahazaza hawe nawe uko hameze.
Â
Â
Â
Wanyibutsa igihe kiza twagiranye njye nawe!?: Iki ni ikibazo kindi umukobwa azakubaza mu buryo bwo kugira ngo yumve Niba ibihe byiza mugirana ujya ubiha agaciro mbese Niba ubyibuka.
Â
Â
Â
Ni gute ucyemura ibibazo tugirana!?: Gucyemura ibibazo abakundana mugirana nabyo ni bimwe mu bintu bigize urukundo rwanyu. Umukobwa ugukunda ntabyo iki nacyo ni ikindi kibazo azakubaza kugira yumve uburyo ushobora gucyemura ibibazo nushobora guhura nabyo.
Â
Â
Â
Ni iki gituma wumva ukunzwe!?: Kubera ko abantu Bose bumva bakunzwe bitandukanye, umukobwa ugukunda rero nawe azihutira kumenya iki kintu kuko kiragoye cyane.
Â
Â
Â
Â
Â
Â
Ese wowe Hari ikindi kintu gishobora kubazwa n’umukobwa ugukunda cyane!?
Â
Â
Â
Â
Â
Source: News Hub Creator