Dore ibibazo 5 umukobwa azakubaza mu gihe muri mu rukundo cyane

22/09/2023 09:01

Urukundo ni ikintu kiryohera abakundana hagati yabo. Iyo umukobwa atangiye kugukunda cyane, azatangira kukubaza ibibazo bikomeye ariko byiza ku rukundo rwanyu.

 

Dore ibibazo 5 umukobwa azakubaza Niba Koko mukundana:

 

 

Kubera iki unkunda!? : Mu gihe ukundana n’umukobwa ariko ntakubaze iki kibazo ntago muzaba mukundana. Kuko iyo umukobwa agukunda nawe umukunda muri mu rukundo cyane, azakubaza ko umubwira impamvu umukunda.

 

 

 

Ubona ahazaza hacu hameze Ute!? : Umukunzi cyangwa umukobwa mu gihe agukunda Kandi mwese mukundana azatangira akubaze uko ubona ahazaza hawe nawe uko hameze.

 

 

 

Wanyibutsa igihe kiza twagiranye njye nawe!?: Iki ni ikibazo kindi umukobwa azakubaza mu buryo bwo kugira ngo yumve Niba ibihe byiza mugirana ujya ubiha agaciro mbese Niba ubyibuka.

 

 

 

Ni gute ucyemura ibibazo tugirana!?: Gucyemura ibibazo abakundana mugirana nabyo ni bimwe mu bintu bigize urukundo rwanyu. Umukobwa ugukunda ntabyo iki nacyo ni ikindi kibazo azakubaza kugira yumve uburyo ushobora gucyemura ibibazo nushobora guhura nabyo.

 

 

 

Ni iki gituma wumva ukunzwe!?: Kubera ko abantu Bose bumva bakunzwe bitandukanye, umukobwa ugukunda rero nawe azihutira kumenya iki kintu kuko kiragoye cyane.

 

 

 

 

 

 

Ese wowe Hari ikindi kintu gishobora kubazwa n’umukobwa ugukunda cyane!?

 

 

 

 

 

Source: News Hub Creator

Advertising

Previous Story

Dore ibintu 5 udakwiye kugura byarakoreshejweho kabone niyo byaba biri kugura amafaranga make cyane

Next Story

Uwambaye ikirezi ntamenya ko cyera! imvune z’abahanzi ziragaragara cyane, muzika Nyarwanda yateye imbere kuburyo ntawe ukimenya ko hanze basohoye indirimbo

Latest from Inkuru Nyamukuru

Amateka yaranze Tariki 26 Nyakanga

Muri iyi nkuru tugiye kurebera hamwe ibyaranze iyi tariki mu mateka.Nihagira icyo wifuza kirenze ukidusigire ahatangirwa ibitekerezo. Uyu munsi tariki 26 Nyakanga, ni umunsi
Go toTop