Advertising

Igitsina gore: Ngaya amafunguro ashobora gutuma udatwita mu gihe wayariye

29/09/2024 12:39

Uko waba wifuza gutwara inda kose, hari amafunguro ushobora guherera cyangwa ukayarya rimwe, bigatuma udatwita nk’uko tugiye kubirebera hamwe.

Iyo bigeze ku kwagura umuryango , bamwe bita cyane ku nama bahabwa n’abaganga abandi bakita cyane ku bintu karemano ku buryo hari n’abirinda kugira amafunguro barya kugira ngo batiyima amahirwe nk’uko twabibakusanyirije muri iyi nkuru twifashishije ibinyamakuru bitandukanye byandika ku nkuru z’ubuzima.

Wibukeko kandi amafunguro adashobora gusinbura umuti wo kwamuganga cyangwa ubundi buryo burinda gutwita gusa bigendanye n’umuco  cyangwa imyizerere, amafunguro amwe namwe ashobora guhagarika ugutwita.

1.Ipapayi: Bamwe bizera ko kurya ipapayi idatonoye cyangwa itonoye birinda gutwita by’umwihariko mu gihe umugore yakoze imibonano mpuzabitsina idakingiye. N’ubwo ntabushakashatsi bwari bwemezwa ibi bintu, ipapayi imaze igioreshwa nk’umuti ku bashaka kuburizamo intanga.

2.Inanasi: Inanasi nayo ni urundi rubuto rukoreshwa cyane n’abantu babashaka kwirinda gutwita.Bivugwa ko kurya ingano nini y’inanasi by’umwihariko urubuto rw’imbere (aharibwa) bigira uruhare mu gutuma umugore adatwita kuko ifata kuri ‘Uterus’. Ibi kandi bigaterwa nuko inanasi ibamo ibizwi  nka Bromelain ituma igi rigorwa no gufata kuri nyababyeyi. Ibi nabyo nta bushakashatsi bwabyemeje ariko bikoreshwa na benshi nk’ukuri.

3.Tangawizi:  Tangawizi ni ikintu cyiza cyane ku buzima gusa none ikoreshwa n’abagore ba bashaka kwirinda gusama cyangwa gutwita.Tangawizi itera gukora cyane kw’amaraso no kongera ubushyuhe mu mubiri bishobora no kuba imbarutso yo kutabyara ku wayiriye.

Isoko: Fleeloaded

Leave a Reply

Your email address will not be published.

Previous Story

“Ntabwo nabona amafaranga yo gukorana na Diamond Platnumz” ! Spice Diana

Next Story

Abakobwa gusa : Uko wamenya niba uwo mukundana yigira umusore nyamara ari umugabo wubatse

Latest from Ubuzima

Ibyiza by’amaribori ku bakobwa

Amaribori ni umwihariko w’imiterere y’uruhu umuntu ashobora kuvukana, akagaragara ku mubiri cyane cyane mu gihe cy’ubusore. Ku bakobwa, amaribori akenshi aba umwihariko w’ubwiza bwabo.

Dore amafunguro ukwiye kurya nijoro

Nijoro ni igihe cyiza cyo kuruhuka nyuma y’umunsi wose, ariko ibyo tunywa cyangwa turya bishobora kugira ingaruka ku mimerere y’umubiri wacu n’uburyo twiruhukira. Hari
Go toTop