Umuntu wese aho ari hose ashobora kugerwaho n’ikibazo cyo kuba wenyine, kwigunga cyangwa se gutabwa n’abakamubaye hafi. Mu byiciro byose by’imyaka no mu turere
Impyiko ni inyama zo mu nda zikora akazi gakomeye mu mubiri w’umuntu. Zigize urwungano rushinzwe gusohora imyanda mu mubiri, aho ziyungurura amaraso, imyanda irimo
Iyo abana baryamye hari ubwo ujya kubona , ukabona barasetse cyangwa baramwenyuye. Ese byaba biterwa ni iki ? Iyi nkuru iragufasha gusobanukirwa. Mu busanzwe
Mu gihe umugore atwite, ni ngombwa cyane kwita ku biryo arya kugira ngo abashe kurinda ubuzima bwe ndetse n’ubw’umwana utaravuka. Hari ibyokurya bimwe na
Kumagara mu gitsina ari nabyo bakunze kwita kuba mukagatare, ni ikibazo gikunze kuba ku bagore n’abakobwa mu buzima bwabo gusa bikaba akarusho iyo ageze