Sunday, May 19
Shadow

Inkuru z’urukundo

Hano twandikamo inkuru z’urukundo gusa n’izijyanye n’urukundo.

“Yesu naramukatiye amategeko ye yahato na hato” ! Umukorodoniye wiyita Gee yivuze imyato yemeza ko adasenga

“Yesu naramukatiye amategeko ye yahato na hato” ! Umukorodoniye wiyita Gee yivuze imyato yemeza ko adasenga

Inkuru z'urukundo
Kumenyekana akenshi biratungurana ,nta muntu n’umwe ubaho azi ikizamumenyekanisha cyangwa ngo amenye niba azaba icyamamare gusa mu buzima kuko ntawe umenye aho bwira ageze harubwo wisanga wabaye icyirangirire kubw'ijambo rimwe cyangwa abiri wavuze rigatumbagizwa n'imbuga nkoranya mbaga ubu zabaye indandatabutumwa bikarangirira mu kuba ikimenyabose. Ibi nibyo byabaye k'umukorodoniye wiyita ‘Gee TAFU’ ukorera akazi ke ka buri munsi mu Murenge wa Niboyi mu Karere ka Kicukiro. Mu Mugi Wa Kigali wamamaye ku mbugankoranyambaga aha ubutumwa umutoza w'ikipe y'igihugu Amavubi mu kiganiro yagiranye n’igitangazamakuru JULI tv .Aha yagiraga ati:”Kuba ikipe y'igihugu itsindwa bipfira k’umutoza.Umutoza narekure amafaranga agure abakinnyi ,Manchester ifite abakinnyi, Arsenal ifite”. Uyu G...
Abasore gusa: Dore uburyo 5 bwagufasha kugabanya uburakari bw’umukunzi wawe

Abasore gusa: Dore uburyo 5 bwagufasha kugabanya uburakari bw’umukunzi wawe

Inkuru z'urukundo
Birasazwe ko umukunzi ubona yifata nabi, ushobora kumureka akababara mu rwego rwo kumuha isomo ariko nanone ntabwo wakwemera ko umukobwa wihebeye ahogora.Niba wamubabaje musabe imbabazi n'ubwo bigoye.Muri iyi nkuru uramenya neza uko wakwita kumukunzi wawe mu gihe yakurakariye cyane. Tangira umuha umwanya uhagije, mureke avuge ikibazo afite ndetse akubwire buri kimwe yifuza kugira ngo abohoke.Hanyuma wige kumusaba imbabazi ukoresheje imbaraga zose zishoboka.Abakobwa hari ubwo babyuka nabo batazi ibijyambere bakisanga abarakaye cyane.Nibyiza kwirinda guhubuka ariko ntukamureke ngo amare igihe akirakaye.Nk'uko twabivuze haraguru, umukunzi wawe niba yakurakariye, mureke mwicarane muganire. DORE UBURYO 5 BWAGUFASHA GUTUMA YONGERA GUSEKA N'UBWO YARAKAYE 1.Muhe umwanya avuge kandi umwu...
Umusore yafashe umukunzi we arikumuca inyuma hamwe n’uwo bakundanaga mbere yicwa n’agahinda

Umusore yafashe umukunzi we arikumuca inyuma hamwe n’uwo bakundanaga mbere yicwa n’agahinda

Inkuru z'urukundo
Biryana munda kubona umukunzi wawe arikumwe n’undi muntu bahagararanye mu gihe waba utamwizeye , ngaho tekereza ku mubona ari kumwe n’undi mugabo mu kabari cyangwa muri Hotel, ese wabyifatamo gute ? Ibi byabaye kumugabo wiboneye umukunzi we muri Hotel ari kumwe n’undi musore.Byamuriye munda. Ubundi urukundo rutangira ari urwawe ku giti cyawe nta wundi murusangiye nyuma ejo ukabona umuntu araje ararugusabye maze nawe ukaruha utazuyaje bikarangiye ubaye imbata ye ku buryo uba uwe gusa ,yakubonana n’undi bigasaba ko wisobanura.Ibi byabaye k’umukobwa wabonye wafatiwe muri hoteli arikumwe n’undi musore bivugwa ko yaciye inyuma uwo bakundanaga. Umusore yarize aramukama nyuma yo gufata umukobwa bakundana arikumwe n’uwo bahoze bakundana mbere y’uko amugira uwe akamusezeranya kumukunda by’ite...
Umugabo  yaheze umwuka burundu arapfa ubwo yari arimo gutera akabariro

Umugabo yaheze umwuka burundu arapfa ubwo yari arimo gutera akabariro

Inkuru z'urukundo
Ntabwo bifatwa nk’ibisanzwe gusa byatangaje benshi ubwo umusore yaburaga umwuka agapfa azize imibonano mpuzabitsina. Uyu musore wari ufite imyaka 25 yasize inkuru imusozi dore ko yaguye hejuru y’umukunzi we bakundanaga. Polisi ya Uganda yemeje ko umusore w’imyaka 25 witwa Ali Musstafa yaheze umwuka agapfa, ubwo yakoraga imibonano mpuzabitsina n’umukunzi we witwa Adania Ratio.Umuvugizi wa Polisi ya Uganda, SCP Enanga Fred, kuri uyu wa Mbere yasohoye itangazo yemeza ko urwo rupfu rwabaye mu buryo butunguranye ku wa 25 Mutarama 2023 ahagana saa tatu z’ijoro, muri ’lodge’ yo muri Arua. Ali Musstafa ngo yagize ikibazo cy’ubuhumekero, ahita apfa.SCP Enanga Fred yakomeje ati "Umukobwa yahise abimenyesha ubuyobozi bw’aho bari baryamye, nabwo bumenyesha polisi ya Arua. yahise isura aho byabe...
Umugabo yitaye mu mugozi arapfa nyuma yo gushwana n’umugore yishakiye umukunze

Umugabo yitaye mu mugozi arapfa nyuma yo gushwana n’umugore yishakiye umukunze

Inkuru z'urukundo
Iyi nkuru ntabwo isanzwe ndetse nta nubwo yumvikana mu matwi ya bamwe na cyane ko atari kenshi ibaho.Umugabo yiyishe nyuma yo gutongana n’umugore we. Uyu mugabo wari usanzwe akora akazi ko gukora amamoto ashaje yashize mo umwuka nyuma yo kwiyica kubera gutongana n’umugore.Ubusanzwe uyu mugabo yari mu cyiciro gisanzwe dore ko atari umukire cyane muri aka gace bitewe n’akazi yakoraga umunsi ku munsi.Nk’uko byemezwa n’ababonye iyi nkur, uyu mugabo yizize. REBA HANO VIDEO TWAGUHITIYEMO Ubusanzwe uyu mugabo yari azwi ku mazina ya Joshua Tungu wo mu Mujyi wa Mwingi.Yimanitse mu mugozi arangije yiyambura ubuzima abikoreye munzu yakodeshaga muri uyu Mujyi wa Mwingi.Umubiri w’uyu mugabo wiyambuye ubuzima watoraguwe n’abaturanyi barimo uwitwa David Maluki wari utuye neza hafi y’inzu y’uyu ...
Umugore yafashe umugabo we asambana

Umugore yafashe umugabo we asambana

Inkuru z'urukundo
Umugabo yafashwe ari gusambanira kurusengero biba urujijo ku bantu bose.Uyu mugore yagize ati:”Ku cyumweru cyashize, naje kumenya ko umugabo wanjye yaje kunca inyuma akaryamana n’umukobwa usanzwe akora mu rusengero nk’umuririmbi muri Worship Team.Ibi byarambabaje ariko uyu munsi namwiboneye ndamufata , noneho mufatira inyuma y’igihuru.” Akomeza agira ati “Ntabwo nari guhita nemera ko yari kunca inyuma kandi tumaze imyaka 5 yose tubana dukoze n’ubukwe. Natangiye kumukeka ko anca inyuma mu cyumweru cyashize ubwo yari atangiye kujya ampunga ntiyemere gukora imibonano mpuzabitsina na njye. Iteka yahoraga avugana (Chat), kuri WhatsApp n’umukobwa witwa Mango wa Kando, umunsi umwe mubajije uwari we , yararakaye cyane birandenga nicuza n’imoamvu namubajije.” Uyu mugore yakomeje avuga...
Umugore wambaye agapfukamunwa yataye umwana ku bitaro arigendera

Umugore wambaye agapfukamunwa yataye umwana ku bitaro arigendera

Inkuru z'urukundo
Umugore yataye umwana arigendera nyuma yo kugera ku bitaro yambaye agapfukamunwa ntawe ubasha kumumenya.Uyu mugore utigeze yigaragaza yafashwe na Camera za CCTV zimugaragaza akora ayo mahano. Umwana uri hagati y’imyaka 2, 3 kuzamura yafashwe mu mashusho na camera za CCTV ari kumwe n’umubyeyi umubyara (mama we) kwa muganga.Aya mashusho agaragaza ko uyu mugore yarimo asiga umwana kuri ibi bitaro aho ababyeyi basanzwe baba. Uyu mugore wahageze tariki 11 Mutarama 2023, yasize umwana ahagana saa 7H00’. Uyu mugore yakoze iyo bwabaga kugirango hatagira umubona , yambara agapfukamunwa, kari gapfutse isura yose nta nahamwe hasigaye kugira hatagira ubasha kumumenya. Bamwe mu bamubonye ntabwo bemeza niba ari umugore wabikoze nk’uko camera zibigaragaza gusa nanone bakavuga ko bari...
Nkore iki: Nabaswe n’urumogi none bantwariye umukobwa twakundana nkimukeneye

Nkore iki: Nabaswe n’urumogi none bantwariye umukobwa twakundana nkimukeneye

Inkuru z'urukundo
Ubusanzwe urukundo rugira ayarwo.Umusore wajyanywe muri 'Rihabu' gufashwa nyuma yo gukoresha ibiyobyabwenge cyane, yavuze ko bamutwariye umukobwa yari agikunze cyane. Nabaswe n'urumogi none bantwariye umukobwa twakundanaga kandi ndacyamukunda cyane. Iyi nkuru y'umusore wabaswe n'urumogi cyane yatangaje benshi nyuma yo kugaragaza urukundo agifiye umukombwa yakundanaga nawe yajyanwa muri Rihabu igihe agarukiye agasanga baramutwaye. Ubusanzwe urukundo rugira ayarwo. Nyuma yo kubura umukunzi we yaragize ati:"Urukundo rwambereye umwijima mubi cyane, umwijima ukomeye , narabasawe cyane ndababazwa kugera ubwo umutima wanjye wasigaye hanze nzira uwo bakunze. Twatangiye gukundana tukiri abana bato nyuma uko twagendaga dukura niko urukundo rwacu rwagiye rwiyongera cyane. Ntabwo narin...
Umugabo yicishije amashanyarazi umugore we amuhamba mu cyumba bararagamo

Umugabo yicishije amashanyarazi umugore we amuhamba mu cyumba bararagamo

Inkuru z'urukundo
Ni inkuru idasanzwe ibabaje cyane mu buryo bwose.Iyi nkuru y’umugabo wishe umugore we atwikishije umuriro w’mashanyarazi akanamushyigura mu cyumba cyabo yabaye kimomo benshi barababara cyane. Umugore wo mu bwoko bw’bahindu mu gihugu cy’Ubuhindi yarishwe yicwa n’umugabo we wamutwikishije umuriro w’amashanyarazi nyuma yo kugirana ibiganiro byihariye n’uwitwaga ‘Nikah’.Uyu murambo w’uyu mugabo wagaragaye uri kuborera munzu ye n’umugabo we mu cyumba bararagamo.Uma Sharma Alias  Arfa Fatima, yasanzwe mu cyumba yararanagamo n’umugabo we na polisi, tariki 24 Ukuboza 2022 mu Karere ka Uttar Pradesh muri Lakhimpur Kher. https://www.youtube.com/watch?v=RWe-daSfSow REBA HANO VIDEO TWAGUHITIYEMO Umugabo we Wasi Ahmed yamwishe abinyujije mu kumukubitisha amashanyarazi  mu...
Imbwa y’imyaka 14 yitwa Haze yongeye guhura n’umuryango wayo nyuma y’iminsi 30 ibuze

Imbwa y’imyaka 14 yitwa Haze yongeye guhura n’umuryango wayo nyuma y’iminsi 30 ibuze

Inkuru z'urukundo
Imbwa yari imaze ukwezi ibuze yabontse yongera guhuzwa n’umuryango wayo mu gace ka Massachusetts muri Leta zunze ubumwe za Amerika.Umuryango wayo wari urangajwe imbere na Maldonado ufatanyije n’abakorerabushake barayishakishije cyane bakoresheje imbuga nkoranyambaga bashakishije Haze kugeza ubwo ibonetse.Uyu Maldonado, yaragize ati:”Twatangiye dushakisha ntanumwe utwitayeho ndetse nta numwe uduha amakuru ko yigeze amubonaho ndetse nanjye nari ntangiye kwiheba nkavuga ko ntazayibona.T wayishakije mu ijoro, Imbwa yari imaze ukwezi ibuze twibaza niba tuzayibona na cyane ko twari tutazi aho twashakira.N’ubwo byari bimeze bityo narimfite icyizere ko ihari kandi ko arinzima kuko naje kumenya ko hari uwayifashe”.Yakomeje avuga ko byari agahinda gakomeye kuba yarabagaho atabona...