Monday, May 20
Shadow

Umugore yafashe umugabo we asambana

Umugabo yafashwe ari gusambanira kurusengero biba urujijo ku bantu bose.Uyu mugore yagize ati:”Ku cyumweru cyashize, naje kumenya ko umugabo wanjye yaje kunca inyuma akaryamana n’umukobwa usanzwe akora mu rusengero nk’umuririmbi muri Worship Team.Ibi byarambabaje ariko uyu munsi namwiboneye ndamufata , noneho mufatira inyuma y’igihuru.”

Akomeza agira ati “Ntabwo nari guhita nemera ko yari kunca inyuma kandi
tumaze imyaka 5 yose tubana dukoze n’ubukwe. Natangiye kumukeka ko anca
inyuma mu cyumweru cyashize ubwo yari atangiye kujya ampunga ntiyemere
gukora imibonano mpuzabitsina na njye. Iteka yahoraga avugana (Chat),
kuri WhatsApp n’umukobwa witwa Mango wa Kando, umunsi umwe mubajije uwari we ,
yararakaye cyane birandenga nicuza n’imoamvu namubajije.”

Uyu mugore yakomeje avuga ati “Umugabo wanjye nari ndwaye kumufatira mu
cyuho hanyuma nkamutamaza bidasanzwe. Umunsi umwe bimaze kundenga ,
byabaye ngombwa ko njya kugisha inama , uwo narimbajije ambwira ko
umunsi yarambiwe kunca inyuma azigarura tugakomeza tukabana neza gusa
byabaye ibibazo cyane kuko nababajwe n’uko ntacyo yamfashije.”

“Umunsi ukurikiyeho,hari kucyumweru, twese twagiye gusenga nk’ibisanzwe.Ubwo amasengesho yari akomeje , nagiye kubona mbona umugabo wanjye arasohotse,Nagize ngo ni ibisanzwe wenda agiye kwifasha ibikomeye ariko nari nibeshye cyane.Haciyemo iminota 30 yose ngiye kumva numva abantu bose bafashe kumatwi kubera urusaku rwari inyuma y’urusengo rw’amajwi.Ati:”Uuu, twafatanye, hagire udufasha”.Umugabo yafashwe ari gusambanira

Twese twumvise
urusaku dusohoka twese tugiye kureba aho urusaku ruri kuva tugiye kubona tubona n’umugabo wanjye ,
igitsina cye cyafashwe mu cy’uwo mukobwa uririmba muri Chorale yo kuramya.
Kubyizera byarananiye , gusa nibukako umuntu twahuye ashobora kuba yarampaye umuti ntiyabwira ko yawumpaye.Umugabo wanjye namufatiye mu cyuho.Nahoze mbabara cyane kubera we kandi nta nigihamya cy’ibyo mvuga ariko nyuma nza gutuza ndakomera kuko nari maze kubona ibyo nashakaga.
Buri umwe wese agirwa inama yo kutazishora muri izo ngeso mbi zo guca inyuma uwo bashakanye cyangwa uwo bakundana kuko isaha n’isaha ubabaje uwo mukundana byose birangira ugafatwa gutyo nk’uko nawe byagenze bo mbi.