Wednesday, May 8
Shadow

Inkuru z’urukundo

Hano twandikamo inkuru z’urukundo gusa n’izijyanye n’urukundo.

Abanyeshuri bafashwe bari gusambanira mu ivuriro barirukanwa

Abanyeshuri bafashwe bari gusambanira mu ivuriro barirukanwa

Inkuru z'urukundo
Mu gihugu cy’Uburundi abanyeshuri bafatiwe mu ivuriro barimo gusambana, ubuyobozi bw'ishuri bigaho bwatangaje ko bwafashe icyemezo cyo kubirukana burundu. Nk’uko byemejwe aba banyeshuri biga mu ishuri rya Lycée Technique Kiremba -Sud bafashwe barimo gusambanira ku gitanda cy'umurwayi, mu kigo nderabuzima cya Kiremba mu ntara ya Bururi kuwa Gatandatu tariki ya 12 Werurwe, bakaba bombi bari mu gikorwa cy'urukundo cyo gusura abarwayi. Nk’uko itangazo ryasohowe n’ishuri kuwa Kabiri tariki ya 14 werurwe 2022, rigaragaza ko ikigo cy'ishuri abo banyeshuri bigaho cyatangaje ko abo banyeshuri bombi birukanwe nyuma yo gufatirwa ku gitanda cy’umurwayi bari bagiye gusura barimo kuhasambanira.Umuyobozi w'ishuri Lycée technique Kiremba -Sud yemeje ko umuhungu n'umukobwa bari abanyeshuri be bahise...
Ibyo wamenya ku muti wongerera abagore ubushake bwo gukora imibonano mpuzabitsina

Ibyo wamenya ku muti wongerera abagore ubushake bwo gukora imibonano mpuzabitsina

Inkuru z'urukundo
Mu by’ukuri ubu bushakashatsi bwakozwe n’abantu barimo Julie Bakker wo mu Bubiligi bwagaragaje ko umuti witwa ‘kisspeptine’ ufasha mu kongera ubushake bw’imibonano mpuzabitsina ku bagore. Imiterere y’imisemburo, umunaniro, ibitekerezo bitari hamwe n’ibindi bibazo biri mu bishobora gutuma umugore atagira ubushake bwo gukora imibonano mpuzabitsina.Nubwo bimeze bityo, ubwo bushake buba buhari ariko busa n’ubusinziriye. Ubushakashatsi bwagaragaje ko kubukangura bishoboka ndetse ko ‘kisspeptine’ ari kimwe mu byafasha muri urwo rwego. Uyu mwarimu muri Kaminuza ya Liège mu Bubiligi witwa Julie Bakker umaze igihe kirekire akora ubushakashatsi kuri kisspeptine, yavuze ko nta gushidikanya yasanze ari umuti mwiza ku bibazo by’imibonano mpuzabitsina ku bagore nk’uko inkuru ya 7sur7 ibivuga.Impam...
Waraterese urananirwa ! Menya uburyo watsindira uwakurije imisozi

Waraterese urananirwa ! Menya uburyo watsindira uwakurije imisozi

Inkuru z'urukundo
Biragora cyane ! imvune z’umusore wananijwe n’urukundo rw’umukobwa yirutseho imyaka , zamenywa nawe wenyine.Umukobwa wakunanije wamubona ukabasha ku mugira uwawe ubuzima bwawe bwose binyuze muri izi nama tugiye kuguha. Burya uwo mukobwa ariyemera cyane , ni umuhanga cyane mu byo akora.Uyu mukobwa aragoye , mbese nta nubwo aziko uri kuri iyi si.Atekereza ko utigeze unayibaho kuko afite intekerezo zirenze wowe bitewe n’uburyo akubona, niyo akubonye ntabwo akwitaho na gato.Kugirira amarangamutima umukobwa nk’uwo rero ni ukugorwa kabiri kuko kubona aguhaye umwanya bifatwa nko kubonekerwa. Umukobwa wakunze ntabwo aguha umwanya , ntabwo akwitaho nta n’ubwo akubona mu buzima bwe.Uyu mukobwa ntabwo akubona nk’ukenewe cyane nk’uko wowe ubikora dore ko wowe uba utekereza ko ariwe uzuzuza ubuz...
Dore impamvu atari byiza gutereta umugore wubatse

Dore impamvu atari byiza gutereta umugore wubatse

Inkuru z'urukundo
Ntabwo bifatwa nk’umuco mwiza gushaka gukundana n’umugore ufite umugabo kabone n’ubwo bavuga ko urukundo ruyobora amarangamutima aho rushaka. Ni ukuri ko urukundo ari ikintu cyiza ndetse ruryoherera iyo uri kumwe n’umuntu wishimira kandi ukunda cyane.Ntakintu na kimwe wakorera umuntu uri mu rukundo kugira ngo aruvemo arureke cyangwa arwerekeze ahandi hatari aho yihitiyemo.Kuba umusore/umugabo yashaka gutereta cyangwa gukundana n’umugore ufite umugabo ni amahano kandi bitera ibibazo byinshi nanone hari ubwo bigorana ko abyikuramo byamaze ku mugeraho n’ubwo ari amahano abayishyizemo.. Ubusanzwe ni icyaha. Ikintu cyambere ukwiriye kumenya kuri ibi ni uko ari icyaha gutereta cyangwa gushaka umubano wihariye n’umugore wubatse.Ni ukurwanya Imana.Gutereta cyangwa gukundana n’umugore wubatse...
“Yesu naramukatiye amategeko ye yahato na hato” ! Umukorodoniye wiyita Gee yivuze imyato yemeza ko adasenga

“Yesu naramukatiye amategeko ye yahato na hato” ! Umukorodoniye wiyita Gee yivuze imyato yemeza ko adasenga

Inkuru z'urukundo
Kumenyekana akenshi biratungurana ,nta muntu n’umwe ubaho azi ikizamumenyekanisha cyangwa ngo amenye niba azaba icyamamare gusa mu buzima kuko ntawe umenye aho bwira ageze harubwo wisanga wabaye icyirangirire kubw'ijambo rimwe cyangwa abiri wavuze rigatumbagizwa n'imbuga nkoranya mbaga ubu zabaye indandatabutumwa bikarangirira mu kuba ikimenyabose. Ibi nibyo byabaye k'umukorodoniye wiyita ‘Gee TAFU’ ukorera akazi ke ka buri munsi mu Murenge wa Niboyi mu Karere ka Kicukiro. Mu Mugi Wa Kigali wamamaye ku mbugankoranyambaga aha ubutumwa umutoza w'ikipe y'igihugu Amavubi mu kiganiro yagiranye n’igitangazamakuru JULI tv .Aha yagiraga ati:”Kuba ikipe y'igihugu itsindwa bipfira k’umutoza.Umutoza narekure amafaranga agure abakinnyi ,Manchester ifite abakinnyi, Arsenal ifite”. Uyu G...
Abasore gusa: Dore uburyo 5 bwagufasha kugabanya uburakari bw’umukunzi wawe

Abasore gusa: Dore uburyo 5 bwagufasha kugabanya uburakari bw’umukunzi wawe

Inkuru z'urukundo
Birasazwe ko umukunzi ubona yifata nabi, ushobora kumureka akababara mu rwego rwo kumuha isomo ariko nanone ntabwo wakwemera ko umukobwa wihebeye ahogora.Niba wamubabaje musabe imbabazi n'ubwo bigoye.Muri iyi nkuru uramenya neza uko wakwita kumukunzi wawe mu gihe yakurakariye cyane. Tangira umuha umwanya uhagije, mureke avuge ikibazo afite ndetse akubwire buri kimwe yifuza kugira ngo abohoke.Hanyuma wige kumusaba imbabazi ukoresheje imbaraga zose zishoboka.Abakobwa hari ubwo babyuka nabo batazi ibijyambere bakisanga abarakaye cyane.Nibyiza kwirinda guhubuka ariko ntukamureke ngo amare igihe akirakaye.Nk'uko twabivuze haraguru, umukunzi wawe niba yakurakariye, mureke mwicarane muganire. DORE UBURYO 5 BWAGUFASHA GUTUMA YONGERA GUSEKA N'UBWO YARAKAYE 1.Muhe umwanya avuge kandi umwu...
Umusore yafashe umukunzi we arikumuca inyuma hamwe n’uwo bakundanaga mbere yicwa n’agahinda

Umusore yafashe umukunzi we arikumuca inyuma hamwe n’uwo bakundanaga mbere yicwa n’agahinda

Inkuru z'urukundo
Biryana munda kubona umukunzi wawe arikumwe n’undi muntu bahagararanye mu gihe waba utamwizeye , ngaho tekereza ku mubona ari kumwe n’undi mugabo mu kabari cyangwa muri Hotel, ese wabyifatamo gute ? Ibi byabaye kumugabo wiboneye umukunzi we muri Hotel ari kumwe n’undi musore.Byamuriye munda. Ubundi urukundo rutangira ari urwawe ku giti cyawe nta wundi murusangiye nyuma ejo ukabona umuntu araje ararugusabye maze nawe ukaruha utazuyaje bikarangiye ubaye imbata ye ku buryo uba uwe gusa ,yakubonana n’undi bigasaba ko wisobanura.Ibi byabaye k’umukobwa wabonye wafatiwe muri hoteli arikumwe n’undi musore bivugwa ko yaciye inyuma uwo bakundanaga. Umusore yarize aramukama nyuma yo gufata umukobwa bakundana arikumwe n’uwo bahoze bakundana mbere y’uko amugira uwe akamusezeranya kumukunda by’ite...
Umugabo  yaheze umwuka burundu arapfa ubwo yari arimo gutera akabariro

Umugabo yaheze umwuka burundu arapfa ubwo yari arimo gutera akabariro

Inkuru z'urukundo
Ntabwo bifatwa nk’ibisanzwe gusa byatangaje benshi ubwo umusore yaburaga umwuka agapfa azize imibonano mpuzabitsina. Uyu musore wari ufite imyaka 25 yasize inkuru imusozi dore ko yaguye hejuru y’umukunzi we bakundanaga. Polisi ya Uganda yemeje ko umusore w’imyaka 25 witwa Ali Musstafa yaheze umwuka agapfa, ubwo yakoraga imibonano mpuzabitsina n’umukunzi we witwa Adania Ratio.Umuvugizi wa Polisi ya Uganda, SCP Enanga Fred, kuri uyu wa Mbere yasohoye itangazo yemeza ko urwo rupfu rwabaye mu buryo butunguranye ku wa 25 Mutarama 2023 ahagana saa tatu z’ijoro, muri ’lodge’ yo muri Arua. Ali Musstafa ngo yagize ikibazo cy’ubuhumekero, ahita apfa.SCP Enanga Fred yakomeje ati "Umukobwa yahise abimenyesha ubuyobozi bw’aho bari baryamye, nabwo bumenyesha polisi ya Arua. yahise isura aho byabe...
Umugabo yitaye mu mugozi arapfa nyuma yo gushwana n’umugore yishakiye umukunze

Umugabo yitaye mu mugozi arapfa nyuma yo gushwana n’umugore yishakiye umukunze

Inkuru z'urukundo
Iyi nkuru ntabwo isanzwe ndetse nta nubwo yumvikana mu matwi ya bamwe na cyane ko atari kenshi ibaho.Umugabo yiyishe nyuma yo gutongana n’umugore we. Uyu mugabo wari usanzwe akora akazi ko gukora amamoto ashaje yashize mo umwuka nyuma yo kwiyica kubera gutongana n’umugore.Ubusanzwe uyu mugabo yari mu cyiciro gisanzwe dore ko atari umukire cyane muri aka gace bitewe n’akazi yakoraga umunsi ku munsi.Nk’uko byemezwa n’ababonye iyi nkur, uyu mugabo yizize. REBA HANO VIDEO TWAGUHITIYEMO Ubusanzwe uyu mugabo yari azwi ku mazina ya Joshua Tungu wo mu Mujyi wa Mwingi.Yimanitse mu mugozi arangije yiyambura ubuzima abikoreye munzu yakodeshaga muri uyu Mujyi wa Mwingi.Umubiri w’uyu mugabo wiyambuye ubuzima watoraguwe n’abaturanyi barimo uwitwa David Maluki wari utuye neza hafi y’inzu y’uyu ...
Umugore yafashe umugabo we asambana

Umugore yafashe umugabo we asambana

Inkuru z'urukundo
Umugabo yafashwe ari gusambanira kurusengero biba urujijo ku bantu bose.Uyu mugore yagize ati:”Ku cyumweru cyashize, naje kumenya ko umugabo wanjye yaje kunca inyuma akaryamana n’umukobwa usanzwe akora mu rusengero nk’umuririmbi muri Worship Team.Ibi byarambabaje ariko uyu munsi namwiboneye ndamufata , noneho mufatira inyuma y’igihuru.” Akomeza agira ati “Ntabwo nari guhita nemera ko yari kunca inyuma kandi tumaze imyaka 5 yose tubana dukoze n’ubukwe. Natangiye kumukeka ko anca inyuma mu cyumweru cyashize ubwo yari atangiye kujya ampunga ntiyemere gukora imibonano mpuzabitsina na njye. Iteka yahoraga avugana (Chat), kuri WhatsApp n’umukobwa witwa Mango wa Kando, umunsi umwe mubajije uwari we , yararakaye cyane birandenga nicuza n’imoamvu namubajije.” Uyu mugore yakomeje avuga...