Sunday, May 19
Shadow

Inkuru z’urukundo

Hano twandikamo inkuru z’urukundo gusa n’izijyanye n’urukundo.

Dore ibintu byabafasha gukundana urutajegajega (true love)!

Dore ibintu byabafasha gukundana urutajegajega (true love)!

Inkuru z'urukundo
Urukundo ni urwa buri wese, kuko buri wese arakunda kandi akifuza gukundwa. Biba akarusho iyo uwo wakunze na we agukunze, nibwo byitwa gukundana. Hari ubwo ariko twitiranya ibyiyumviro by'igihe gito (crush) n'urukundo , gusa nk'uko tubikesha urubuga 'regain.us' dore uko wamenya ko uri mu rukundo rwa nyarwo. Urukundo nyakuri ruravura Ngo ikintu cya mbere kiranga urukundo nyarwo ni uko ruvura, aha ni ukuvuga cya gihe mufatanye mu biganza n'uwo mukundana, ukumva uraruhutse mbese n'ububabare wari ufite mu mubiri ntubwibuke. Cyangwa ngo cya gihe uvugana na we wari ufite umunaniro ukaruhuka pe!urundi rugero batanze ngo n'uko ureba ifoto ye na bwo ukumva uraruhutse, mbese ukumva utuntu tukwirukanka mu mubiri kandi ntuhage kureba iyo foto. Urukundo nyakuri ruratanga Bakomeza bavuga...
Dore ibyo ukwiye kugira kugira ngo wubahwe n’igitsina gore cyane

Dore ibyo ukwiye kugira kugira ngo wubahwe n’igitsina gore cyane

Inkuru z'urukundo
Hari abagabo ujya wumva bijujutira abagore cyangwa abakobwa batandukanye ngo ntibabubaha ugasanga impamvu barazishakira ku gitsina gore. Nyamara ukuri ni uko umuntu wese akubaha kuko witwara neza ugaharanira kubahwa kandi ibi ntibisaba amafaranga cyangwa ubuhanga buhanitse. Dore ibintu bike by’ibanze ukwiye kugira kugira ngo igitsina gore kikubahe Guhorana ibyishimo. Ukwiye guhora burigihe umwenyura kabone n’ubwo ubuzima ubamo bwaba butabikwemerera, ntugakomeze ibintu. Abantu bishimye kandi basetsa usanga banakurura abandi bagahora bashaka kubegera. Niba uhuye n’umkobwa cyangwa umugore bwambere, muganirize utuntu dusekeje kandi wifitiye ikizere ariko wirinde kubigira birebireUbu ni uburyo bwiza bwo gufungura amarangamutima y’umugore cyangwa umukobwa muhuye bwambere kuko bituma ahoran...
Dore ibibazo ukwiye kubaza umuntu wifuza ko yakubera umukunzi w’ubuzima bwawe bwose

Dore ibibazo ukwiye kubaza umuntu wifuza ko yakubera umukunzi w’ubuzima bwawe bwose

Inkuru z'urukundo
Bimwe mu bibazo ukwiye kubaza umuntu wifuza ko yakubera umukunzi w’ubuzima bwawe bwose ,ukabimubaza mbere y’uko mukundana. 1.Ese waba ufite umwanya w’urukundo mu buzima bwawe ? Hari abantu bajya aho ibintu biberekeje hose bakajya mu bintu byose ubuzima bubajyanyemo ukuyemo kuba yajya mu rukundo.Iki kibazo kizagufasha kumenya uko ukwiye kwitwara kuri uwo muntu biguhe n’umurongo wagenderamo umutereta. 2. Ese wifuza kubyara abana ? Kubyara no kurera abana si ibya buri wese, bamwe babifata nk’impano. Niba wowe wifuza kubyara abana uwo wifuza gutereta akaba adashaka abana ndetse adakozwa ibyo kubyara, nimukundana bikagera kure bizarangira umubano wanyu ujemo agatotsi.Hari igihe wasanga nta gahunda yo kubyara abana afite ashaka ko mukundana gusa, akaba kuri we yumva igihe cyo kubyara k...
Dore ibintu 5 ukwiye guhisha umukobwa mukundana kugira ngo murambane

Dore ibintu 5 ukwiye guhisha umukobwa mukundana kugira ngo murambane

Inkuru z'urukundo
Kubona umukunzi n’urukundo ni kimwe ariko no kuba yakundana nawe ni ikindi.Hari bamwe batereta bakoresheje amagambo ndetse n’ibikorwa ariko bamwe bakivamo bigatuma ejo habo haba habi cyane. Abasore b’iki gihe babura abakunzi babo kubera utuntu duke. Muri ibi bintu harimo ibyo bavuga ndetse n’ibyo bakora mu buzima ndetse n’uburyo bitwara. Iyi nkuru iragufasha kumenya ibintu wahagarika kubwira uwo mukundana ubundi urukundo rwanyu rugasugira.Muri ibi bintu tugiye kukubwira urahitamo iby’ingenzi cyangwa byose wige kujya ubikoresha. Ahari muri iyi nkuru urakuramo umuti uvura umubano wawe n’uwo wihebeye. Ntuzabwire umukobwa mukundana ibyerekeye amafaranga ufite.Uko uzaba ukize kose cyangwa ukennye kose musore wanjye , ntuzabwire umukobwa mukundana uko ikofi yawe ihagaje. Iyo umaze kumubw...
Bimwe mu bintu byatuma umukunzi wawe akomeza kukwiyumvamo

Bimwe mu bintu byatuma umukunzi wawe akomeza kukwiyumvamo

Inkuru z'urukundo
Kuba umuntu agukunda ni kimwe no kuba yarushaho kukwiyumvamo ni ikindi. Usanga abantu iyo bamaze kujya mu rukundo cyangwa gushakana badakomeza kwita ku byatuma urukundo rwabo rurushaho kuryoha. Hari bimwe mu bintu ushobora gukorera umukunzi wawe akarushaho kukwiyumvamo uko iminsi ishira bikaba byatuma murushaho kuryoherwa n’urukundo rwanyu. –  Gusohokana kenshi gashoboka Iyo usohokanye n’umukunzi wawe mubona umwanya wo kongera kwita ku rukundo rwanyu no kwishimana muri hamwe. Icyo gihe mwishimira ndetse mukarushaho kuganira icyatuma mukomeza kuryoherwa n’urukundo. –  Kumugenera igihe gihagije Igihe ni kimwe mu bintu byubaka urukundo rw’abantu kuko kibafasha kurushaho kumenyana.Iyo abantu bari mu rukundo bahana umwanya uhagije wo kuganira bituma bagenda barushaho gusobanukirw...
Umukobwa yanze gusohoka muri Geto y’umusore bakundana nyuma yo kujya kumusura agasanga hameze neza

Umukobwa yanze gusohoka muri Geto y’umusore bakundana nyuma yo kujya kumusura agasanga hameze neza

Inkuru z'urukundo
Muri iyi nkuru tugiye kurebera hamwe uburyo umusore yagishije inama y'icyo yakora kuko umukobwa bakundana yaje kumusura none yanze gusohoka mu nzu abamo (Ghetto). Ikinyamakuru Slate.com gutangaza ko uyu musore yagize ati: "Mfite geto yanjye muri 'cando' (inzu nini ibamo ibyumba abantu bakodesha), noneho umukobwa twakundanaga yaje iwanjye, kugira ngo dushake uburyo twikura mu bibazo, kuko yari yasamye kandi ndimo gukeka ko inda yaba ari iyanjye. Rero sinari kumusohora cyangwa ngo mushyireho igitutu ngo atahe. Nyuma yo kwibaruka umuhungu we, ni ukuri peuh, buri wese yarabibonaga ko umwana tudasa ndetse ko ashobora kuba atari uwanjye, na nyuma bapimye basanga koko si njye se.Yongeyeho ati: "Jye na we turacyabana kuko ntashakaga kumuhatira kujya mu mihanda cyangwa gusubira mu muryango ...
Ushyukwa mu gitondo siko buri gihe aba ashaka gukora imibonano mpuzabitsina

Ushyukwa mu gitondo siko buri gihe aba ashaka gukora imibonano mpuzabitsina

Inkuru z'urukundo
Abagabo benshi bakunda kubyuka igitsina cyabo cyafashe umurego, nyamara siko bose baba bakeneye imibonano. Inzobere mu bumenyi bw’imibonano mpuzabitsina, Dr Catherine Solano ukora mu bitaro bya Cochin i Paris avuga ko ntaho bihuriye, ahubwo ko igitsina kiba cyaboneyeho umwanya wo kwirega ngo kikanafata akayaga. Bityo rero, nta mugore wagombye kwibaza ko kuba umugabo we abyutse igitsina kireze aba ashaka gutera akabariro cyangwa ko yaraye arota kubikora ! Abagabo benshi bashyukwa nijoro rimwe na rimwe batanabizi, birikora kandi biratinda. Gusa ab’inkwakuzi bahita bafatiraho, bahuza n’umugore witeguye bagahana urugwiro. Impamvu ni uko iyo ubwonko bw’umugabo buhugiye mu kurota, ntibuba bugicunga gahunda ijyanye no gushyukwa nk’uko Bwiza nayo ibikesha izi nzobere, ngo buwuhagarike ur...
Abashakanye: Menya ibyiza byo gutera akabariro neza

Abashakanye: Menya ibyiza byo gutera akabariro neza

Inkuru z'urukundo
Ubusanzwe igikorwa cyo guhuza ibitsina gikorwa n’ababyemerewe ni igikorwa cyiza kandi cyo kubahwa.Aba babyemerewe rero baba basabwa gukora iyo bwabaga bakabikora neza. Imibonano mbuzabitsina ni kimwe mu bigize ubuzima bw’ibinyabuzima byinshi kuri iyi si, imibonano mpuzabitsina ihuza abantu ndetse ikaba n’isoko y’ibyishimo kubayikora, aha imibonano tuvuga ni iyakozwe neza kuko iyo ikozwe nabi yatanya abantu kandi ikanababaza. Imibonano myiza ni ikowa hahuzwa ibitsina bibiri bitandukanye gabo na gore, iki gikorwa cy’ingenzi gifite akamaro kubuzima bw’uwagikoze neza, abahanga bavugako imibonano igomba kumara hagati y’iminota 3 na 7 iyo bigiye munsi bishobora gutuma umugore atarangiza, nanone iyo bigiye hejuru ashobora kurambirwa aho kumuryohera bikamubera umutwaro. Kugirango ikigikor...
Umuhungu amaze ku gerageza kwiyahura inshuro 12 bikanga bitewe n’umukobwa wa mu benze

Umuhungu amaze ku gerageza kwiyahura inshuro 12 bikanga bitewe n’umukobwa wa mu benze

Inkuru z'urukundo
Uyu muhungu wo muri Kenya ufite imyaka 23 yugarijwe n'urusobe rw'agahinda yatewe n'umukobwa wa mu benze nyamara yarigomwe agaha nyina impyiko ye agira ngo arokore ubuzima bwe, no ne amaze kugerageza kwiyahura inshuro 12 zose Umusore witwa Edwin yavuze ko ubuzima bwe bwo kuba kuri iyi si busigaje igihe gito, ibi yabitangaje ubwo yasobanuriraga kimwe mu gitangazamakuru aho yagarukaga ku buzima bwe buri mu kaga nyuma yaho akundanye nu mukobwa amwizeza ko bazabana bikarangira ahaye nyina w'uwo mukobwa impyiko ye kuko yari agiye gupfa. Uyu musore ngo nyuma yo kumenyana n'uwo mu kobwa byazeho umukobwa amusaba ko bajya gusura nyina wari wararembeye mu bitaro kubera ko yari yarabuze umuntu wa muha impyiko kugirango bakuremo imwe yari yarangiritse. Bageze kwa muganga uwo mukobwa yatekereje ...
Ingaruka mbi zo gukundana n’umukobwa mwiza kandi w’uburanga ku buzima

Ingaruka mbi zo gukundana n’umukobwa mwiza kandi w’uburanga ku buzima

Inkuru z'urukundo
Buri mugabo wese yifuza kuba yakundana n’umukobwa mwiza abantu bose babona bakamutangarira, dore ko ubwiza bw’inyuma aribwo bugaragara bikaba bigoye cyane kubona ubwiza bwo ku mutima, nubwo umuntu abonye bigafata igihe kinini cyane kubisobanukirwa. Abashakashatsi bo mu gihugu cya Espanye bagaragaje ko Atari byiza ku bagabo guhura n’abagore beza. Abashakashatsi bo muri kaminuza ya Valence yo muri Espagne, bagaragaje ko kumarana byibura iminota itanu n’umukobwa cyangwa umugore mwiza byongera cortisol, iyi ikaba ari umusemburo wongera stress. Iyi cortisol ni umusemburo ukorwa n’umubiri w’umuntu ugenda wiyongera cyane iyo umuntu afite stress ibi bishobora kuviramo umuntu indwara y’umutima. Mu gukora ubu bushakashatsi babukoreye ahantu hari abantu babiri umugabo n’umugore, noneho iyo um...