Friday, May 17
Shadow

Inkuru Nyamukuru

Hano hajya inkuru zigezweho gusa, inkuru zihutirwa nizo zandikwa hano.Amakuru yihutirwa , amakuru ari gushakishwa cyane ndetse n’amakuru ari kuvugwa cyane.

Inkuru nyamuru ni inkuru nkuri kurusha izindi zose.

Rubavu: Uburyo bwo kubona ibyangombwa by’ubutaka bworohejwe

Rubavu: Uburyo bwo kubona ibyangombwa by’ubutaka bworohejwe

Inkuru Nyamukuru
Muri Rubavu hatangijwe gahunda ya ‘Land week’ izakemurirwamo ibibazo byose byerekeye ubutaka abaturage bari bafite.Abaturage bari gufashirizwa kubiro by’Umurenge wa Rubavu muri aka Karere ka Rubavu kugeza tariki 27 Mutarama 2023. Iyi gahunda yashimishije abaturage bayitabiriye ku munsi wa mbere bavuga ko igiyekuba igisubizo cyo gusiragira no kudahabwa ibyangombwa byabo by’ubutaka ku gihe.Mu gihe abaturage basabwaga kumara igihe batereje ibyangombwa byabo by’ubutaka basabwe kuba bujuje impapuro zitagira ingano,kuri ubu barishimira ko byamaze gukemurwa aho bashyiriwe gahunda yo kubafasha kubona ibyangombwa byabo by’ubutaka hifashishijwe ikoranabuhanga nk’uko babyeretswe ku mugaragaro ku munsi nyirizina wo gutangiza ibyumweru bibiri byahariye ubutaka mu Karere.Muri Rubavu hat...
Umugore udasanzwe witwa ‘Vampire Woman’ yaciye agahigo ku isi yose

Umugore udasanzwe witwa ‘Vampire Woman’ yaciye agahigo ku isi yose

Inkuru Nyamukuru
Maria Jose Cristerna Mendez w’imyaka 46 y’amavuko yaciye agahigo kadasanzwe ku isi yose benshi bacika ururondogoro bitewe n’uburyo agaragara ndetse n’uburyo ateye ku muntu umubona inyuma. Akenshi buri wese afite uburyo abayeho ,buri wese afite uburyo Imana yamuremye n’uburyo yamuhaye kwitwara mu gihe azaba ashobora kwifatira imyanzuro.Nk’uko byatangajwe nyuma y’aho aciriye ako gahigo, uyu mugore udasanzwe ahantu hose yagaragaje ko adatewe ubwoba n’isure ye, umubiri we ndetse n’ibindi bice by’umubiri we. Uyu mugore Maria Jose Cristerna Mendez w’imyaka 46 y’amavuko yaciye agahigo yandikwa mu gitabo cya ‘World Record’, nk’umuntu wa mbere wabashije kwihinduranya umubiri we mu buryo budasanzwe.Uyu mugore utarigeze ashyigikirwa n’umugabo we ndetse n’abandi batandukanye kubera uburyo...
Umugabo w’imyaka 71  w’umukire yishwe n’inka ye yakundaga cyane

Umugabo w’imyaka 71 w’umukire yishwe n’inka ye yakundaga cyane

Inkuru Nyamukuru
Biratangaje kumva ko umugabo yishwe n’inka ye yiyororeraga nk’uko byagenze mu mukino usa no kwihishanya.Uyu mugabo w’umukire yababaje benshi binyuze mu makuru yakwirakwijwe mu bitangazamakuru. Umworozi akaba umuhinzi witwa Derek Roan w’imyaka 71 y’amavuko yashizemo umwuka azize kwicwa n’inka ye yakundaga cyane yari iherereye mu gace ka Southern Scotland.Uyu mugabo wamenyekanye cyane akaba icyamamare ku isi yose binyuze mu mashusho ye yanyujijwe kuri BBC nk’imwe muri Radio na TV zikomeye cyane cyane ku isi.Uyu mugabo wakozwe ikizwi nka Documentary cyangwa amashusho mbarankuru yaje gupfa bitunguranye. Ubusanzwe yari asanzwe akoreshwa mu kiganiro cyumvikanamo abantu bagerageje gukora cyane ndetse n’ingorane z’abakora imirimo inyuranye bashaka amafaranga mu gace yari atu...
Biratangaje ! Menya umugore muto ku isi wabyaye afite imyaka 5

Biratangaje ! Menya umugore muto ku isi wabyaye afite imyaka 5

Inkuru Nyamukuru
Ni inkuru isa nidasanzwe kumva ko umugore yabyaye afite imyaka 5 y’amvuko nk’uko byabaye kuri Lina Marcela Medina de Jurado ufatwa nk’umugore muto wigeze ubaho ku isi. Uyu mugore wambere ku isi witwa Lina Marcela Medina de Jurado, niwe mugore wambare wabyaye umwana ari muto na cyane yabyaye afite imyaka 5 y’amavuko ikinyamakuru Orginal.newsbreak.com gikomeza kibitangaza.Uyu mugore yabyaye umwana wapimaga ‘6 lbs’. Nyuma yo kubyara uyu mwana abaturanyi be barumiwe, batangazwa no kubona umugore wabyaye umwana ku kigero cy’imyaka yari afite na cyane bihabanye cyane n’ibyo bari bsanzwe bazi bo ubwabo. Nibwo bwambere bari bumvise inkuru y’umubyeyi wabyaye umwana afite imyaka ikaba imyaka mike kuburyo budasanzwe. Lina Medina, yabyaye umwana bamubaze ku myaka ingana uko yari a...
Meddy yashyize hanze indirimbo nshya yise ‘Grateful’ nyuma y’amagambo yavugaga ko akubitwa n’umugore-VIDEO

Meddy yashyize hanze indirimbo nshya yise ‘Grateful’ nyuma y’amagambo yavugaga ko akubitwa n’umugore-VIDEO

Imyidagaduro, Inkuru Nyamukuru
Meddy yashyize hanze indirimbo nshya yise Grateful, aho kuba Blessed nk’uko yari yarabyemereye abagana be. Uyu muhanzi ukomeye ndetse wanakunzwe n’abatari bake,yashyize hanze amashusho y’indirimbo nshya ije nyuma y’amagambo atari make, yavuzwe n’abafana be nyuma yo gukwirikwiza ko akubitwa iz’akabwana n’uwo yishakiye akaba umugore we baherutse kwibaruka umwana kugeza ubu batarashyira hanze. Uyu muhanzi Nyarwanda wamamaye cyane kubera ijwi rye , uburyo yitwara kurubyiniro ndetse n’ubutumwa ashyira mu ndirimbo ze, kugeza ubu yamaze gucecekesha abantu, ashyira hanze Grateful, ishingiye ku makuru mpamo.Uyu mugabo wabanje kuvugisha abafana be cyane ndetse bamwe bagategereza ko indirimbo yasohoka bagaheba, yatangaje ko urukundo afitiye umuziki rugiye kumwerekeza mu mu ndirimbo zo kuramya ...
ERICA MOTEL ku isonga mu kwakira neza abayigana no kwakira ibirori bitandukanye- AMAFOTO

ERICA MOTEL ku isonga mu kwakira neza abayigana no kwakira ibirori bitandukanye- AMAFOTO

Inkuru Nyamukuru
Erica Motel Y'i Rubavu mu Murenge wa Rugerero ni hamwe mu hantu ushobora kugera ukaharuhukira,ugakoresha interineti y’ubusa,ugahabwa amafunguro meza aryoherera n’ibindi bitandukanye. Ni kenshi abantu batandukanye bifuza gusura ahantu nyaburanga cyangwa bakifuza aho gutemberera bihoraho.U Rwanda ni igihugu cyiza gitemba amata n’ubuki ku buryo kubona aho usohokanira inshuti yawe biba ari ibintu byoroshye.Ibi byaturutse kuri bamwe mu bashoramari n’abacurizi bafashe iyambere  bashora imari yawe muri ubwo bwiza nyaburanga. Eric Hagenimana nawe ni umwe mubafasha Abanyarwanda kumva no kuryoherwa n’ibyiza u Rwanda rufite aho yashinze ; ERICA NIGHT CLUB , ERICA PUB na ERICA MOTEL iherereye mu Karere ka Rubavu , Umurenge wa Rugerero hafi n’ibiro by’Umurenge neza ahahagarara ibinyabiz...
Ubushakashatsi: Kwambara inkweto ndende bifasha umugore kutarangiza vuba mu gutera akabariro

Ubushakashatsi: Kwambara inkweto ndende bifasha umugore kutarangiza vuba mu gutera akabariro

Inkuru Nyamukuru
Bifasha abagore kutarangiza vuba.Kwambara inkweto ndende byaba umuti kuri bamwe mu bagore kuko bibafasha kutarangiza vuba. Bamwe bazambara batazi icyo zishobora kuba zimaze gusa inkuru dukesha bimwe mu binyamakuru byandika inkuru zisanzwe bivuga ko kwambara inkweto ziri hejuru cyangwa ‘High Heels’, bifasha abagore bamwe na bamwe kutarangiza vuba kuburyo bamwe mu bagore basigaye babikoresha nk’umuti. Umugore iyo arangije ntabwo asohora ahubwo ararangiza bisanzwe ,akaba yabwira umugabo we kurekeraho kuko we ntabushake aba agifite.Ibi byatumye dutekereza kuri iyi nkuru.Umugore akenshi ni we usaba kugera kundunduro y’umunezero we mu gikorwa n’ubwo n’umugabo ari uko na cyane igikorwa aba aricyabombi. Biragoye cyane kumva no kwiyumvisha ko kwambara inweto ndende biri mubifasha ...
Umugabo yishe abana be babiri abakase ijosi

Umugabo yishe abana be babiri abakase ijosi

Inkuru Nyamukuru
Umugabo yishe abana be babiri abakase ijosi nk’uko ibinyamakuru bibitangaza.Iyi nkuru yatangaje benshi bamwe bayifata nk’idasanzwe bayita amahano. Umugabo yiyiciye abana be babiri yibyariye kubera kwangiza utuntu two murugo (Domestic Violence).Uyu mugabo wiyiciye abana babiri yahise ashyikirizwa Polisi aho bitegerejwe ko azashyikirizwa ubushinjacyaha akaryozwa iby’amakosa ye yo kwica abantu babiri. Ubwo iki gikorwa ngo cyabaga umugore we yahise ahunga ngo cyane ko nawe yatinye kuba yakwicwa n’uyu mugabo nk’uko byari byapanzwe.Ikinyamakuru Citizen TV cyo muri  Kenya,cymeza iby’aya makuru y’urupfu rw’aba bana.Umugabo yishe abana Uyu mugabo akimara gufatwa yahise ajyanwa kubitaro kugira ngo harebwe niba koko ntakibazo cyo mu mutwe afite mbere y’uko ajyanwa mu rukiko kugira ngo abura...
Turahirwa Moses akomeje kugaragaza amashusho  yambaye ubusa  n’ubugabo bwe buri hanze

Turahirwa Moses akomeje kugaragaza amashusho  yambaye ubusa  n’ubugabo bwe buri hanze

Inkuru Nyamukuru
Moses yongeye kwambara ubusa.Umwe mu mubagabo bakomeje kugaragaza umuco utari Umunyarwanda yashyize hanze ifoto igaragaza ubwambure bwe ntanahamwe asize. Uyu  mugabo washinze Moshions ikora imyenda ikanambika Abanyarwanda n’Abanyamahanga mu ngeri zose, akomeje kugaragaza ko umuco nyarwanda atawukozwa na cyane ko yambaye ubusa nyuma yo kugaragara mu mashusho asambana n’abagabo bagenzi be. Moses yongeye kwambara ubusa. Uyu mugabo uherutse kwemera ko ari we waragaragaye mu mashusho y’urukozasoni nk’uko tubikesha Inyarwanda.com , yakwirakwijwe kumbuga nkoranyambaga ariko gusambana n’umugabo bahuje igitsina, yabaye kimomo , benshi bamufataho ijambo abandi bamuvumira kugahera abandi bifata kumunwa bavuga ko yagakwiriye kwamburwa ubutore. Uyu mug...
Umuraperikazi  Gangsta Boo yapfuye ku myaka 43 y’amavuko

Umuraperikazi  Gangsta Boo yapfuye ku myaka 43 y’amavuko

Inkuru Nyamukuru
Umuraperi Gangasta Boo yapfuye ku myaka 43 nyuma yo kugira uruhare rukomeye mu itsinda ryafatwaga nk’iryabarara 6. Umuhanzikazi w’icyamamare wavumbuye ndetse akarema itsinda ‘Three 6 Mafia’,yapfuye afite imyaka 43 y’amavuko nyuma yo kuritangira akiri umwana muto kimwe na bagenzi be.Uyu muhanzi w’icyamamare witwa Lola Mitchell, yasanzwe yapfuye ku munsi wo ku cyumweru tariki 1 Mutarama 2023 ahazwi nko muri Memphis nk’uko byatangajwe n’ibinyamakuru 3 Fox 13, WREG-TV na WMC Action Nws5. Ikinyamakuru USA TODAY NETWORK kimaze kumenya iby’aya makuru yatangajwe na Fox13 cyayemeje gusa kigaragaza ko ibyerekeye urupfu rwe bitaramenyekana.Umugabo witwa Mr.Del wafatanyaga byahafi n’iri tsinda THREE 6 MAFIA, yatangaje ko Mitchell yari mu mujyi wa L.A mu minsi y’ibiruhuko ari gusura inshuti ...