Umugabo w’imyaka 71 w’umukire yishwe n’inka ye yakundaga cyane

19/01/2023 12:51

Biratangaje kumva ko umugabo yishwe n’inka ye yiyororeraga nk’uko byagenze mu mukino usa no kwihishanya.Uyu mugabo w’umukire yababaje benshi binyuze mu makuru yakwirakwijwe mu bitangazamakuru.

Umworozi akaba umuhinzi witwa Derek Roan w’imyaka 71 y’amavuko yashizemo
umwuka azize kwicwa n’inka ye yakundaga cyane yari iherereye mu gace ka
Southern Scotland.Uyu mugabo wamenyekanye cyane akaba icyamamare ku isi
yose binyuze mu mashusho ye yanyujijwe kuri BBC nk’imwe muri Radio na TV
zikomeye cyane cyane ku isi.Uyu mugabo wakozwe ikizwi nka Documentary
cyangwa amashusho mbarankuru yaje gupfa bitunguranye.

Ubusanzwe yari asanzwe akoreshwa mu kiganiro cyumvikanamo abantu
bagerageje gukora cyane ndetse n’ingorane z’abakora imirimo
inyuranye bashaka amafaranga mu gace yari atuyemo.Umuryango wa
nyakwigendera Roan wari uri mu miryango ibayeho neza cyane kubera
uburyo uyu mugabo yakoraga cyane ndetse akanashakira umuryango we
ibiwutunga harimo n’iyi nka yigaho yatangaga amafaranga n’amata menshi cyane.Biratangaje kumva ko umugabo

Uyu mugabo Roan yapfuye mu buryo butunguranye kuburyo igitangazamakuru dukesha iyi nkuru cyagaragaje iyi mpanuka nk’umukino.Ubwo uyu mugabo akomeretswa ninka ye, byabaye ngombwa ko yihutanwa kwa muganga uwo mwanya kugira ngo yitabweho ndetse ahabwe n’imiti iherekejwe n’ubufasha bwi’banze nk’umuntu wari wakomeretse.Umwe mu bo mumuryango we yaratangaje ati:”Turababaye cyane ndetse dutewe ikibazo cyane kuko adahari.

Tubabajwe n’uko tutazongera kumubona iruhande rwacu.Uyu mugabo tuzahora tumwibukira kumuhate yahoranaga wo kwita kumuryango we ndetse n’inka ze”.Umuryango wa Roan wose wari utunzwe n’ubworozi bw’amatungo atandukanye kugeza ku gusekuru cya 6.Bari abakire bafite amakarago atandukanye muri Kenya.Bari bazwi mu bworozi ndetse no mubucuruzi butandukanye by’umwihariko ubworozi bw’inka, ndetse n’ubucuruzi bw’amata.

Kuba yapfuye nk’uko ikinyamakuru TUKO dukesha iyi nkuru gikomeze kibitangaza , yabaye isomo rikomeye kubandi bantu haba abo barib baziranye cyangwa abandi badafite aho bahuriye nawe.Uyu mugabo yakoze neza akiriho, yatanze inama n’impanuro kumbaga y’abantu batuye isi kuburyo ntawuzibagirwa ineza ye n’uburyo yakoze neza akiri ku isi.Ijambo ry’Imana kubayemera ivuga ko buri wese akwiriye gukora

Advertising

Previous Story

Biratangaje ! Menya umugore muto ku isi wabyaye afite imyaka 5

Next Story

Umugore udasanzwe witwa ‘Vampire Woman’ yaciye agahigo ku isi yose

Latest from Inkuru Nyamukuru

Amateka yaranze Tariki 26 Nyakanga

Muri iyi nkuru tugiye kurebera hamwe ibyaranze iyi tariki mu mateka.Nihagira icyo wifuza kirenze ukidusigire ahatangirwa ibitekerezo. Uyu munsi tariki 26 Nyakanga, ni umunsi
Go toTop