Umugore udasanzwe witwa ‘Vampire Woman’ yaciye agahigo ku isi yose

19/01/2023 19:48

Maria Jose Cristerna Mendez w’imyaka 46 y’amavuko yaciye agahigo kadasanzwe ku isi yose benshi bacika ururondogoro bitewe n’uburyo agaragara ndetse n’uburyo ateye ku muntu umubona inyuma.

Akenshi buri wese afite uburyo abayeho ,buri wese afite uburyo Imana yamuremye n’uburyo yamuhaye kwitwara mu gihe azaba ashobora kwifatira imyanzuro.Nk’uko byatangajwe nyuma y’aho aciriye ako gahigo, uyu mugore udasanzwe ahantu hose yagaragaje ko adatewe ubwoba n’isure ye, umubiri we ndetse n’ibindi bice by’umubiri we.

Uyu mugore Maria Jose Cristerna Mendez w’imyaka 46 y’amavuko yaciye agahigo
yandikwa mu gitabo cya ‘World Record’, nk’umuntu wa mbere wabashije
kwihinduranya umubiri we mu buryo budasanzwe.Uyu mugore utarigeze
ashyigikirwa n’umugabo we ndetse n’abandi batandukanye kubera
uburyoyitwara yatutswe n’abatari bake babturanyi bavuze ko abaye ikirumbo bose abakuba na 0.

Maria Jose Cristerna Mendez w’imyaka 46 ukomoka mu gihugu cya Mexico,
ubusanzwe yahimbywe akazina ka ‘Vampire Woman’ dore ko yashyizeho ibintu
bingana na 49 nk’uko byatangajwe na Guiness World Record mu mwaka wa 2012.
Uyu mugore wavukiye mu gace ka Guadalajara, JALISCO, Ubusanzwe aharanira
uburenganzira bwa muntu, umucuruzi ukomeye ndetse akaba n’umwe mubazwi
cyane mu gushyiraho abantu ‘Tattoo’, cyangwa gushushanywa kumubiri dore ko afite inzu ishushanya kubantu ye bwite.

Ibintu akunda kwandika kubantu cyane ni amanyo ameze nk’aya Vampire,
guhindura ibituza, amaboko ndetse n’undi mubiri we wose, guhindura
ururimi ndetse n’umutwe kimwe n’ahandi hatandukanye hagaragara inyuma.
Uyu mugore yahinduye amaso ye ingohe arazisiga cyane imboni arazangiza
yigira nk’igisimba nk’uko nawe ajya abikorera ababishaka na cyane
ubusanzwe abikoora.Benshi batekereza ko yatangiye kwishyira ibi
byose bitewe n’uko nawe abishyira kubandi dore ko we afite intego zo kwishyiraho TATTOO, umubiri we wose.

Akiri umwana muto yakuriye mu idini ry’ababyeyi be gusa ku myaka 14 yishyiraho ‘TATOO’ ye yambere.Yatangaje ko iteka yiyumva bitandukanye n’abandi .Ati:”Bigitangira ppa wanjye ntabwo yabinyemereye, igitekerezo cyanjye aragihakana, gusa yaje kuva ku izima anjyana ahantu bashyiragaho tattoo,

Advertising

Previous Story

Umugabo w’imyaka 71 w’umukire yishwe n’inka ye yakundaga cyane

Next Story

Rubavu: Uburyo bwo kubona ibyangombwa by’ubutaka bworohejwe

Latest from Inkuru Nyamukuru

Amateka yaranze Tariki 26 Nyakanga

Muri iyi nkuru tugiye kurebera hamwe ibyaranze iyi tariki mu mateka.Nihagira icyo wifuza kirenze ukidusigire ahatangirwa ibitekerezo. Uyu munsi tariki 26 Nyakanga, ni umunsi
Go toTop