Umugabo yishe abana be babiri abakase ijosi

09/01/2023 08:38

Umugabo yishe abana be babiri abakase ijosi nk’uko ibinyamakuru bibitangaza.Iyi nkuru yatangaje benshi bamwe bayifata nk’idasanzwe bayita amahano.

Umugabo yiyiciye abana be babiri yibyariye kubera kwangiza utuntu two murugo (Domestic Violence).Uyu mugabo wiyiciye abana babiri yahise ashyikirizwa Polisi aho bitegerejwe ko azashyikirizwa ubushinjacyaha akaryozwa iby’amakosa ye yo kwica abantu babiri.

Ubwo iki gikorwa ngo cyabaga umugore we yahise ahunga ngo cyane ko nawe yatinye kuba yakwicwa n’uyu mugabo nk’uko byari byapanzwe.Ikinyamakuru Citizen TV cyo muri  Kenya,cymeza iby’aya makuru y’urupfu rw’aba bana.Umugabo yishe abana

Uyu mugabo akimara gufatwa yahise ajyanwa kubitaro kugira ngo harebwe niba koko ntakibazo cyo mu mutwe afite mbere y’uko ajyanwa mu rukiko kugira ngo aburanishwe kubw’ibyaha aregwa byo kwiyicira abana be yibyariye.Numa yo kwica aba bana, bahise nabo batwarwa kwa muganga kugira bafatwe ibizamini hemezwe icyaba cyabishe ubundi hategerezwe itariki yo kubashyingura izemezwa n’abagize umuryango wabo.

Umugore w’uyu mugabo akaba mama w’aba bana , azahamagarwa mu rukiko nk’umutangabuhamya

uzagaragaza neza niba koko uyu mugabo yarabishe na cyane ko babanaga mu rugo rumwe.

N’ubwo ibi byabaye bigatangazwa n’itangazamakuru ndetse n’abantu batandukanye ku giti cyabo,

iyi nkuru yabaye inshamugongo cyane by’umwihariko ku muryango w’abana babiri bishwe na papa wabo ubabyara nk’uko Opera News ikomeza ibitangaza.

Ibi byabereye mu gace ka Kasii muri Kenya aho uyu mugabo usanzwe yishe abana bari hagati y’amezi

10 y’amavuko nk’uko byemejwe na NYAMACHE OCPD Kipkulei Kipkemboi nyuma y’urupfu rw’aba bana.

Uyu mugabo yishe aba bana mu buryo bugaragara ko bakaswe ijosi ryabo nk’uko ikindi kinyamakuru

Citizen cyabyanditse.Imirambo y’aba bana yajyanywe ku bitaro bya Nyamache.N’ubwo byagenze gutya icyishe aba bana ntabwo kiramenyekana.

Ese birakwiye ko umugabo yiyicira abana baba abe cyangwa abatarabe ? Ese birakwiye?

Twandikire udusigire igitekerezo cyawe.Niba ushaka kwamamaza twandikire kuri numero ya

watsapp ubonaho handitse ngo “Twandikire”.Ubusanzwe mu mibereho y’ikiremwa muntu

kwicana ntabwo aricyo gisubizo hakwiriye guhika imyumvire n’imibereho ya bamwe mu babyumva ukundi

Advertising

Previous Story

Dore ibibi by’udukingirizo dukoreshwa na benshi

Next Story

Ubushakashatsi: Kwambara inkweto ndende bifasha umugore kutarangiza vuba mu gutera akabariro

Latest from Inkuru Nyamukuru

Amateka yaranze Tariki 26 Nyakanga

Muri iyi nkuru tugiye kurebera hamwe ibyaranze iyi tariki mu mateka.Nihagira icyo wifuza kirenze ukidusigire ahatangirwa ibitekerezo. Uyu munsi tariki 26 Nyakanga, ni umunsi
Go toTop