Ubushakashatsi: Kwambara inkweto ndende bifasha umugore kutarangiza vuba mu gutera akabariro

11/01/2023 15:20

Bifasha abagore kutarangiza vuba.Kwambara inkweto ndende byaba umuti kuri bamwe mu bagore kuko bibafasha kutarangiza vuba.

Bamwe bazambara batazi icyo zishobora kuba zimaze gusa inkuru dukesha bimwe mu binyamakuru byandika inkuru zisanzwe bivuga ko kwambara inkweto ziri hejuru cyangwa ‘High Heels’, bifasha abagore bamwe na bamwe kutarangiza vuba kuburyo bamwe mu bagore basigaye babikoresha nk’umuti.

Umugore iyo arangije ntabwo asohora ahubwo ararangiza bisanzwe ,akaba yabwira umugabo we kurekeraho kuko we

ntabushake aba agifite.Ibi byatumye dutekereza kuri iyi nkuru.Umugore akenshi ni we usaba kugera

kundunduro y’umunezero we mu gikorwa n’ubwo n’umugabo ari uko na cyane igikorwa aba aricyabombi.

Biragoye cyane kumva no kwiyumvisha ko kwambara inweto ndende biri mubifasha abagore bamwe na bamwe kutarangiza.

Kugira ngo umugore arangiza abanza kumva uburyohe budasanzwe ndetse nawe atabasha gusobanura,

bukazenguruka umubiri we wose.Ntabwo kutarangiza vuba bituruka k’umugabo n’ubwo akenshi aribo bishinjwa nyamara siko byakagenze nk’uko kinyamakuru umuryango gikomeza kibitangaza.

a)Kumara amasaha menshi yicaye.

Iyo umugore maze amasaha menshi yicaye akora akazi gatandukanye karimo ako kwakira abantu cyangwa akandi biyuma umubiri n’imitsi y’umubiri we muri rusange kimwe n’imikaya ye y’igice cy’ikibuno no mu matake ye bihura n’ikibazo bikababara bigatuma bigorana kurangiza mu gihe ari gutera akabariro hamwe n’uwo bashakanye.

b.Kwambara inkweto ndende cyane.

Mu gihe umugore akazi nk’aka kamusaba kwicara igihe kirekire kandi yambaye inkweto ndende , bizagorana kurangiza.Aha abagore basaba kujya bakora imyitozo ngorora mubiri mu rwego rwo kwirinda iki kibazo.Imikaya y’ibibero n’amatako nabyo bigira ikibazo gikomeye kimwe n’igice cyo ku gitsina kigakomereka kubera kugenda cyane usa n’uwihengetse , wigengesera cyane.

c.Kunywa imiti cyane.

Ugirwa inama yo kutanywa imiti ubonye kandi ngo ubure kumenya igihe unywera imiti kuko nabyo biba ikibazo mu kurangiza vuba.Kunywa imiti nabyo birangiza cyane bikaba byatuma utabasha kurangiza vuba.

d.Amazi menshi.

Ni ingenzi cyane kunywa amazi ahagije , gusa iyo unywa amazi cyane bituma utabasha kurangiza vuba.

Advertising

Previous Story

Umugabo yishe abana be babiri abakase ijosi

Next Story

ERICA MOTEL ku isonga mu kwakira neza abayigana no kwakira ibirori bitandukanye- AMAFOTO

Latest from Inkuru Nyamukuru

Amateka yaranze Tariki 26 Nyakanga

Muri iyi nkuru tugiye kurebera hamwe ibyaranze iyi tariki mu mateka.Nihagira icyo wifuza kirenze ukidusigire ahatangirwa ibitekerezo. Uyu munsi tariki 26 Nyakanga, ni umunsi
Go toTop