ERICA MOTEL ku isonga mu kwakira neza abayigana no kwakira ibirori bitandukanye- AMAFOTO

12/01/2023 10:39

Erica Motel Y’i Rubavu mu Murenge wa Rugerero ni hamwe mu hantu ushobora kugera ukaharuhukira,ugakoresha interineti y’ubusa,ugahabwa amafunguro meza aryoherera n’ibindi bitandukanye.

Ni kenshi abantu batandukanye bifuza gusura ahantu nyaburanga cyangwa bakifuza aho gutemberera bihoraho.U Rwanda ni igihugu cyiza gitemba amata n’ubuki ku buryo kubona aho usohokanira inshuti yawe biba ari ibintu byoroshye.Ibi byaturutse kuri bamwe mu bashoramari n’abacurizi bafashe iyambere  bashora imari yawe muri ubwo bwiza nyaburanga.

Eric Hagenimana nawe ni umwe mubafasha Abanyarwanda kumva no kuryoherwa n’ibyiza u Rwanda rufite aho yashinze ;

ERICA NIGHT CLUB , ERICA PUB na ERICA MOTEL iherereye mu Karere ka Rubavu , Umurenge wa Rugerero hafi n’ibiro by’Umurenge neza ahahagarara ibinyabiziga ari nayo tugiye kwibandaho cyane uyu munsi kubera Serivice nziza ziharangwa,

Iyo ugeze mu Murenge wa Rugerero ku muhanda umanuka ugana mu Mujyi wa Rubavu (Gisenyi) ,

urahindukira ukareba mu ruhande rw’ibumoso  hawe, uhita ubona icyapa kinini kigaragaza ERICA MOTEL baza.

Kuri Erica Motel ni hamwe mu hantu heza ho kuruhukira by’umwihariko mu gihe uri kumwe n’inshuti

yawe cyangwa inshuti n’abavandimwe.Kuri Erica Motel haba; jaride nziza cyane iberamo ubukwe, ibirori byo

kwizihiza isabukuru y’amavuko, ibirori byo kwambika impeta kubasore , kuganiriramo bitewe n’uburyo haba hatuje hari akaziki kagenda gake,Hari na sale …

Kuri Erica Motel , bagira interineti y’ubuntu , aho wicara uri kuganira n’abawe n’ibindi,

hari ibyumba byiza byo kuraramo kugiciro gito, hari parikingi nini cyane , hari ibyo kunywa by’ubwoko bwose, ibyo kurya bitetswe neza ,…

Muri Erica Motel , uhasanga abacuranzi beza barimo abakobwa bazi kuririmba n’abasore bazi gucuranga bigezweho mu kizwi nk’IGISOPE.

Kuri Erica Motel uhasanga abakwakirana yombi kuburyo bagufasha no guparika imodoka yawe mu mwanya wayo baguha service nziza.

Ukeneye kuza gusura ERICA MOTEL cyangwa kuza kuhakorera ibitaramo bitandukanye wavugana na

ERICA Hagenimana haba kuri watsapp  cyangwa ukamuhamagara kuri 0788670449 VISIT ERICA

MOTEL iherereye mu Karere ka Rubavu niho honyine wakirwa nk’umwami mu Rwanda.Erica Motel y’i Rubavu

Advertising

Previous Story

Ubushakashatsi: Kwambara inkweto ndende bifasha umugore kutarangiza vuba mu gutera akabariro

Next Story

Umugore wambaye agapfukamunwa yataye umwana ku bitaro arigendera

Latest from Inkuru Nyamukuru

Amateka yaranze Tariki 26 Nyakanga

Muri iyi nkuru tugiye kurebera hamwe ibyaranze iyi tariki mu mateka.Nihagira icyo wifuza kirenze ukidusigire ahatangirwa ibitekerezo. Uyu munsi tariki 26 Nyakanga, ni umunsi
Go toTop