Tuesday, May 21
Shadow

Imyidagaduro

Muri iyi category ya ‘imyidagaduro’ handikwamo amakuru ajyanye na Showbizness gusa ndetse nandi afitanye isano nayo.

Kigali ayifite mu biganza bye ! Umuhanzi Alyn Sano yongeye kwishongora avuga ko Kigali ayifite muri muzika

Kigali ayifite mu biganza bye ! Umuhanzi Alyn Sano yongeye kwishongora avuga ko Kigali ayifite muri muzika

Imyidagaduro
Uyu muhanzikazi Alyn Sano umaze iminsi atigisa imbugankoranyamaga hirya no hino kubera amafoto yashyize hanze, yongeyeho gushimisha Abanyarwanda mu gitaramo yaririmbyemo.   Nk'uko uyu muhanzi yabikoze mu minsi yashize yongeye kubikora mu gitaramo Blankets and Bine cyabereye Canal Olympia ku musozi wa Rebero.   Uyu mukobwa ni umwe mu bahanzi bakoze ibitangaza muri icyo gitaramo kuko ubwo yageraga ku rubyiniro yahawe ikaze ndetse yishimirwa nabitabitabiriye igitaramo abaha ibyishimo bataha banyuzwe.   Ndetse imbyino zari nyinshi ubwo uyu muhanzikazi yageraga ku rubyiniro, abakundana batangiye kubyina akazuke abagabo baba mu byabo abakobwa bibizungerezi nibibero barizihirwa karahava. Iki gitaramo kandi cyarimo abandi bahanzi nka Kivumbi, Mike Kayihura naban...
Zari Hassani w’abana 5 yaguze amenyo mashya yishyirishaho na Dimples kumatama ye arangije yishongora kubanzi be

Zari Hassani w’abana 5 yaguze amenyo mashya yishyirishaho na Dimples kumatama ye arangije yishongora kubanzi be

Imyidagaduro
Zari Hassani ufite inkomoko muri Afurika y'Epfo, yagaragaje ibihahano bye bishya birimo amenyo mashya yaguze ndetse nutuzwi nka Dimples tuba kumatama yishyirishijeho. Uyu mugore abinyujije kurukuta rwe rwa Instagram yishingoye ashyira hanze amafoto amugaragaza yahiriwe na Make Up , Dimples n'amenyo mashya.Uyu mugore ubwe yagaragaje ko ubwiza afite muri ayo mafoto yabukomoye kuri Dary Adental Turkey ( Cosmetic Dental), basabwe bafasha abantu bifuza nkibyo yahashye.Uyu mugore munsi y'amafoto yahanditse ati:" Ubu nibwo navaga muri Dary Adental Turkey , ndamarana agahe aya menyo meza". Dimples Zari Hassani yari afite , abafana be bayangiye kuyibona mu minsi yashize dore ko aribwo nawe yatangiye kuyigaragaza maze abantu bemeza ko uyu mugore ajya ayihinduza uko yishakiye. Zari siwe weny...
Kubona kuri The Ben mu Burundi hari abo bizasaba kwishyura Miliyoni 10 ndetse akanabasura bakaganira

Kubona kuri The Ben mu Burundi hari abo bizasaba kwishyura Miliyoni 10 ndetse akanabasura bakaganira

Imyidagaduro
The Ben uterejwe kuririmbira mu gihugu cy'u Burundi, azabanza ahure n'abakunzi be tariki 30 Nzeri 2023, mbere gato yo gutarama ku 1 Ukwakira.   Ku wa 5 Nzeri 2023 nibwo umuhanzi Mugisha Benjamin yaganiriye n'itangazamakuru , abateguye iki gitaramo bagaragaza imiterere yacyo.Ni ikiganiro n'itangazamakuru cyabereye ahazwi nka Panoramique.Iki gitaramo cyateguye na Now Now Campany isanzwe itegura ibitaramo i Burayi, arinayo yatumiye The Ben, yahishuye ko iyi ariyo nshuro ya Mbere iteguriye igitaramo i Burundi.   Muri iki kiganiro n'itangazamakuru, abatugura iki gitaramo bagaragaje ko The Ben ari muhanzi ufite igikundiro gitangaje mu Burundi ndetse ko ariwe wabataramira bigatunda.Mbere y'igitaramo , hazabanza umuhango wo kuganira n'abakunzi be, aho itike azaba Miliyoni 100...
Bararengereye ! Igihugu cy’u Butaliyani cyafatiye ibihano umuhanzi Kanye West  w’imyaka 46 n’umugore we w’imyaka 28 kubera imyitwarire mibi irimo no gukorera ibiteye isoni mu bwato

Bararengereye ! Igihugu cy’u Butaliyani cyafatiye ibihano umuhanzi Kanye West w’imyaka 46 n’umugore we w’imyaka 28 kubera imyitwarire mibi irimo no gukorera ibiteye isoni mu bwato

Imyidagaduro
Nyuma y’inkuru duherutse kubagezaho ivuga uburyo uwahoze ari umugore wa Kanye West , Kim Kardashian ababazwa n’imico y’uwari umugabo ndetse akanga no guhura na mukeba we Censori , kuri ubu Kanye West n’umugore we mushya , babujijwe kongera gukoresha ubwato muri ibi biruhuko barimo.       Ibi bije nyuma y’uko aba bombi baherutse kugaragara mu bwato bari gukora ibiteye isoni , aho Kanye West yari yambaye ubusa, umugore we Bianca Censori, amuri mu maguru bifatwa nko kwiyandarika ndetse bituma na Kim Kardashian avuga ko atajya abona uburyo asobanurira abana be ibyo se arimo.ba bombi bahawe urwamenyo n’imbaga y’abantu batandukanye bababonye gusa akabaye icwende ntikoga ntabwo bigeze bagira isoni ngo basabe imbabazi.     Nyuma yo kubona ibi bintu, Ko...
“Umugore wanjye aruta abagore igihumbi mu bwiza bose bishyize hamwe” ! Umukinnyi wa Filime Yul yatatse uwamutwaye umutima avuga ko ntawe basa

“Umugore wanjye aruta abagore igihumbi mu bwiza bose bishyize hamwe” ! Umukinnyi wa Filime Yul yatatse uwamutwaye umutima avuga ko ntawe basa

Imyidagaduro
Umukinnyi wa Filime wo muri Nigeria witwa Yul Edochie yagaragaje ko akunda cyane umugore we Judy Austin agereranya ubwiza bwe n'ubwiza bwagirwa n'abagore igihumbi bishyize hamwe.     Mu mashusho n'amafoto yashyize kuri Konti ye ya Instagram, Yul, yagaragaje uburanga bw'umugore we kuva kubirenge kugera ku mutwe, ashimangira ko umugore akubye ubyiza bw'abagore igihumbi bishyize hamwe.   Ibi byateje ikibazo hagati ye n'abagenzi be bavuze barimo Sara Martins , bavuze ko birenze kwiyemera.Uyu mugabo yanditse ati:" Abagore igihumbi muri umwe. Imana ijye ihorana nawe".   Nyuma y'aya magambo benshi bashimangiye ko ari ubwiyemezi gusa we aberekako afite uburenganzira kuwo yakoye.  
Queen Kalimpinya yakozwe k’umutima n’amahirwe yahawe yo kwita Izina ingagi ndetse akanakorana siporo na Madamu Jeanette Kagame – AMAFOTO

Queen Kalimpinya yakozwe k’umutima n’amahirwe yahawe yo kwita Izina ingagi ndetse akanakorana siporo na Madamu Jeanette Kagame – AMAFOTO

Imyidagaduro
Queen Kalimpinya yagaragaje ko ari umugisha n'icyubahiro yahawe akemererwa kuba umwe mu bazita Ingagi izina.   Abinyujije kuri Konti ye ya Instagram Kalimpinya wamamaye muri Miss Rwanda no mu gutwara imodoka (Rally), yagize ati:" Kwita Izina means "Honor and Gratitude to me".Akomeza ashimira Madamu Jeanette Kagame agira ati:" Special Thanks and Apprection to her Excellence Firstlady (Jeanette Kagame) . Thank u for empowering and support us ". Mu mafoto yashyize hanze ku munsi nyiri zina ubwo yari amaze kwita Izina ingagi, yagize ati:" Nise izina umwana wanjye w'Ingagi, namwise Impundu. Mwakoze Kwita izina na RDB". Miss Kalimpinya yise izina 'Impundu' umwana w'Ingagi kugira ngo agaragaze ko mu muco Nyarwanda iyo umwana a utse yakirizwa Impundu. ...
“Ndashaka kumwitaho” ! Selena Gomez yagaragaje ko agiye gusazwa n’umunya Nigeria Rema basubiranyemo indirimbo ‘Calm Down’

“Ndashaka kumwitaho” ! Selena Gomez yagaragaje ko agiye gusazwa n’umunya Nigeria Rema basubiranyemo indirimbo ‘Calm Down’

Imyidagaduro, Inkuru Nyamukuru
Umuhanzikazi wamamaye ku rwego rw'Isi yose muri Amerika Selena Gomez wavuzwe mu rukundo na Justin Bieber yagaragaje ko agiye gusazwa na Rema asobanura ko yifuza kumwitaho gusa.     Uyu muhanzi akaba n'umukinnyi wa Filime Selena Gomez, yagaragaje ko uwahoze ari umufana we Rema , ufite inkomoko muri Nigeria , amukunda kuburyo ngo yenda kumusaza byanatumye nawe amubera umufana.   Selena Gomez yavuze ko yatangiye kwiyumvamo uyu muhanzi ubwo yumvaga indirimbo ye 'Runaway' ngo kuva icyo gihe agatangira kumukunda ndetse agahinduka umufana we ukomeye.     Selena Gomez yanagaragaje ko akunda cyane uyu musore gusa abinyuza mu ndirimbo ze. Selena Gomez yagize ati:" Mu by'ukuri njye nabanje gukunda indirimbo ye Runaway , nyuma nzakwiyumva mo indi ye yis...
Uwahoze ari umugabo wa Britney Spears babanye amezi 14 gusa yirukanwe muri Gym yakoreragamo Siporo azira guhoza kunkeke umugore w’abandi

Uwahoze ari umugabo wa Britney Spears babanye amezi 14 gusa yirukanwe muri Gym yakoreragamo Siporo azira guhoza kunkeke umugore w’abandi

Imyidagaduro
Jason Alexander , ngo akeneye Gym nshyashya nyuma y’aho iyo yakoreragamo imyitozo ngorora mubiri , yamwirukanye imuhora guhora yiruka inyuma y’umugore wari usanzwe nawe akoreramo.     Uyu Jason wari umwe mubagize Gym New Life mu gace ka Franklin yamaze kuyisohorwamo kungufu ndetse aranafungwa.Nk’uko bitangazwa na TMZ ngo Jason, yari amaze igihe ahora inyuma y’uyu mugore amugenzura ndetse akanamubuza amahwemo ari muri Gym.       Ubwo Polisi yo mu gace ka Franklin uyu musore atuyemo yamufungaga mu kwezi gushize ngo yari imuhoye kuba ingenza y’uyu mugore dore ko ngo yari yamukurikiye amugeza no muri parikingi y’imodoka.Uyu mugore yemeza ko ngo yabwiye Jason kumureka wenyine ariko uyu mugabo watandukanye na Britney Spears hadaciye kabiri ngo ar...
Kim Kardashian wababajwe cyane n’imyitwarire ya Kanye West yarahiye aratsemba avuga ko adateze guhura na mukeba we Censori

Kim Kardashian wababajwe cyane n’imyitwarire ya Kanye West yarahiye aratsemba avuga ko adateze guhura na mukeba we Censori

Imyidagaduro
Kim Kardashian yarahiye aratsemba avuga ko adateze guhura na mukeba we Censori kugira ngo baganire ku myitwarire ya Kanye West ndetse n’ikwiriye kubaranga kugira ngo bakomeze guha uburere bwiza abana Kim yabyaranye na Ye.       Mu gihe cyashize amakuru yakwirakwiye kumbuga nkorambaga yagaragazaga ko Kim Kardashian yifuza guhura na Censori wavuzweho imyitwarire itarimyiza bigakwira Isi by’umwihariko mu Butaliyani dore ko ibiruhuko byabo mu Butaliyani byaranzwe no kwambara hafi ubusa kuri Censori ndetse n’udushya twinshi kuri Kanye West.       Uretse iyi myitwarire kandi, hari amafoto yagiye hanze , agaragaza Kanye West yambaye ubusa ana Censori ari mu maguru ye yashoyemo umutwe bigaragaza ko ntakwiyubaha bafite.Kim Kardashian , yahise at...
Umuhanzikazi Oda Paccy yifurije Abanyarwanda kugira amafaranga abasabira n’umugisha ku Mana muri uku kwezi benshi barabimushimira

Umuhanzikazi Oda Paccy yifurije Abanyarwanda kugira amafaranga abasabira n’umugisha ku Mana muri uku kwezi benshi barabimushimira

Imyidagaduro
Umuhanzikazi Oda Paccy ntawe ushidikanya ko ari umwe mu bahanzi bakomeye u Rwanda rufite ndetse akaba umwe mubahanzi bazwi cyane.Uretse kuba ari umuhanzi Oda Paccy yagaragaje ko akunda Abanyarwanda cyane ubwo yabifurizaga ibintu byiza gusa.   Ni ubutumwa bwakiriwe neza n'abantu batandukanye bamurikira kumbuga nkoranyambaga ze by'umwihariko kuri Twitter.Uyu mukobwa uherutse gusoza amasomo ya Kaminuza yagaragaje urukundo rudasanzwe.   Mu butumwa yacishije kuri Konti ye ya Twitter Oda Paccy yagize :" Uku kwezi kuzababere ukw'imigisha , mugwize amafr , mubonemo akazi , Imana izabarinde uburwayi kandi mugwize inshuti z'umumaro !❤️".   Abarenga 11 basangije bagenzi babo ubu butumwa , 2 babugira 'Quotes' n'abandi 132 barenga ubwo twakoraga iyi nkuru, barabukunda. ...