Tuesday, April 30
Shadow

Imyidagaduro

Muri iyi category ya ‘imyidagaduro’ handikwamo amakuru ajyanye na Showbizness gusa ndetse nandi afitanye isano nayo.

Bakaraze amabuno karahava!  Seburikoko  n’abakinnyi bakina muri Papa Sava babyinnye karahava

Bakaraze amabuno karahava! Seburikoko n’abakinnyi bakina muri Papa Sava babyinnye karahava

Imyidagaduro
Niyitegeka Gratien wamamaye nka Seburikoko yagaragaye mu mashusho ari kubyina cyane ndetse ari kumwe n'abakinnyi bakina muri Papa Sava akaba ari nawe boss wabo.     Mu mashusho yanyujije ku rukuta rwa Instagram, bagaragaye bose babyina ndetse n'inkumi n'abagore bose bakaraze amabuno karahava.     Ni mu mashusho yanyujije ku rukuta rwa Instagram rwa Ndimbati nawe wagaragaye arimo kubyina cyane. Abo bose babyinaga indirimbo yakunzwe cyane hano muri afurika ndetse no mu Rwanda yitwa No wahala.     Igikomeje gutangaza benshi nukuntu abo bose bakaraze amabuno karahava ndetse ubonako bishimye cyane.Ubusanzwe ni gacye wabona Niyitegeka Gratien wamamaye nka Seburikoko cyangwa Papa Sava ariko arabyina indirimbo.     Sou...
“Urukundo rugeze aharyoshye” ! Wamusaza w’imyaka 66  yibitseho umwana ukiri muto Samuel Nzuki Ndunda yiyunze n’uwahoze ari umukunzi we

“Urukundo rugeze aharyoshye” ! Wamusaza w’imyaka 66 yibitseho umwana ukiri muto Samuel Nzuki Ndunda yiyunze n’uwahoze ari umukunzi we

Imyidagaduro
Manzi wa Kibera yongeye kwiyunga na Samuel Nzuki Ndunda aka Fundi Kijana w'imyaka 66 nyuma yigihe kitari gito batandukanye ngo kubera uyu Musaza yashiriwe.   Nyuma y’uko uyu mukobwa atangaje ko yanze uyu Musaza ndetse bikavugwa cyane, kuri ubu Sheriffa Wambui wamamaye nka Manzi wa Kibera yongeye kwiyunga n'uwahoze ari umukunzi we w'imyaka 66.   Ibyo byose byabaye ubwo abo bombi bari mu kiganiro kuri shene ya YouTube ya Nicholas Kioko arinabwo uyu Mukobwa yasabye ibyabazi uyu Musaza usheshe akangushye ku makosa yose yamukoreye.   Mu magambo ye uyu mukobwa Manzi wa Kibera yagize ati" Umbabarire ku bwaburi kimwe nakoze cyose, ndakwinginze mbabarira".   Nyuma y'ibyo byose abo bombi biyemeje gukomeza gushyigikirana mu rukundo rwabo ndetse ko amakosa y...
“Burya iyo umugabo ugukunda byanyabyo ibikorwa bye bihura n’amagambo ye ntibakababeshye” ! Nkechi Blessing yakebuye abagore bagenzi be

“Burya iyo umugabo ugukunda byanyabyo ibikorwa bye bihura n’amagambo ye ntibakababeshye” ! Nkechi Blessing yakebuye abagore bagenzi be

Imyidagaduro
Hari ubwo umugore ashakana n’umugabo we bagatangira gushaka bakundana ariko byagera hagati urukundo rukazima neza neza umugore agasigara yibaza niba yarashatse koko.Umugore ugeze kuri urwo rwego rero atangira kwibaza ubwoko bw’urukundo akeneye k’uwo bashakanye kugeza yumvise aya magambo yavuzwe na Blessing Nkechi Nkechi Blessing umukinnyi kazi wa filime ndetse byagize icyamamare, yavuze ko ngo iyo umugabo agukunda byanyabyo ibikorwa bye bihura n'amagambo ye.Abinyujije ku rukuta rwe rwa Instagram rushya, abinyujije ahazwi nka story avugako umugabo ugufiteho gahunda zanyazo burya amagambo ye ahura n'ibikorwa bye. Uyu mukinnyi wa filime yagiriye inama abagore ko ngo amagambo y'umugabo azahura n'ibikorwa bye naba agukunda byanyabyo ndetse agifiteho gahunda zanyazo.Mu magambo ye yagiz...
“Nabayeho nabi kugeza ubwo nashatse kwiyahura” ! Yakuze ari mwiza ariko inkuru y’ubuzima Bwe Iteye Agahinda!

“Nabayeho nabi kugeza ubwo nashatse kwiyahura” ! Yakuze ari mwiza ariko inkuru y’ubuzima Bwe Iteye Agahinda!

Imyidagaduro
Ubuzima ni inzira ndende kandi irimo amakorosi ibihumbi ,kuyakatamo ugapfa ushaje ni ikizamini gitsindwa na bacye ,niba wowe ukiriho umva iyi nkuru ya Mignone umubyeyi wabayeho apfundikanya ariko akaba akiriho.   Yagize ati" navukiye i kigali mu giporoso , kuvuka kwa njye byaratunguranye. Papa Yateye Mama inda Ari abanyeshuri , maze ababyeyi ba Mama , baravuga ngo nibabona papa bazamwica, papa aratoroka.   Igihe cyarageze ndavuka , mbaho Mama Atotezwa na we kugeza nawe. Antaye m'urugo kwa nyogokuru yigira Iburundi. Mbaho nta Mama Mbona Nta papa Mbona.   Abana tungana ,imiryango , bakajya bambwira ngo ntacyo ndicyo kuko ntagira papa ,ngo ndi ikinyendaro (uwavutse bitateganyijwe) nkurana igikomere.   Mama yaje kuva i Burundi agaruka mu rwanda a...
Grand P yiyunze n’uwahoze ari umukunzi we nyuma y’amezi make yerekanya umukobwa mushya wo muri Asia

Grand P yiyunze n’uwahoze ari umukunzi we nyuma y’amezi make yerekanya umukobwa mushya wo muri Asia

Imyidagaduro
Moussa Sandiana Kaba wamamaye nka Grand P yiyunze n'uwahoze ari umukunzi we Eudoxie Yao.   Yifashishije urukuta rwe rwa Twitter, Grand P yashyizeho ifoto ari kumwe n'uwahoze ari umukunzi we, iyo foto iherecyejwe n'amagambo aryoheye amatwi ari mu rurimi rw'igifaransa.   Mu magambo ye yagize ati" urukundo burya ntirujya rurangira Yao eudoxy."Nubwo uyu Grand P yanditse ibyo, uwahoze ari umukunzi we nta kintu yari yabivugaho.Grand P na Yao batandukanye muri 2021, nyakanga.   Yao we yavuze ko yatandukanye n'uyu Grand P kugira ngo yite ku muziki we muri rusange.Bajya gutandukana, Yao yanditse amagambo agira ati:"Nagiraga mbamenyeshe ko umubano wanjye na Grand P urangiye, ubu ntamukunzi mfite.   Ngiye kwita k'umuziki wanjye. Mugire weekend nziza."Gusa m...
Paul Okoye wamamaye nka Rude Boy no muri P-Square yahaye amafaranga n’imyambaro umwana watewe inda n’umugabo w’imyaka 45

Paul Okoye wamamaye nka Rude Boy no muri P-Square yahaye amafaranga n’imyambaro umwana watewe inda n’umugabo w’imyaka 45

Imyidagaduro
Muri video yakomeje gucicikana ku mbugankoranyambaga, umugabo witwa Lord Zeus ubwo yatangazaga inkuru y'umwana w'umukobwa w'imyaka 14 watewe inda n'umugabo w'imyaka 45, Paul Okoye yahise abyivangamo.   Kubwo kumva inkuru y'uwo mwana muto w'umukobwa, uyu muhanzi yafashwe n'amarangamutima cyane agahinda karamwica ahita yitemeza gufasha uyu mwana aho yamwoherereje amafaranga ndetse n'imyambaro.   N'ubundi muri video, uyu Lord Zeus yahaye nyina wuyu mwana amafaranga menshi uwo mubyeyi ibyishimo biramusaga amarira azenga mu maso.d   Lord Zeus yanditse agira ati "izo mpano zivuye ku muhanzi Rude Boy , niwe wabyohereje byose bivuye muri America , umuryango wacu wabagebeye 280,000 bya mafaranga ya Nigeria ariko hari nandi agera kuri 2,000,000 nayo yabagenewe" So...
Basebye ! Amashusho ya Dj Sonia agwa ku rubyiniro akomeje guca ibintu

Basebye ! Amashusho ya Dj Sonia agwa ku rubyiniro akomeje guca ibintu

Imyidagaduro
Umukobwa uvanga imiziki uzwi ku izina rya Dj Sonia ndetse uri no mubakunzwe aho mu Rwanda, yagaragaye mu mashusho ari kugwa hasi agatembagana ku rubyiniro ubwo yari mu gitaramo.   Mu mashusho yanyujije ku rukuta rwa Instagram rwa The cat Babalao, yagaragayemo uyu mukobwa Dj Sonia ari kugwa hasi agatembagana ku rubyiniro ubwo yari mu gitaramo cya Nyega Nyega na Skol lager.   Si inshuro imwe gusa kugwa hasi ku rubyiniro byabaye muri iki gitaramo, kuko mu mashusho bigaragarako kugwa hasi byabaye ubugira kabiri.   Uyu mukobwa Dj Sonia asanzwe avanga imiziki cyane kuri television Rwanda RTV ndetse na RBA muri rusange.   Ibi bibaye nyuma yaho mu gitaramo gishize Mc Tino nawe yaguye hasi ubwo yari ari ku rubyiniro.   Abantu benshi bakomeje kw...
“Abasore barantinya kandi mperutse gushwana n’umukunzi kubera gukina filime” ! Teta muri  Bamenya yahishuye uburyo bamufata nk’udashobotse

“Abasore barantinya kandi mperutse gushwana n’umukunzi kubera gukina filime” ! Teta muri Bamenya yahishuye uburyo bamufata nk’udashobotse

Imyidagaduro
Teta ukina muri Bamenya Series filime y'uruhererekane ica kuri YouTube, yavuze ko abasore benshi bakomeje kumutunya anagaruka ku kuba gukina filime biherutse gutuma ashwana n'umukunzi we.   Mu kiganiro yagiranye na Sabin kuri shene ya YouTube ya Isimbi TV, ubwo uyu mukobwa yari kumwe na Pole Pole nawe ugaragara muri Bamenya Series nibwo yatangaje ibyo.Yavuze ko abasore benshi bakomeje kumutunya, ndetse ko batakimuvugisha kubera uko agaragara muri Bamenya Series.   Sibyo gusa yagarutse ku kuba mu minsi yashize hari Umusore bari mu rukundo, akaza kubona amashusho cyangwa cene yakinnye muri Bamenya Series akamubwira ko akwiye guhagarika gukira muri filime ndetse bikaza kurangira bashwanye.Mu byukuri uyu mukobwa avuga ko kuri we gukina filime ari akazi kamutunze ndetse ko...
“Ndashaka uwo dukundana kandi usenga Imana akayubaha” ! Umutinganyi umurika imideri muri Kenya yavuzeko ubu nta mukunzi afite agaragaza ibiranga umugabo yifuza

“Ndashaka uwo dukundana kandi usenga Imana akayubaha” ! Umutinganyi umurika imideri muri Kenya yavuzeko ubu nta mukunzi afite agaragaza ibiranga umugabo yifuza

Imyidagaduro
Victor Maish wo muri Kenya akaba umwe mu bagabo baryamana bahuje igitsina akanaba umwerekana mideri yavuze ko ubu nta mugabo afite bakundana ndetse anatangaza byinshi ku mugabo yifuza ko bajya mu rukundo. Ubwo yakoreshwaga ikiganiro na Mpasho, yavuze ko acyeneye umugabo wigitinyiro mwiza wawundi abandi batinya wawundi utinya Imana. Mu magambo ye yagize ati " Ndashaka wamugabo utagira icyo atinya wawundi twasohokana mu tubyiniro cyangwa ahandi ntacyo twikanga. kuburyo twajya dusohoka byibura rimwe na rimwe mu gihe mfite umwanya ntakoze.   Iyo ntakoze Kenshi mba ndi mucyumba cyanjye ndikumva indirimbo zigifaransa zo munjyana ya RNB, Blues , mbese nkeneye umugabo wumva ibyo byose.Nkeneye Kandi umugabo w'umunyabwenjye, w'igikundiro, wawundi unyiryaho ndetse unanyumva.  ...
“Abansabye ko turyamana  sinabarara kandi nawe urabona ko ndi mwiza cyane” !  Umutesi Sarah yahamije ko ubwiza bwe butuma abasore bamwirukaho

“Abansabye ko turyamana sinabarara kandi nawe urabona ko ndi mwiza cyane” ! Umutesi Sarah yahamije ko ubwiza bwe butuma abasore bamwirukaho

Imyidagaduro
Umwari uri mu kigero cy'imyaka 20 yahamije ko agiye kubara abasore bamusabye ko baryamana yaba mu nshuti ze cyangwa abo bahuye bose atamenya umubare.   Uyu mukobwa ubwe  yavuze ko ari inkumi nziza bityo rero bigatuma ahorana umubare w'abatari bacye baba bifuza ko baryamana. Yanongeyeho agiye gushyiramo ababimwerekesha ibimenyetso batabimubwiye bo atigeze ababariramo kuko ngo abashyizemo atamenya umubare nyawo. Yagize ati; Ndi inkumi nziza urabibona ,rero si ubwa mbere nsabwe n' abasore ko dukora imibonano mpuzabitsina haba ababinyerekesha ibimenyetso cyangwa ababimbwira n'umunywa. Ati icyakora ngewe nyine nzi uko nitwara kuko mba mbona abasore bubu ntazi ibyabo".   Uyu mukobwa Umutesi Sarah  yavuze ko ubundi muri kamere ye yikundira  abasore b'ibikara ngo nibo ...