Umuhanzikazi Oda Paccy yifurije Abanyarwanda kugira amafaranga abasabira n’umugisha ku Mana muri uku kwezi benshi barabimushimira

by
02/09/2023 09:30

Umuhanzikazi Oda Paccy ntawe ushidikanya ko ari umwe mu bahanzi bakomeye u Rwanda rufite ndetse akaba umwe mubahanzi bazwi cyane.Uretse kuba ari umuhanzi Oda Paccy yagaragaje ko akunda Abanyarwanda cyane ubwo yabifurizaga ibintu byiza gusa.

 

Ni ubutumwa bwakiriwe neza n’abantu batandukanye bamurikira kumbuga nkoranyambaga ze by’umwihariko kuri Twitter.Uyu mukobwa uherutse gusoza amasomo ya Kaminuza yagaragaje urukundo rudasanzwe.

 

Mu butumwa yacishije kuri Konti ye ya Twitter Oda Paccy yagize :” Uku kwezi kuzababere ukw’imigisha , mugwize amafr , mubonemo akazi , Imana izabarinde uburwayi kandi mugwize inshuti z’umumaro !❤️”.

 

Abarenga 11 basangije bagenzi babo ubu butumwa , 2 babugira ‘Quotes’ n’abandi 132 barenga ubwo twakoraga iyi nkuru, barabukunda.

 

Uwitwa Fabrice Mukunzi kuri Twitter yagize :” Ndabona ubwiza pe”.

Telecenter ati:” Urakoze rata Oda”.

Rachellove yagize ati:” Ubwiza bugaragarira inyuma n’imbere , uzagire ukwezi mwa Nzeri Kwiza nawe”.

Lambert Van Donath ati:” Nawe bizakubere uko”.

Oda Paccy aherutse gushyira hanze ndirimbo yise benshi bemeza ko atajya acika intege muri muzika barabimushimira.

Arvin

Ni umwanditsi wa Umunsi.com

Advertising

Previous Story

Abashakanye: Dore ibintu byiza biba kumibiri yanyu mu gihe mwakoze imibonano mpuzabitsina mu gitondo

Next Story

Umukinnyikazi wa Filime wamamaye nka Nyiramana muri Seburikoko na I Kigali si ikigoma yapfuye azize uburwayi asiga abana babiri

Latest from Imyidagaduro

Go toTop