Paul Okoye wamamaye nka Rude Boy no muri P-Square yahaye amafaranga n’imyambaro umwana watewe inda n’umugabo w’imyaka 45

10/06/2023 22:26

Muri video yakomeje gucicikana ku mbugankoranyambaga, umugabo witwa Lord Zeus ubwo yatangazaga inkuru y’umwana w’umukobwa w’imyaka 14 watewe inda n’umugabo w’imyaka 45, Paul Okoye yahise abyivangamo.

 

Kubwo kumva inkuru y’uwo mwana muto w’umukobwa, uyu muhanzi yafashwe n’amarangamutima cyane agahinda karamwica ahita yitemeza gufasha uyu mwana aho yamwoherereje amafaranga ndetse n’imyambaro.

 

N’ubundi muri video, uyu Lord Zeus yahaye nyina wuyu mwana amafaranga menshi uwo mubyeyi ibyishimo biramusaga amarira azenga mu maso.d

 

Lord Zeus yanditse agira ati “izo mpano zivuye ku muhanzi Rude Boy , niwe wabyohereje byose bivuye muri America , umuryango wacu wabagebeye 280,000 bya mafaranga ya Nigeria ariko hari nandi agera kuri 2,000,000 nayo yabagenewe”

Source : Too exclusive

Advertising

Previous Story

Frida Kajala yahaye impano ikomeye umukobwa we Paula Kajala ku mubano w’abakundana

Next Story

Grand P yiyunze n’uwahoze ari umukunzi we nyuma y’amezi make yerekanya umukobwa mushya wo muri Asia

Latest from Imyidagaduro

Intare FC yasinyishije umukinnyi mushya

Umuyobozi wa Intare FC, Byabuze Gatibito yavuze ko nta biganiro bigeze bagirana na Mukura VS yatangaje ko yasinyishije Ishimwe Jean-René wari intizanyo y’iyi kipe
Go toTop