Friday, May 17
Shadow

“Urukundo rugeze aharyoshye” ! Wamusaza w’imyaka 66 yibitseho umwana ukiri muto Samuel Nzuki Ndunda yiyunze n’uwahoze ari umukunzi we

Manzi wa Kibera yongeye kwiyunga na Samuel Nzuki Ndunda aka Fundi Kijana w’imyaka 66 nyuma yigihe kitari gito batandukanye ngo kubera uyu Musaza yashiriwe.

 

Nyuma y’uko uyu mukobwa atangaje ko yanze uyu Musaza ndetse bikavugwa cyane, kuri ubu Sheriffa Wambui wamamaye nka Manzi wa Kibera yongeye kwiyunga n’uwahoze ari umukunzi we w’imyaka 66.

 

Ibyo byose byabaye ubwo abo bombi bari mu kiganiro kuri shene ya YouTube ya Nicholas Kioko arinabwo uyu Mukobwa yasabye ibyabazi uyu Musaza usheshe akangushye ku makosa yose yamukoreye.

 

Mu magambo ye uyu mukobwa Manzi wa Kibera yagize ati” Umbabarire ku bwaburi kimwe nakoze cyose, ndakwinginze mbabarira”.

 

Nyuma y’ibyo byose abo bombi biyemeje gukomeza gushyigikirana mu rukundo rwabo ndetse ko amakosa yababaye atazasubira dore ko ngo bo bakundana batitaye kumyaka kuko uyu musaza aruta kure cyane uyu mukobwa.

 

Source: pulselive.co.ke