Tuesday, May 21
Shadow

Imyidagaduro

Muri iyi category ya ‘imyidagaduro’ handikwamo amakuru ajyanye na Showbizness gusa ndetse nandi afitanye isano nayo.

Umunyamakuru Ismael Mwanafunzi yasezeranye mu mategeko n’umukunzi we

Umunyamakuru Ismael Mwanafunzi yasezeranye mu mategeko n’umukunzi we

Imyidagaduro, Inkuru Nyamukuru
Umunyamakuru ukorera igitangazamakuru cy'igihugu , Ismael Mwanafunzi, yasezeranye n'umukunzi we Mahoro Claudine bitegura kurushinga. Kugeza ubu umunyamakuru wamenyekanye mu byegeranyo kuri Radio zitandukanye Mwanafunzi, yasezeranye mu mategeko na Mahoro Claudine yihebeye ndetse akaba yamanitse akaboko akamurahirira. Nyuma yo gusezerana mu mategeko aba bombi bitegura kurushinga basezerana imbere y'Imana.
“Niwe mwigisha washoboye gutuma Nseka ndi murusengero” ! Pst Ngondo Annet Yashenguwe n’urupfu rwa Pastor Theogene

“Niwe mwigisha washoboye gutuma Nseka ndi murusengero” ! Pst Ngondo Annet Yashenguwe n’urupfu rwa Pastor Theogene

Imyidagaduro
Taliki 23.6.2023 ni bwo Igihugu cyose kinjiye mugahinda k'urupfu rwa Pasiteri Niyonshuti Theogene waruzwi nka Pastor Theo Inzahuke wamamaye kubera ibyigisho bidasanzwe bigaruka ku buzima yaciyemo bwo ku muhanda. Nyuma yo kumenya ko Uyu mu Pasteri warukunzwe cyane yitabye Imana azize impanuka y'Imodoka ari kuva mu gihugu cya Uganda abumvise iyo nkuru nta numwe wahise abyemera kuko abenshi baketse ko ari ibihuha.   Gusa inkuru yaje kuba impamo ubwo umuryango we wabyemezaga ko uyu mugabo yitabye Imana azize impanuka aho imodoka yararimo yasekuwe na bisi (bus) itwara abagenzi maze ikayubabarara hejuru pastor Theo n'abandi bantu bari kumwe 3 bahita bitaba Imana.   Ibi nibyo byateye Annet Ngondo gushenguka umutima maze atangazako azahora yibuka ko Theo Inzahuke ariwe...
Yari inshuti ya bose akibanda kubadafite ! Ibintu 5 abantu batazibagirwa kuri Pastor THEOGENE

Yari inshuti ya bose akibanda kubadafite ! Ibintu 5 abantu batazibagirwa kuri Pastor THEOGENE

Imyidagaduro, Inkuru Nyamukuru
Pastor THEOGENE ni umwe mubavuga butumwa bakunzwe hano mu Rwanda ndetse utatinya kuvuga ko yari umwe mubavuga butumwa bibyamamare cyane.   Mu gitondo cya kare kuri uyu wa Gatanu 23 Kamena nibwo hirya no hino ku mbugankoranyambaga hatangiye kuvugwa inkuru yakuye imita yabenshi y'urupfu rwa Pastor THEOGENE bivugwa ko yitabye Imana azize impanuka ubwo yari mu rugendo ava mu gihugu cyabaturanyi cya Uganda.   Benshi bamukundaga ingeri zose abasenga cyane ababikora gacye ndetse n'abatari mu ideni rye Bose bamwishimiraga yari inshuti ya Bose.   Dore bimwe mu bintu 5 uyu muvuga butumwa azahora yibukirwaho.   1.Inshuti ya Bose   Uyu muvuga butumwa wari umugabo w'abana ndetse akaba umu papa mwiza kuri buri umwe, azahora yibukwa cyane ko yari wam...
“Diamond ntwari yanjye ndagukunda cyane pe kandi nzahora nkukunda ” ! Zuchu yivuyemo atomagiza umuhanzi Diamond Platinumz wiyita Simba avuga ko amukunda urudasanzwe

“Diamond ntwari yanjye ndagukunda cyane pe kandi nzahora nkukunda ” ! Zuchu yivuyemo atomagiza umuhanzi Diamond Platinumz wiyita Simba avuga ko amukunda urudasanzwe

Imyidagaduro
Umuhanzikazi Zuchu yatomagije Diamond Platinumz mu buryo bwihariye avuga ko amukunda cyane. Ubwo Zuchu yatangazwaga nka nk'uwatsinze icyiciro yarimo mu bihembo bya Afrimma , agatangazwa nka 'Best East African Female Artiste', yagaragaje urukundo afitiye Diamond Platinumz. Uyu muhanzikazi yatangaje ko ubwo yari Muri Houston akabura ukuba hafi yabaye cyane ndetse ngo akarara ijoro arira wenyine kandi atari iwabo kandi ari n'igitaramo cya mbere yari yitabiriye hanze. Yemeza ko yaje kwigira inama yo kudakomeza kurira ahubwo agahaguruka agakora cyane kugira ngo asubirane ishema rye.Nk'umwe mu bahanzikazi bakomeye muri Afurika ndetse wanahawe igihembo gikomeye akaza no gushyirwa mu cyiciro kimwe na sebuja yavuze ko akunda, yagaragaje ubudasa. Mu ijambo rye muri iki gitaramo, yagaraga...
“Sinkunda ko abagabo b’abandi bandeba kuko nabatwara” ! Umukobwa w’ikizungerezi yatangaje ko ajya agira  ubwoba ko umunsi umwe azasohokana n’umugabo w’abandi atabizi kubera ubwiza bwe

“Sinkunda ko abagabo b’abandi bandeba kuko nabatwara” ! Umukobwa w’ikizungerezi yatangaje ko ajya agira ubwoba ko umunsi umwe azasohokana n’umugabo w’abandi atabizi kubera ubwiza bwe

Imyidagaduro
Joke Ajadi wamamaye cyane mu gukina filime yavuze ko afite impungenge ko azasohokana n'umugabo w'abandi atabizi.   Abinyujije ku rukuta rwe rwa Instagram, yashyize video avuga ko afite ubwoba bwabagabo bafite abagore ko ngo umunsi umwe yasohokana n'umugabo w'abandi atabizi.   Ibi yabivuze ko ngo hari abagabo benshi bigira nkaho ari abasore bagatereta abakobwa bababeshya ko bakiri ingaragu.   Benshi muribo ngo bakuramo impeta bakigira nkaho ari abasore. Bikaba biteye impungenge ko yateretwa n'umwe muri abo kuko ngo ashobora gusohokana nawe Kandi ari umugabo ufite umugore.   Yakomeje avuga ko bitoroshye kubagore batarashaka mukumenya Niba umugabo afite umugore cyangwa atamufite kuko baba bakuyemo impeta.   Mu magambo ye yagize ati" mfite...
Yabaye imfizi ya rubanda ! Diamond Platinumz yavuze kubyo gukora ubukwe n’umukunzi we benshi baratungurwa

Yabaye imfizi ya rubanda ! Diamond Platinumz yavuze kubyo gukora ubukwe n’umukunzi we benshi baratungurwa

Imyidagaduro
Umuhanzi akaba n'umushoramari muri Tanzania wamamaye nka Diamond Platinumz yavuze kubyo gukora ubukwe n'umukunzi we.   Bibaye inshuro ya gatatu uyu mugabo avuze ibyo gukora ubukwe, ibi noneho akaba yabivuze ubwo yari mu bukwe bw'umwe mubacunga mutungo we muri label ye ya Wasafi. Ubwo uyu Diamond Platinumz yari ari mu bukwe bwa Don Fumbwe akaba umucunga mutungo muri Label ye ya Wasafi, yifuriza ubukwe bwiza inshuti ye yavuze ko nawe agiye gutera ikirenge mucya Don Fumbwe wakoze ubukwe. Mu magambo ye yagize ati" Uyu mwaka nka Wasafi, twese abatarakora ubukwe dufite gahunda ko tugiye kwisubiraho. Mwitegure kuzadushyigikira kuko bamwe bazashyingirwa bo ubwabo, abandi ari babiri abandi Ari batatu.Umuvandimwe wacu Don Fumbwe atweretse inzira." Ibyo bibaye nyuma y'uko uyu Diam...
Umugore wamamaye cyane mu gukora ibiganiro bihindura ubuzima bwa benshi yavuze ko yanga se umubyara cyane ahishura ko atigeze ajya no kumushyinguraho

Umugore wamamaye cyane mu gukora ibiganiro bihindura ubuzima bwa benshi yavuze ko yanga se umubyara cyane ahishura ko atigeze ajya no kumushyinguraho

Imyidagaduro
Lynn Ngugi wamamaye cyane ku rubuga rwa YouTube mu gukora ibiganiro bihindura ubuzima bwa benshi yatangaje bicye ku hahise he avumwa n’abatari bake.   Yavuze ko burya yanga papa we umubyara ndetse ko atigeze ajya no kumushyinguraho ndetse ko atigeze anajya mu bitaro ku musura.Yavuze ko papa we yari umu papa mwiza ariko yari umugabo mubi kuri nyina umubyara.   Yavuze ko papa we umubyara yazaga yasinze atashye akabakubita akabasohora hanze Kandi Hari ubukonje bikabije cyane.Nyina amaze kurambirwa umugabo we yahisemo kwahukana atandukana na se ndetse bo bajyana na nyina basiga papa wabo wenyine.   Bakimara kujya kwibana batangiye kubaho ubuzima bubi kuko papa we umubyara yarecyeye kubafasha cyane ko mama we ngo Atari afite ubushobozi bwo kubatunga.Ubwo we yari...
Sinahisha inda yanjye, ntakibi ntinya, umugore w’imyaka 16 utwite yavuzeko agomba kumurikira rubanda inda ye

Sinahisha inda yanjye, ntakibi ntinya, umugore w’imyaka 16 utwite yavuzeko agomba kumurikira rubanda inda ye

Imyidagaduro
Umukobwa w'imyaka 16 wamamaye cyane nka Mzbel, utwite inda y'imvutsi yakomeje kwerekana inda ye ku mbuga nkoranyambaga avuga ko atazarecyere kwerekana amafoto ye atwite.   Mu gusubiza ubwo yibasirwaga ku mbugankoranyambaga, yavuze ko niba Rihanna ashobora kugenda munzira inda ye atwite iri hanze Kandi akabyara umwana umeze neza we ninde wo kutabikora.   Uyu mukobwa yafashe video agaragara inda atwite iri hanze avuga ko agomba kuyerekana ngo dore ko we ntakibi atinya mbese ntagira Ikintu atinya.   Source: theChronicle.com.gh  
Ese koko mu mibonano mpuzabitsina habamo gupfuba? Impamvu nyamukuru abashakanye bari gushora Imari mu bapfubuzi iri ku mugabo cyangwa ni umugore?

Ese koko mu mibonano mpuzabitsina habamo gupfuba? Impamvu nyamukuru abashakanye bari gushora Imari mu bapfubuzi iri ku mugabo cyangwa ni umugore?

Imyidagaduro
Umunsi k'umunsi iterambere rizana byinshi ,haba ibyo abantu bigana bakabyinjiza mumuco umunsi k'umunsi. Icyakora ntitwabura kuvuga ko hari n'amahano abantu bakora bayita iterambere bakisanga basize umugani muri rubanda.   Nta gihe kinini gishize mu gihugu cy'u Rwanda hamenyekanye ijambo abapfubuzi. Icyakora aho rimenyekaniye rimaze gushyira ku ncyeke ingo zubatse kuko bifite aho bihuriye no kunoza inshingano z'urugo zirimo no gutera akabariro bikaba n'impamvu nyamukuru isigaye itera umwiryane mungo.   Gupfubura ubusanzwe n'uguteka bwa kabiri ibiryo byari byaterwa bwa mbere ntibishye ,iyo ubisubije kuziko bigashya nicyo bita gupfubura.   N'ubwo bihwihwiswa ngo kanaka ajya mu bapfubuzi , ngo kanaka ni umupfubuzi ni gacye wasanga hafashwe umupfubuzi cyangwa uw...
“Naryamanye n’abagore 30 mu bagore 10 muri bo bagira inama umugore wanjye kwahukana akansiga” ! portable

“Naryamanye n’abagore 30 mu bagore 10 muri bo bagira inama umugore wanjye kwahukana akansiga” ! portable

Imyidagaduro
Umuririmbyi uri mubari kuzamuka neza Habeeb Okikiola wamamaye nka Portable Yahwituye abo bose boshya umugore we bamubwira kwahukana akamusiga.   Ubusanzwe uyu muhanzikazi azwiho kuba mu rukundo n'abagore benshi cyane ndetse yagiye asangiza bamwe mu mafoto ku mbugankoranyambaga ze.   Uyu mugabo w'abana 5 uherutse kwibaruka umwana w'umuhungu mu minsi yashize, yifashishije imbuga nkoranyamaga ze, Yahwituye aboshya umugore we Zainab kumusiga.   Mu mashusho yagiye hanze, yagaragaye ari kuvuga ko amaze kuryamana na bagore 10 mubagore 30 bagira inama umugore we kumusiga. Yakomeje avuga ko ngo kubera iki umugore we yakahukana kandi umugore we amuha byose acyeneye mu buzima bwe.       Source: News Hub Creator