Tuesday, May 21
Shadow

Imyidagaduro

Muri iyi category ya ‘imyidagaduro’ handikwamo amakuru ajyanye na Showbizness gusa ndetse nandi afitanye isano nayo.

Umusore yiyujurije inzu arangije ashyira amavi hasi ahereza Imana icyubahiro avuga ko Imana yamukoreye ibitangaza

Umusore yiyujurije inzu arangije ashyira amavi hasi ahereza Imana icyubahiro avuga ko Imana yamukoreye ibitangaza

Imyidagaduro
Umusore yiyujurije inzu arangije ashyira amavi hasi ahereza Imana icyubahiro avuga ko Imana yamukoreye ibitangaza Ku basore benshi kubaka inzu ni ikibazo gikomeye kubera ubushobozi ndetse kugeza ubu kikaba kiri mubiri gutuma batubaka ingo zabo.Uyu musore we yayujuje ashyira amavi hasi ashimira Imana.   Uyu musore ufite inkomoko muri Nigeria, yatangaje abantu benshi , yibutsa abandi ko gushimira Imana ari byiza ubwo yashyiraga hanze amashusho ye ari gutanga ishimwe ku Mana yapfukamye hasi. Favour Star , agishyira hanze aya mashusho abinyujije kuri Tik Tok yabaye isomo no kubandi basore n'abagabo badashimira Imana kubyo yabakoreye.   Uyu musore waje gusanganirwa n'umukobwa, yashimiye buri umwe wese avuga ko mbere y'uko uyu mwaka urangira nabo bazabona ibyabo.A...
Umukobwa w’ikimero Katy Bampton washyingiranwe n’umukinnyi wa Porono ruharwa , yatangaje ko amaze kumwigisha uko batera akabariro mu mezi 4 gusa bamaranye

Umukobwa w’ikimero Katy Bampton washyingiranwe n’umukinnyi wa Porono ruharwa , yatangaje ko amaze kumwigisha uko batera akabariro mu mezi 4 gusa bamaranye

Imyidagaduro
Umugore washyingiwe n’umukinnyi wamamaye muri Filime z’urukozasoni , yatangaje ko umugabo we amaze kumuhindura umuhanga mu gutera akabariro, agaragaza ko byatumye urukundo rwabo rukomera.     Katy Bampton, washyingiranwe n’umugabo we witwa Robbie, wamamaye muri filime z’urukozasoni (Adulty Content), ngo nyuma y’amezi 4 gusa barushinze yamwigishije uko batera akabariro neza mu buryo bugezweho.Uyu mugore w’imyaka 30 y’amavuko , agaragaza ko ashyigikiye cyane umurimo ukorwa n’umugabo we wo gufata amashusho y’urukozasoni ndetse amenshi ngo akayafata agamije kwigisha abandi bagabo bagenzi be.       Mu magambo ye Katy Bampton, yagize ati:”Ndabizi neza kandi narimbizi ko umugabo wanjye Robbie yabikoraga nambere y’uko duhura na cyane nahoraga mubona ku...
Warankunze unkora aho ntigeze nkorwa n’undi wese ! Priyanka Chopra yiteye imitoma umugabo we Nick Jones isabukuru ye y’amavuko

Warankunze unkora aho ntigeze nkorwa n’undi wese ! Priyanka Chopra yiteye imitoma umugabo we Nick Jones isabukuru ye y’amavuko

Imyidagaduro
Umukinnyi wa Filime kabuhariwe Priyanka Chopra, yateye imitoma idasanzwe umukunzi we Nick Jones amubwira ko ari we wamukunze akamugeza aho atigeze agizwa n'undi muntu wese.   Umugore wamamaye muri Filime z'Abahindi akoresheje amafoto yateye imitoma umukunzi we w'umuhanzi Nick Jones bari kumwe n'umukobwa wabo Malti Marie.Uyu mugabo wa Priyanka Chopra, muri iryo joro rya tariki 16 Nzeri 2023 ahitwa 'The Tour'.   Amafoto n'amashusho y'uyu mugore n'umugabo we yakomeje gukwirakwira kumbuga nkoranyambaga .Aya mafoto yashimangiwe n'umugore wa Nick Jones, Priyanka Chopra ubwo yandikaga amagambo adasanzwe yuzuye imitoma gusa.     Aya mafoto yashyizwe hanze , yabanjirijwe n'ifoto uyu mugore ari mugusoma umugabo we Nick Jones (Umuhanzi w'Umunyamerika).Uyu muki...
Diamond Platinumz yavuze ko atazigera yemerera umukobwa we Princess Tiffah n’abana be b’abahungu Kuba abahanzi

Diamond Platinumz yavuze ko atazigera yemerera umukobwa we Princess Tiffah n’abana be b’abahungu Kuba abahanzi

Imyidagaduro
Umuhanzi Diamond Platinumz wamamaye munjyana ya Bongo muri Tanzania yavuze ibyo kuba atazemerera umwana we w'umukobwa Princess kujya mu muziki.   Iyi nkuru yatangaje abantu benshi bibaza impamvu Diamond Platinumz nk'umuhanzi mukuru yagaragaje ko adateze kwemerera umukobwa we kujya muri muzika nyamara ari umwe mu bahanzi Afurika ifite bazi neza agaciro k'umuziki.   Uyu muhanzi yavuze ko umuziki ari kimwe mu bintu bibi cyane kumuhanzi w'igitsina gore wiyemeje kubijyamo.Diamond yavuze ko ikintu kimutera ubwoba kikanatuma avuga ko atazemerera umukobwa we kuwujyamo ari ubusambanyi bubamo, ngo na cyane ko yagiye ahangana nabyo mu myaka myinshi itambutse.   Diamond Platinumz yagize ati:" Abahanzi b'igitsina gore banyura muri byinshi kugira ngo bagere aho bifuza.Um...
Ntibigeze bajya mu kwa Buki ! Inkuru y’urukundo rwa Prince Kid na Nyampinga Iradukunda Elisa isize inkuru i Musozi Elisa ashimirwa ubupfura

Ntibigeze bajya mu kwa Buki ! Inkuru y’urukundo rwa Prince Kid na Nyampinga Iradukunda Elisa isize inkuru i Musozi Elisa ashimirwa ubupfura

Imyidagaduro
Urukundo rw'aba bombi rumaze kuba umugani na cyane ko aho kujya mu kwabuki bagiye kuburana, Elisa Iradukunda agashyigikira umugabo amutera ingabo mu bitugu.   Inkuru z'urukundo rwabo zacicikanye ahantu hatandukanye ndetse natwe twarazanditse, muri izi nkuru hagaragaramo ko batangiye gukundana mu mwaka wa 2022 ari nabwo abantu batangiye kumenya ko ibyabo, mu mpera za 2023 abanditsi batangira kugereranya urukundo rwabo n'urwaranze Romeo na Juliette.   Nyuma y'iminsi 15 gusa basezeranye imbere y'Imana , Prince Kid yasubijwe imbere y'urukiko aho kuryoshya n'uwo yishakiye ategura urubanza. Miss Elisa wabaye Nyampinga w'u Rwanda wa 2017 mu irushamwa rya Miss Rwanda ryategurwaga n'umugabo we w'iki gihe ntabwo yigeze amuva iruhande ndetse ntabwo yigeze ahagarara kumwerekako a...
Nyuma y’amezi 10 adasohora indirimbo,  umuhanzi Calvin Mbanda yahuje imbaraga na Kenny Sol bashyira hanze indirimbo bise ‘Mama Loda’ –VIDEO

Nyuma y’amezi 10 adasohora indirimbo, umuhanzi Calvin Mbanda yahuje imbaraga na Kenny Sol bashyira hanze indirimbo bise ‘Mama Loda’ –VIDEO

Imyidagaduro
Umuhanzi Calvin Mbanda yashyize hanze amashusho y’indirimbo yise ‘Mama Loda’ yahuriyemo na Kenny Sol. Calvin Mbanda wabaga muri The Mane akaza kuyivamo , yongeye gusogongeza umuziki mwiza abakunzi be abinyujije mu ndirimbo yise ngo ‘Mama Loda.Iyi ndirimbo yayobowe na Gad, aba basore bayitangira mu myambaro idasanzwe ndetse n’isapo z’urubaraza runini cyane bicariye imeza bayikikije umuhanzi Calvin Mbanda akababarira inkuru. Ubwo baba bari muri ayo, bajya kubona bakabona umukobwa mwiza aje abasanga niko kurya indimi , agahaguruka mu bandi , ubundi akagenda amusanganira.Uyu muhanzi kandi atangira kubyinana nawe arinako amutaka bya gihanzi.Uyu muhanzi agaruka k’umugambo agaragaza umusore uba wingingira umusore kumukunda afite n’ibindi amusaba. Ku munota wa 1:36 mu ndirimbo y’iminota 3...
Byinshi ku gitaramo ‘Utake Nyama na Cuppa’ kibanziriza umunsi w’Ubwigenge bwa Uganda kizaririmbwa n’Umunyarwanda Afrique

Byinshi ku gitaramo ‘Utake Nyama na Cuppa’ kibanziriza umunsi w’Ubwigenge bwa Uganda kizaririmbwa n’Umunyarwanda Afrique

Imyidagaduro
Umuhanzi ukiri muto uri mu bagezweho hano mu Rwanda ndetse no mu karere, Kayigire Josué wamamaye nka Afrique agiye kongera gutaramira muri Uganda nyuma yo kuhagira nko murugo. Ubusanzwe iki gitaramo kiba hagamijwe gusubiza ibihe inyuma abantu bakishimira imyaka yabo.Ni igitaramo kizabera ahazwi nko kuri Jahazzi Pier mu gace ka Munyonyo.Iki gitaramo kizitabirwa n'Umunyarwanda umwe (Afrique) , kizaba kirimo aba Djs bakomeye mu Karere ka Afurika y'Iburasirazuba. Ni igitaramo giterwa inkunga na Kakira Disteraly, Babers Home Collection, Skys Protea Hotel Naguru, Rwanda Air, Silverback Lounge, Young and Free and Belly Lager.Ni igitaramo kizaba taliki 8 ukwakira 2023, kikaba cyarahawe izina rya Utake nyama na chupa, kikazabera ahazwi nka Jahazi pier Munyongo ndetse kikazabanzira umunsi w'Ub...
The Ben yongeye kwibutsa Abarundi ko yiteguye kubasusurutsa mu gitaramo azahuriramo na Big Fizzo na Sat B

The Ben yongeye kwibutsa Abarundi ko yiteguye kubasusurutsa mu gitaramo azahuriramo na Big Fizzo na Sat B

Imyidagaduro
Umuhanzi The Ben Abinyujije ku rukuta rwe rwa Facebook yongeye kwibutsa Abarundi ko abaziye vuba cyane mu gitaramo azahakorera tariki ya 1 Ukwakira 2023.   The Ben wamamaye cyane nka Tiger B, uri mu bahanzi bakuru hano mu Rwanda ndetse no muri Afurika y'Iburasirazuba, yongeye kubwira Abarundi ko abaziye vuba cyane.Ibi yabivuze nyuma y'uko mu minsi yavuba afite igitaramo gikomeye gishobora kuzakenesha Abanya-gihugu.     Nk'uko byashyizwe ahagaragara uyu muhanzi The Ben aritegura gukorera igitaramo hitezwe ko kizasiga inkuru i Burundi, ku ya 1 ukwakira 2023. Ibi bikaba byaratangajwe mu minsi yashize ndetse hagenda hasohoka Nandi mazina akomeye azafatanya na The Ben muri icyo gitaramo.     Ibi bibaye nyuma y'uko umuhanzi wamamaye cyane muri muz...
Judith Niyonizera wigeze kuba umugore wa Safi Madiba yambitswe impeta n’umusore w’umuzungu w’ibigango

Judith Niyonizera wigeze kuba umugore wa Safi Madiba yambitswe impeta n’umusore w’umuzungu w’ibigango

Imyidagaduro, Inkuru Nyamukuru
Nyuma y’ubukwe yakoze muri 2017 hamwe na Safi Madiba, bakaza guhabwa gatanya , yamaze kwambikwa impeta n’undi musore w’ibigango bamaranye igihe mu  munyenga w’urukundo.     Amafoto n’amashusho bya Judith n’umusore bakundana bari kumazi yari amaze iminsi ari isereri mu mitwe y’abantu ndetse bamwe bakemeza ko bashobora kuba baribaniye mu ibanga rikomeye.Nk’uko bigaragara mu mafoto yashyizwe hanze, Judith , yongeye kwambikwa impeta ubigira kenshi nyuma nyuma y’iyo yambitswe na Saf Madiba.     Uyu mugore abinyujije kumbuga nkoranyambaga ze , Niyonizera Judith , yanyujije amafoto kumbuga nkoranyambaga y’igihe yambikwaga inmpeta n’umusore bitegura kurushinga bagiye bagaragarana kumucanga muri Canada n’ahandi.Uyu mugore yagize ati:’Kuri iyi sabukuru yanjye , ...
Prince Kid umaze iminsi mike arushinganye na Miss Elisa Iradukunda yitabye urukiko kubyaha bifite aho bihuriye na Miss Rwanda

Prince Kid umaze iminsi mike arushinganye na Miss Elisa Iradukunda yitabye urukiko kubyaha bifite aho bihuriye na Miss Rwanda

Imyidagaduro
Ishimwe Dieudonne ushinjwa ibyaha birimo guhoza undi ku nkeke bufitanye isano n'imibonano mpuzabitsina yageze kurukiko kugira ngo aburane ubujurire bwatanzwe n'Ubushinjacyaha.   Uyu mugabo uyobora Komapanyi ya Rwanda Inspirational BackUp yahoze itegura irushanwa rya Miss Rwanda , ashinjwa ibyaha bivugwa ko bufitanye isano n'ihohoterwa riganisha kumibonano mpuzabitsina ryakorewe bamwe mu bakobwa bitabiriye irushamwa rya Miss Rwanda.