Tuesday, May 21
Shadow

“Burya iyo umugabo ugukunda byanyabyo ibikorwa bye bihura n’amagambo ye ntibakababeshye” ! Nkechi Blessing yakebuye abagore bagenzi be

Hari ubwo umugore ashakana n’umugabo we bagatangira gushaka bakundana ariko byagera hagati urukundo rukazima neza neza umugore agasigara yibaza niba yarashatse koko.Umugore ugeze kuri urwo rwego rero atangira kwibaza ubwoko bw’urukundo akeneye k’uwo bashakanye kugeza yumvise aya magambo yavuzwe na Blessing Nkechi

Nkechi Blessing umukinnyi kazi wa filime ndetse byagize icyamamare, yavuze ko ngo iyo umugabo agukunda byanyabyo ibikorwa bye bihura n’amagambo ye.Abinyujije ku rukuta rwe rwa Instagram rushya, abinyujije ahazwi nka story avugako umugabo ugufiteho gahunda zanyazo burya amagambo ye ahura n’ibikorwa bye.

Uyu mukinnyi wa filime yagiriye inama abagore ko ngo amagambo y’umugabo azahura n’ibikorwa bye naba agukunda byanyabyo ndetse agifiteho gahunda zanyazo.Mu magambo ye yagize ati ” iyo umugabo afite gahunda ifatika kuri wowe, amagambo ye ahura n’ibikorwa bye.”

Source: News Hub Creator