Umuyobozi wa APR FC, Col Karasira Richard yatangaje ko iyi kipe yifuza gukomeza imishinga yari ifitanye n’umutoza ndetse n’umuryango wa Adel Zrane Mu ijambo
Umukino Etincelles FC yatsinzemo Rayon Sports ibitego bitatu kuri kimwe, abafana n’Abakunzi ba Rayon Sports bagaragaje agahinda , Akababaro gakomeye batewe no gutsindwa na
Nyuma y’umukino wa Shampiyona wahuye ikipe ya Etincelles FC na Rayon Sports ukarangira , Etincelles itsinze Rayon 3:1 , amagambo n’agahinda ku bafana byabateye
Etincelles FC yurije Rayon Sports umusozi wa Rubavu Shampiyona ya hano mu Rwanda yari yakomeje hakinwa Umukino w’Umunsi wa 26. Umukino wari utegerejwe na
kuri uyu wa Kane, tariki ya 4 Mata 2024 nibwo Manizabayo Etienne wakiniraga ikipe ya Benediction yapfuye azize impanuka nyuma yo kugongwa n’imodoka ubwo
Ani Elijah usanzwe akinira ikipe ya Bugesera FC , arifuza kuba umukinnyi w’u Rwanda. Rutahizamu Ani Elijah ukomoka muri Nigeria.Ani uyoboye abakinnyi bamaze gutsinda
Usengimana wavutse ku ya 10 Werurwe 1996 (imyaka 28) i Kigali, mu Rwanda, ni umukinnyi w’umupira w’amaguru , ukina nk’umukinnyi wo hagati usatira kandi