#Kwibuka30: Ubutumwa bwa Sharaf Eldin Shaiboub wa APR FC muri ibi bihe byo kwibuka

10/04/2024 05:42

Umukinnyi wa APR FC uri mu bakomeye Sharaf Eldin Shaiboub yatanze ubutumwa bwe muri ibi bihe byo kwibuka.

Mu magambo ye yagize ati:” Kubantu beza bo mu Rwanda, imyaka 30 irashize habaye Jenoside yakorewe Abatutsi, ariko mwagaragaje ukwihangana no gukunda, Imana ikomeze kurinda Igihugu cyanyu ndetse ikwize amahoro n’urukundo muri cyo”.

Ubusanzwe amazina ye ni Sharaf Eldin Shaiboub nk’uko agaragara kuri Konti ye ya Wikipedia.Ni umusore w’imyaka 29 y’amavuko wavutse mu 1994 mu Kwezi kwa Kamena tariki 07.

 

Advertising

Photo/ Mugunga Christian - Twibuke Twiyubaka
Previous Story

#Kwibuka30:Menya uko waba hafi umuntu uri kwibuka abe

Next Story

#Kwibuka30: Ubutumwa bwa Jimmy Gatete , Haruna Niyonzima , Djihad Bizimana n’abandi bakinnyi

Latest from Imikino

Intare FC yasinyishije umukinnyi mushya

Umuyobozi wa Intare FC, Byabuze Gatibito yavuze ko nta biganiro bigeze bagirana na Mukura VS yatangaje ko yasinyishije Ishimwe Jean-René wari intizanyo y’iyi kipe
Go toTop