Bayern Munich na Arsenal zifatanyije n’Abanyarwanda kwibuka jenoside yakorewe abatutsi 1994

07/04/2024 16:30

Ikipe ya Bayern Munich yo mu gihugu cy’u Budage na Arsenal yo mu gihugu cy’u Bwongereza zifatanyije n’Abanyarwanda mu Kwibuka ku nshuro ya 30 Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994.

Aya makipe yombi yamamaza u Rwanda muri gahunda ya Visit Rwanda.Ikipe ya Arsenal yo mu Bwongereza yambara Vist Rwanda kuri mayo (Jerzy) , aho Vist Rwanda yandikwa ku kaboko kuri uyu mwambaro ndetse n’ibyapa kuri stade Emmirates, naho ikipe ya Bayern Munich yo yamamaza u Rwanda kuri stade yayo Allianz Aren. Si aya makipe gusa dore ko n’ikipe yo mu Bufaransa Psg nayo yambara Vist Rwanda ku myambaro wayo bakorana imyitozo.

U Rwanda rwakomeje kugaragaza ukubaba neza n’amahanga mu ngeri zitandukanye z’ubuzima , ku buryo buri wese ukunda u Rwanda arwifuriza inabi.U Rwanda n’Isi rwatangiye icyumweru cyo kwibuka kuri iki cyumweru tariki 07 Mata 2024.

 

Advertising

Previous Story

Se yishwe muri Jenoside yakorewe Abatutsi atapfa atamubonyeho ! Agahinda ka Jules Karangwa wabaye Umunyamakuru

Next Story

#Kwibuka30: Hora Rwanda ! Meddy yibukije Abanyarwanda bose kuzirikana iminsi 100 yo kwibuka

Latest from Imikino

Go toTop