Buterezi Bodouin w’imyaka 70, utuye mu Mudugudu wa Ngoma, Akagari ka Cyangugu, Umurenge wa Kamembe, Akarere ka Rusizi, wibana, yasanganywe inka muri kimwe mu
Ubuyobozi bw’Akarere ka Gakenke bwanenze bamwe mu baganga by’umwihariko abaforomo n’ababyaza, batita ku nshingano zabo zo kwita ku barwayi, ngo kuko hari abaza kurara
Umuhungu wari umukozi wo mu rugo mu Murenge wa Masaka mu Karere ka Kicukiro yishe mugenzi we bakoranaga w’umukobwa amuteye icyuma, inzego z’umutekano zitabaye,
Police y’u Rwanda yatangaje ko yafashe umusore wagaragaye mu mashusho ari ku rwana n’abasekirite. Ku mbuga nkoranyambaga zitandukanye hakomeje kugaragara amashusho y’umusore ukuri muto
Polisi y’u Rwanda yagaragaje ko abatemye inka mu Karere ka Ngoma bakomeje gukurikiranwa ndetse ko bamwe muri bo bamaze gufatwa bategereje kuryozwa ibyo bakoze.
Mugenzi Vincent, umugabo w’imyaka 51, yatawe muri yombi nyuma yo gufatanwa amafaranga y’amiganano yari amaze kwishyura inzoga yari anyoye mu kabari. Mugenzi ni uwo
Umuturage witwa Nshimiyimana Emmanuel, wo mu Mudugudu wa Ngugu, mu Kagari ka Byahi, mu Murenge wa Rubavu, yatwitse inzu yabanagamo n’uwo bashakanye biturutse ku