Polisi y’u Rwanda yagaragaje ko abatemye inka mu Karere ka Ngoma bakomeje gukurikiranwa ndetse ko bamwe muri bo bamaze gufatwa bategereje kuryozwa ibyo bakoze.
Nyuma yo gufungura konti ya X ya Joseph Kabila bikozwe na Nzimbi Barbara Umujyanamawe mu by’itumanaho , hashize amasaha abiri imaze kugira abayikurikira barenga
Polisi y’u Rwanda yatangaje ko igiye kujya ipima abashoferi ba Bisi ibiyobyabwenge mu rwego rwo gukaza ingamba zo gukumira impanuka. Ni ibyatangajwe kuri uyu
Kuri uyu wa Kabiri tariki 25 Gashyantare 2025 , Perezida wa Repubulika y’u Rwanda Paul Kagame yagize Soraya Munyana Hakuziyaremye Guverineri wa Banki Nkuru
Konti ya X ya Joseph Kabila Kabange yafunguwe tariki 25 Gashyantare, 2025 yahise ikurikirwa n’abarenga 18,000 ubwo twakoraga iyi nkuru. Barbara Nzimbi umuvugizi we
Mu itangazo ryasohowe n’igisirikare cya Afurika y’Epfo kuri uyu wa 25 Gashyantare, 2025 banze gutangaza ko ingabo zabo zanyuze mu Rwanda bagaragaza ko n’abasigaye
Kuri uyu wa Mbere , Igihugu cy’u Bwongereza cyongereye imfashanyo buha Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo ho 21.641.580.000 RWF azakomeza kwifashishwa mu bikorwa by’ubutabazi
Kuva mu ntangiriro z’icyumweru gishize, M23 yakomeje kwigarurira uduce twinshi two muri Kivu y’Amajyaruguru irimo na Beni ndetse na Butembo na Lubero byaje no