Kenny yunze murya Bruce Melodie nawe ashyigikira ko ihangana rya The Ben na Bruce Melodie rikwiriye kubaho bakubahana ariko bakorera amafaranga
Kenny Sol ukubutse muri Canada ubwo yageraga ku kibuga cy’indege i Kanombe, yavuze ko hagomba kubaho ‘Battle’ ariko igamije kubaha amafaranga ngo na cyane