Police yatahuye uruganda rw’inzoga zitwa Gukundiro rwakoraga bwihishwa

07/12/2023 20:50

Police y’uRwanda yeretse itangazamakuru uruganda rwatahuwe rukora rwihishwa inzoga zitujuje ubuziranenge rwakorerega i Ndera.

Uri ruganda ruherereye mu murenge wa Ndera mu Karere ka Gasabo, rwafatiwemo litiro 23,410 z’inzoga zitwa Gikundiro, nyirarwo yakoraga nta byangombwa afite bimwemerera gukora.

 

Umuvigizi wa Police y’u Rwanda Assistant commissioner of police Boniface Rutikanga, yavuze ko uru ruganda rwatahuwe nyuma y’uko yamenyekanye amakuru yavugaga ko hari inzoga zicuruzwa zitujuje ubuziranenge.

Source: Igihe.com

Advertising

Previous Story

Abakozi ba RIB 16 bakiriye ruswa ingana na Million 4,527,500 Rwf

Next Story

“Umugabo wanjye yambenze ambwira ko mbishye mu gutera akabariro, nahise nzinukwa akabariro n’igisanako”

Latest from AMAKURU KU RWANDA

Live: Espanye vs Ubwongereza

Umukino ni uko urangiye. Espanye 2 kuri 1 cy’Ubwongereza. Bongereyeho iminota 3 y’inyongera. Mu mwanya muto Espanye iraba iri mu byishimo n’abafana bayo.Cole na
Go toTop