Nyuma yo gutandukana Card B yongeye gutangaza amagambo agaragaza ko yamwanze urunuka. Card B watwaye ibihembo bitandukanye bikomeye ku Isi birimo na Grammy Awards
Umugabo wo muri Nigeria yatunguye bagenzi be yishyiraho Tattoo z’abana be bose kubera urukundo abakunda. Mu gihe bamwe babanza kujya gupima DNA ngo bamenye
Abakobwa bagize itsinda rya Vestine na Dorcas bishimiwe cyane n’abaturanyi bo mu gihugu cy’ u Burundi mu gitaramo baraye bahakoreye tariki 23 Ukuboza 2023.
Nyuma yo gusenyeranira mu rusengero rwa Eglise Vivant, The Ben na Pamela bashyiriweho igiturisho Nawe ushaka kubaha ubufasha wanyura kuri 0788702004 ibaruye kuri Uwicyeza
Umugabo wo mu gihugu cya Kenya wakiriye amafaranga kuri telephone ibihumbi 39 bibeshye akomeje kuvuga ko yifuza cyane kuba yaranze gusubiza ayo mafaranga nyirayo.