Umugabo yaguye igihumure mu bukwe ubwo umugore we yangaga gusinya ubukwe bwabo bugahagarikwa

23/12/2023 14:40

Inkuru ikomeje kuvugisha benshi ku mbuga nkoranyambaga bakomeje kuvugishwa n’inkuru yuyu mugabo waguye igihumure mu bukwe ubwo umugore we yanze gusinya bityo ubukwe bwabo bugahagarikwa.

 

Uyu mugabo waguye igihumure yitwa Ignatius nkuko amakuru abivuga, akaba ariwe waguye igihumure ubwo umugore we yangaga gusinya zimwe mu nzandiko bombi bari gusinya bityo ubukwe bwabo bugahagarikwa.

Ibi bikaba byabereye mu gihugu cya Namibia.Mu gihugu cya Kenya hakaba haravuzwe inkuru imeze nkiyi aho umugabo witwa Amons nawe ubukwe bwe n’umugore we bwahagaritswe bitewe no kutumvikana hagati ye n’umugore we.

 

Ibi bikaba bikomeje gutangaza benshi hirya no hino ku mbugankoranyambaga.Nkuko amakuru abivuga, biravugwa ko uyu mugabo Ignatius akimara kugwa igihumure, yajyanwe mu bitaro byo muri Namibia ndetse akaba ariho Ari ubu.

 

Kuri ubu Ari koroherwa cyane ko ngo icyatumye arwara akagwa igihumure Ari ukubera ko yari atewe stress n’umugore we mu bukwe ndetse n’ubukwe bwe buhagaritswe.

Ubusanzwe ubukwe ni ikintu kiza kiba hagati yabo biyemeje kubana, gusa siko byagendecyeye uyu mugabo kuko byarangiye ubukwe bwe buhagaritswe.

Source: The Namibian

Advertising

Previous Story

🔴Live: Umuhanzikazi Zahara ari gushyingurwa mu cyubahiro

Next Story

Nyuma yuko bamuyoberejeho amafaranga akanga kuyasubiza nyirayo, umugabo akomeje guhura nakaga

Latest from Inkuru z'urukundo

Go toTop