Nyuma yuko bamuyoberejeho amafaranga akanga kuyasubiza nyirayo, umugabo akomeje guhura nakaga

23/12/2023 14:56

Umugabo wo mu gihugu cya Kenya wakiriye amafaranga kuri telephone ibihumbi 39 bibeshye akomeje kuvuga ko yifuza cyane kuba yaranze gusubiza ayo mafaranga nyirayo.

Uyu mugabo avuga ko yabonye amafaranga menshi amugezeho kuri telephone ye aturutse kuri nimero atazi, yanze gusubiza amafaranga nyirayo wari wibeshye ahubwo atangira kuyakoresha mu bibazo bye harimo kwishyura amadeni yari yarafashe ndetse yohererezaho n’umugore we.

 

Icyakora uyu mugabo yavuze ko kuva yarya amafaranga y’abandi akomeje guhura nakaga mu buzima bwe mu buryo budasanzwe ndetse aricuza cyane kuba yaranze gusubiza ayo mafaranga uwari uyayobereje kuri telephone ye.

 

Uyu mugabo yavuze ko ibintu byinshi bibi bikomeje kumubaho kuva yakwanga gusubiza amafaranga y’abandi. Yavuzeko ubwo yari ategereje imodoka aho afatira bus yari agonzwe amaguru mu buryo budasanzwe.

Yavuze ko kandi umwana we akimara kuvuka yahise apfa bityo amafaranga yariye ashobora kuba yaratongerewe mu buryo atazi. Akomeje gutakamba avuga ko yifuza kuba yarariye amafaranga y’abandi. Icyakora yigishije benshi kugira Umutima mwiza no kuba inyangamugayo muri byose.

Source: TUKO

Advertising

Previous Story

Umugabo yaguye igihumure mu bukwe ubwo umugore we yangaga gusinya ubukwe bwabo bugahagarikwa

Next Story

Uri mwiza, Umukobwa w’uburanga ufite ubumuga bwo kutumva akomeje kwigarurira imitima ya benshi

Latest from Inkuru Nyamukuru

Amateka yaranze Tariki 26 Nyakanga

Muri iyi nkuru tugiye kurebera hamwe ibyaranze iyi tariki mu mateka.Nihagira icyo wifuza kirenze ukidusigire ahatangirwa ibitekerezo. Uyu munsi tariki 26 Nyakanga, ni umunsi
Go toTop