Uri mwiza, Umukobwa w’uburanga ufite ubumuga bwo kutumva akomeje kwigarurira imitima ya benshi

23/12/2023 15:07

Umugore ufite uburanga bwashimwe n’abatari bacye ku mbugankoranyambaga, ufite ubumuga bwo kutumva akomeje kwigarurira imitima ya benshi hirya no hino ku mbugankoranyambaga ndetse yakomoje ku mpamvu umugabo we yamukunze.

 

Mu mashusho uyu mugore yanyujije ku rukuta rwe rwa TikTok, yavuze byinshi ndetse avuga impamvu umugabo we yemeye kumugira umugore Kandi abizi ko uyu mugore abana n’ubumuga bwo kutumva.

Mu mashusho yanyujije ku rukuta rwe rwa TIKTOK, uyu mugore yeretswe urukundo rudasanzwe yeretswe nabamukurikira kuri uru rubuga rwa TikTok, aho benshi bakomeje gutangazwa nubwiza uyu mugore afite, ndetse bavuga ko afite ubwiza karemano.

Mu magambo yanditse ku mashusho yanyujije ku rukuta rwe rwa TIKTOK, yagize ati “iyo batangajwe bibaza impamvu yemeye gushakana n’umukobwa nkanjye ubana n’ubumuga bwo kutumva, byiza ndi maji (I’m magic).”

Amagambo yuyu mugore yatangaje benshi nyuma yo kuvuga ko umugabo we yamukunze kuko Ari maji gusa abantu benshi bakoresha imbugankoranyamaga bemeza ko ubwiza uyu mugore afite nabwo bushobora kuba buri mu byatumye umugabo we amugira umugore.

Source: thetalk.ng

Advertising

Previous Story

Nyuma yuko bamuyoberejeho amafaranga akanga kuyasubiza nyirayo, umugabo akomeje guhura nakaga

Next Story

The Ben na Pamela bashyiriweho igiturisho murusengero bahabwa amafaranga

Latest from Inkuru Nyamukuru

Amateka yaranze Tariki 26 Nyakanga

Muri iyi nkuru tugiye kurebera hamwe ibyaranze iyi tariki mu mateka.Nihagira icyo wifuza kirenze ukidusigire ahatangirwa ibitekerezo. Uyu munsi tariki 26 Nyakanga, ni umunsi
Go toTop