Serge Iyamuremye agiye gushaka umugore
Umuhanzi w’indirimbo ziramya Imana, Serge Iyamuremye agiye gushaka umugore muri Amerika nyuma y'igihe gito amutwaye.
Umuhanzi wamamaye cyane mu ndirimbo zo guhimbaza Imana, Iyamuremye Serge, agiye kuzana umugore dore ko amaze igihe yimukiye muri AMERIKA.
Uyu muhanzi agiye gukora ubukwe n’umukunzi we Uburiza Sandrine nk’uko byamenyekanye mu minsi ishize.
Ubu bukwe buteganyijwe kuwa 1 Mutarama 2023, muri leta ya Texas muri Amerika, ni nyuma y’uko
bimenyekanye ko yasabye akanakwa umukunzi we muri 2021, mu birori batifuje ko bimenyekana.Umuhanzi w'indirimbo ziramya
Uyu muhanzi Serge Iyamuremye nyuma y’ukwezi kumwe ageze muri iki gihugu cya Leta Zunze Ubumwe za Amerika,
bahise bashyira imbaraga mu gikorwa cyo gutegura ubukwe bwabo bombi we na Sandrine bikundanira cyane.Ins...