Saturday, May 18
Shadow

Author: umunsi .com

Serge Iyamuremye agiye gushaka umugore

Serge Iyamuremye agiye gushaka umugore

Imyidagaduro
Umuhanzi w’indirimbo ziramya Imana, Serge Iyamuremye agiye gushaka umugore muri Amerika nyuma y'igihe gito amutwaye. Umuhanzi wamamaye cyane mu ndirimbo zo guhimbaza Imana, Iyamuremye Serge, agiye kuzana umugore dore ko amaze igihe yimukiye muri AMERIKA. Uyu muhanzi agiye gukora ubukwe n’umukunzi we Uburiza Sandrine nk’uko byamenyekanye mu minsi ishize. Ubu bukwe buteganyijwe kuwa 1 Mutarama 2023, muri leta ya Texas muri Amerika, ni nyuma y’uko bimenyekanye ko yasabye akanakwa umukunzi we muri 2021, mu birori batifuje ko bimenyekana.Umuhanzi w'indirimbo ziramya Uyu muhanzi Serge Iyamuremye nyuma y’ukwezi kumwe ageze muri iki gihugu cya Leta Zunze Ubumwe za Amerika, bahise bashyira imbaraga mu gikorwa cyo gutegura ubukwe bwabo bombi we na Sandrine bikundanira cyane.Ins...
Icy’isi: Ikipe y’ubuhorandi niyo yabimburiye andi makipe kugera muri  1 cya 4

Icy’isi: Ikipe y’ubuhorandi niyo yabimburiye andi makipe kugera muri  1 cya 4

Imyidagaduro
Ikipe y’igihugu cyUbuhorandi niyo yabaye iyambere yinjiye muri ¼Muri iri rushanwa ry’igikombe cy’isi riri kubera muri Qatar uyu mwaka wa 2022.Ibi yabigezeho itsinze ikipe ya Leta Zunze  ubumwe za Amerika ibitego 3 kuri 1. Mu gihe nta gutungurana kwigeze kubaho hagati y’ikipe y’ubuholandi bwahabwaga amahuirwe menshi cyane n’abakunzi b’umupira w’amaguru dore ko bwaje gustinda ikipe ya Leta zunze ubumwe za amerika byoroshye. Mu masaha ya akare cyane , bigeze kumunota wa 10 w’igice cyambere nibwo umukinnyi Memphis Depay yatsinze igitego cya mbere agitsinda kumunota wa 45 gusa.Deley Blind nawe yaje gutsinda Igitego cya 2 biba ibitego 2 kubusa.Ikipe y'igihugu cyUbuhorandi niyo yabaye iyambere. Ikipe ya Leta zunze ubumwe za Amerika, yashyuhije umukino ku munota wa 7...
Rubavu: Urubyiruko rwasabwe gutera ishoti Ubukene

Rubavu: Urubyiruko rwasabwe gutera ishoti Ubukene

Inkuru Nyamukuru
Mu muhango wabereye mu kigo cy'umuco cya Vision Jeunesse Nouvelle urubyiruko rwasobanuriye amahirwe rushobora gukura mu bikorwa by'Akarere ka Rubavu rukihangira imirimo irufitiye inyungu n’igihugu muri rusange. Uyu muhango wabaye kuri uyu wa Kabiri tariki 22 Ugushyingo 2022.Bimwe mu byo uru rubyiruko rwabwiwe rushobora kubyaza umusaruro Ubuhinzi bw'ibihingwa bitandukanye birimo ubwikawa, ubukerarugendo, ubushoramari bushamikiye kubucuruzi bwambukiranya umupaka ndetse n’izindi nzira zitandukanye.Mu muhango wabereye mu kigo harimo, ikiyaga cya Kivu , Uru rubyiruko kandi rwabwiwe ko rushobora rushobora gukoresha ibikorwa remezo by’Akarere  mu guteza imbere ubuzima bwarwo. Muri ibi bikorwa remezo byagarutsweho harimo; Agakiriro aho urubyiruko rwetswe ibikorwa birimo; ...
Niba uri umugabo ukaba ukoresha ibinini byongera ubushake kakubayeho

Niba uri umugabo ukaba ukoresha ibinini byongera ubushake kakubayeho

Inkuru Nyamukuru
Abagabo bagirwa inama cyane yo kutijandika mu miti yongera ubugabo aho bakoresha ibinini byongera ubushe. Abaganga bagaragaza ko iyi miti atari myiza kuko igira ingaruka nyinshi. NGIZO INGARUKA ZO GUFATA IYI MITI UMUVUDUKO W’AMARASO Iyo umuntu amaze gufata iyi miti, hari ubwo bitewe nuko amaraso aba asanzwe atembera mu mubiri biba byahindutse. Bavuga ko ari nako igipimo amaaso yagenderagaho kigabanuka ku rwego rwo hejuru. Ibi bikaba bitera indwara zirimo Hypotension, umuvuduko w’amaraso ,… Abagabo bagirwa inama cyane URUHU RUBA UMUKARA Bitewe n’uko ubutembere bw’amaraso mu mubiri buba bwahindutse, bavug ko umuntu umaze gufta ikinini cya Viagra uruhu rwe n’amaraso ye akenshibihita bihinduka umuntu nk’uko abagabo 20% bakoreweho ubushakashatsi babigaragaje, b...
Imitoma 3 watera umusore mukundana ukaba umuteye urukingo rwo kutazigera akwanga

Imitoma 3 watera umusore mukundana ukaba umuteye urukingo rwo kutazigera akwanga

Imyidagaduro
Abakobwa ntabwo bakwiriye kwiyicarira ngo bategereze ko abasore aribo bafata iyambere.Mu rukundo basaba ko nawe ufata umwanya uhagije ugakunda uwo wihebeye kandi ukabimugaragariza binyuze mu magambo umubwira mubikorwa umukorera ndetse no mu bundi buryo wowe wifuza. Muri iyi nkuru tugiye kurebera hamwe imitoma itatu y’ingenzi ifatwa nk’urukingo rw’urukundo kubakundana.Nubibwira umusore , ukamumenyeza kujya yumva aya magambo aguturutseho ntahandi uzigera umubona. 1.Uburyo bwambere bwo gukoresgha ukereka uwo mukundana ko ari rudasumbwa wawe harimo kuvuga ku myambaro yambaye n’uburyo yaya mbaye. Mwegere maze witonze mukajwi keza umubwire ati:”Mbega inseko nziza, ufite amaso meza, ibyo bintu byose wambaye birakubereye pe”. Ntuzigere utinya kumwegera rwise ntuzabikozwe mubwire amag...

Abaryamana bahuje ibitsina barashwe

Inkuru z'urukundo
Abantu bagera kuri batanu bishwe naho 25 barakomereka ubwo umuntu witwaje intwaro yarasaga mu nzu y’imyidagaduro y’abahuza ibitsina babisangiye muri leta ya Colorado muri Amerika.  Ukekwa afunzwe na polisi kandi arimo kuvurwa ibikomere. Abantu babiri “b’intwari” ni bo babashije guhagarika uyu warasaga, nk’uko polisi Club Q, yo mu mujyi wa Colorado Springs, yanditse kuri Facebook ko “ibabajwe bikomeye n’igitero kidafite impamvu” ku bantu bayo.  Perezida Joe Biden wa Amerika yavuze ko Abanyamerika “batakwihanganira urwango”.  Kuwa gatandatu mbere gato ya saa sita z’ijoro ku isaha yaho, ni bwo polisi yatabajwe ko hari umuntu arimo kurasa abantu mu nzu y’urubyiniro.Ukekwa bamusanze muri iyo club.Bivugwa ko yarashishije imbunda ndende.Polisi ntivuga icyatey...
Hasohotse igitabo cy’imikino 21 y’abana kizasomwa ku buntu

Hasohotse igitabo cy’imikino 21 y’abana kizasomwa ku buntu

Ubuzima
Umuryango witwa ‘Kina Rwanda’ ukangurira ababyeyi n’abarezi gukina n’abana, wasohoye igitabo kirimo imikino 21 abana n’ababyeyi bazajya basoma ku buntu, bagisanze mu masomero yose mu Gihugu. Umuyobozi w’uwo muryango, Malik Shaffy Lizinde avuga ko umuntu uzasoma icyo gitabo cyitwa Dukine, azaba yungutse uburyo bumufasha guha umwanya abana aho kwihugiraho.Ati "Harimo imikino itandukanye nko gusimbuka, kwihisha, uwo bitaga ’ngiye gushoza intambara’, ni agatabo kabonwa ku buntu, kazaba kari ku masomero 81 yo mu Gihugu n’ahandi hatandukanye, mu cyaro bazadukura mu masomero y’uturere." Malik avuga ko ku ikubitiro bazasohora kopi 1000 z’utwo dutabo, ndetse badushyire ku mbuga za murandasi zitandukanye, harimo urwa Kina Rwanda, urw’Isomero rusange (Kigali Public Library) n’ahandi...
Yabaye kimomo kumbuga nkoranyambaga! Ifoto y’umukobwa wambaye amataye agurwa yavugishije benshi

Yabaye kimomo kumbuga nkoranyambaga! Ifoto y’umukobwa wambaye amataye agurwa yavugishije benshi

Inkuru Nyamukuru
Nyuma y’aho hanze aha hakomeje kugarukwa ku ifoto y’umukobwa wambaye amataye avuye mu Murenge gusezerana.Benshi bakomeye kwibaza niba ari umuco mwiza. Mu kiganiro cy’abantu babiri baganira kuri iyi foto, ntabwo bumvikanaga kuri yo.Umwe ati :”Ese birakwiye ko umugore yahindura amataye yahawe n’Imana , akambara andi yiguriye? Ese ubwo umugabo we yari abizi neza ko ayambaye? Ese ubwo ntibyagira ingaruka kumibanire yabo bombi?”. Undi ati:”Mu gihe uwayambaye ntarubanza byamucira , ntampamvu yo kutayambara na cyane ko uwayambaye arinawe uba uzi icyo amumariye.Umugabo we niba abizi ntakibazo kuri njye,niko mbyumva”. N’ubwo aba bantu babiri babiganiriye ho gutya kimwe n’abantu babivuze ho nyuma yo gukwirakwiza ifoto kumbuga nkoranyambaga, nta numwe uz...
Umunyarwenya Freddie Roman yapfuye ku myaka 85

Umunyarwenya Freddie Roman yapfuye ku myaka 85

Imikino
Freddie Roman yapfuye.Freddie wari umaze kwamamara mu gusetsa abantu mu Mujyi wa New York no mu myidagaduro y’isi muri rusange yapfuye afite imyaka 85 y’amavuko. Umwanditsi wa Filime, Umukinnyi wazo ndetse akaba n’umwe mubazikora Freddie Roman, yapfuye ku munsi wo ku wa Gatandatu mu masaha ya nyuma ya saasita nk’uko mu bitaro bya Boynton muri Leta ya Florida. Nk’uko amakuru abivuga uyu mugabo yapfuye azize indwara y’umutima wamufashe muri hame ubwo yari mu kabyiniro nk’uko umukobwa we Judi Levin , yabitangaje. Amakuru akomeza avuga ko uyu mugago yapfuye ubwo ari aryamanye n’umuryango we urimo ; Umugore we w’imyaka 63 y’amavuko, na Ethel wari uri kumwe nawe kugeza apfuye. Roman, azibukirwa nka ‘Frairs Club Staple’.Uyu mugabo yari azwi muri Filime zisatse cyane d...
<strong>Gakenke: Babiri  baguye mu mpanuka y’imodoka</strong>

Gakenke: Babiri  baguye mu mpanuka y’imodoka

Ubuzima
Iyi modoka yo mu bwoko bw’ikamyo ya Fuso yavaga i Rubavu ijyanye ibitunguru mu Mujyi wa Kigali yagonze Coaster igeze mu karere ka Gakenke mu Murenge wa Nemba, ahazwi nko ku musozi wa Buranga abantu babiri bahasiga ubuzima abandi 20 barakomereka. Impanuka yabaye ku gicamunsi cyo kuri uyu wa Mbere, tariki 21 Ugushyingo 2022, ibera mu Mudugudu wa Bukurura, Akagari ka Gahinga, Umurenge wa Nemba mu Karere ka Gakenke, ubwo Fuso yavaga i Rubavu yataga umukono wayo ikagonga Coaster yajyaga i Musanze. Yaturutse ku ikamyo yo mu bwoko bwa Fuso ifite nimero iyiranga ya RAE383L yavaga mu karere ka Rubavu, itwaye ibitunguru i Kigali, igeze mu makoni ya Buranga yaje guta umukono wayo maze igonga Coaster, RAC832X ya iyi modoka yo bwoko kompanyi ya Virunga Express yajyaga Musa...