Monday, May 20
Shadow

Umunyarwenya Freddie Roman yapfuye ku myaka 85

Freddie Roman yapfuye.Freddie wari umaze kwamamara mu gusetsa abantu mu Mujyi wa New York no mu myidagaduro y’isi muri rusange

yapfuye afite imyaka 85 y’amavuko.

Umwanditsi wa Filime, Umukinnyi wazo ndetse akaba n’umwe mubazikora Freddie Roman, yapfuye ku munsi wo ku wa Gatandatu

mu masaha ya nyuma ya saasita nk’uko mu bitaro bya Boynton muri Leta ya Florida.

Nk’uko amakuru abivuga uyu mugabo yapfuye azize indwara y’umutima wamufashe muri hame ubwo yari mu kabyiniro nk’uko

umukobwa we Judi Levin , yabitangaje.

Amakuru akomeza avuga ko uyu mugago yapfuye ubwo ari aryamanye n’umuryango we urimo ; Umugore we w’imyaka 63

y’amavuko, na Ethel wari uri kumwe nawe kugeza apfuye.

Roman, azibukirwa nka ‘Frairs Club Staple’.Uyu mugabo yari azwi muri Filime zisatse cyane dore ko amaze imyaka myinshi azwi.

Mu bitaramo yitabiriye byanatumye amenyekana harimo n’igitaramo’ Caesars Palace’ yakoreye muri Las Vegas no mu mujyi wa Harras

muri Antlantic.Yagaragaye mu kiganiro ‘Red Oaks’, ‘The Comedian’, Bittersweet Place’, Law&Order’, Criminal Intent’ n’izindi zitandukanye nk’uko ikinyamakuru TMZ kibitangaza.

Imana imwakire mubayo

Muri aka kabyiniro ka Red Oaks ko muri Leta zunze ubumwe za maerika, gasanzwe kareberamo ibitaramo bikomeye cyane ndetse

na bamwe muhabanzi bafite izina rikomeye muri Leta zunze ubumwe za Amerika.

Mu ri rusange Roman zibukirwa kuri filime nyinshi yakinnye zatumye izina rye rizamuka rikajya kurundi rwego.

Iyi Red Oaks kandi ni filime yamamaye cyane binyuze ku matelevision akomeye cyane ku rwego rw’isi.

Iyi filime idasanzwe yagaragaye yaramamaye cyane kubera uburyo ari nziza.

Uruganda rw’imyidagaduro muri Leta zunze ubumwe za amaerika rumaze kugera kurundi

rwego binyuze muburyo zikundwa ndetse n’uburyo biza zidasanzwe.Red Oaks yacurujwe

bwambere kuri Amazone, urubuga rukomey cyane mu kugurisha ibintu

bitandukanye bigurwa n’abantu ku isi yose. Uru rubuga rwa amazone, rwamaze kwamamara

cyane. Bamwe mubakinnyi bakomeye ku isi, baturuka muri Leta Zunze ubumwe za Amerika.

Reka twifurize iruhuko ridashira nyakwigendera azahora yibukwa

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *