Thursday, May 9
Shadow

Yabaye kimomo kumbuga nkoranyambaga! Ifoto y’umukobwa wambaye amataye agurwa yavugishije benshi

Nyuma y’aho hanze aha hakomeje kugarukwa ku ifoto y’umukobwa wambaye amataye avuye mu Murenge gusezerana.Benshi bakomeye kwibaza niba ari umuco mwiza.

Mu kiganiro cy’abantu babiri baganira kuri iyi foto, ntabwo bumvikanaga kuri yo.Umwe ati :”Ese birakwiye ko umugore yahindura amataye yahawe n’Imana , akambara andi yiguriye? Ese ubwo umugabo we yari abizi neza ko ayambaye? Ese ubwo ntibyagira ingaruka kumibanire yabo bombi?”.

Undi ati:”Mu gihe uwayambaye ntarubanza byamucira , ntampamvu yo kutayambara na cyane ko uwayambaye arinawe uba uzi icyo amumariye.Umugabo we niba abizi ntakibazo kuri njye,niko mbyumva”.

N’ubwo aba bantu babiri babiganiriye ho gutya kimwe n’abantu babivuze ho nyuma yo gukwirakwiza ifoto kumbuga nkoranyambaga,

nta numwe uzi neza niba koko ari amabuno yambaye na cyane ntawamwegereye ngo arebe neza.Nyuma y’aho hanze.

Kurubuga rwa Instagram, uwita Muyomba wabo(Cynthia Iranzi), hashize iminsi 2 ashyize hanze ifoto y’uyu mukobwa

bivugwa ko yaguze ikibuno akacyambara, bamwe mubatanze ubutumwa kuri iyi foto harimo n’uwitwa Josiane Bados,

wagize ati:”Ibi biboro ntabwo babyambara mu mwenda ugufashe birabaguteza”.Mamou Africaine we

yagize ati:”Yahuye n’uruva gusenya (Araseka- ararira) kuko abacyambara ni benshi ! Stress y’ubukwe disi”.

Iki garagara n’uko benshi bamenye neza ko ari ikibuno yari yambaye kabone n’ubwo ntawagiye ngo amukoreho.

Ubwo babantu babiri twahereyeho , basozaga ikiganiro cyabo, umwe yagize

ati:”Biba bibabaje kwihindura ukundi, ntabwo aba ari byiza wenda wasanga yaracyambitswe

n’undi atabizi cyangwa imyenda yari yambaye ugasanga ariko yari imeze ntanicyo yari yari yambaye”.

It

Ahari ntabwo byari bikwiriye ko abantu bakwirakwiza iriya foto, na cyane ko ushobora gusanga imyenda yari

yambaye ariko iteye ntanaho bihuriye n’uko yari yambaye ikibuno.Kugeza ubu kumbuga nkoranyambaga,

hasigaye hakwirakwizwa ibihuha yewe amafoto agashyirwa hanze hatitawe ku gihe yafatiwe nyuma

bikagaragara ko ari amafoto yafashwe kera cyane.

Ntabwo biba byiza iyo umuntu asakaje amafoto ya mugenzi we. ibaze ariwowe barimo kubikorera.Bamwe mubantu bavuzwe

cyane muri ubu buryobyagaragaye ko batishimiye uburyo byakozwe batanga

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *