Abaryamana bahuje ibitsina barashwe

04/12/2022 12:22

Abantu bagera kuri batanu bishwe naho 25 barakomereka ubwo umuntu witwaje intwaro yarasaga mu nzu y’imyidagaduro y’abahuza ibitsina babisangiye muri leta ya Colorado muri Amerika. 

Ukekwa afunzwe na polisi kandi arimo kuvurwa ibikomere. Abantu babiri “b’intwari” ni bo babashije guhagarika uyu warasaga, nk’uko

polisi Club Q, yo mu mujyi wa Colorado Springs, yanditse kuri Facebook ko “ibabajwe bikomeye n’igitero kidafite

impamvu” ku bantu bayo.  Perezida Joe Biden wa Amerika yavuze ko Abanyamerika “batakwihanganira urwango”. 

Kuwa gatandatu mbere gato ya saa sita z’ijoro ku isaha yaho, ni bwo polisi yatabajwe ko hari umuntu

arimo kurasa abantu mu nzu y’urubyiniro.Ukekwa bamusanze muri iyo club.Bivugwa ko yarashishije imbunda ndende.Polisi ntivuga

icyateye uyu muntu kurasa abantu ariko ivuga ko iperereza rizamenya niba ari igitero cy’urwango, cyangwa niba hari abandi bakigizemo

uruhare.  Abantu bagera kuri batanu

Adrian Vasquez, yashimiye abantu babiri bari muri iyo nzu y’imyidagaduro babashije guhagarika

uyu warasaga.Yabwiye abanyamakuru ati: “Ibimenyetso by’ibanze byerekana ko ukekwa yinjiye muri Club Q agahita atangira kurasa abarimo agakomeza imbere. “Mu gihe yari imbere muri club, nibura abantu babiri baramurwanyije babasha guhagarika ko akomeza kwica no gukomeretsa abandi.

Dukwiye kubashima cyane.” Club Q nayo kuri Facebook yatangaje ko ishima “gutabara kwihuse kw’abakiriya b’intwari barwanyije uwitwaje intwaro

bagahagarika igitero cy’urwango”.Muri iyo club harimo habera ibirori byo kubyina kandi ku cyumweru nijoro hari hateganyijwe ibirori byo

kwizihiza umunsi wo kuzirikana abahinduye ibitsina byabo, ‘Transgender Day’. 

Joshua Thurman, w’imyaka 34, wari muri club mu gihe uwo yarasaga, avuga ko yari azi ko amasasu ari kumva

ari mu muziki ariko nyuma ajya kwihisha, nk’uko yabibwiye ikinyamakuru Colorado Sun.Yagize ati: “Ubwo nagarukaga nasanze imirambo hasi

, ibirahure byamenetse, abantu barira.” Yongeraho ati: “Nta kintu cyabujije uwo mugabo kuza kuturasa. Kuki ibi byabaye?

Kuki abantu bagomba kwicwa?”Isi yose iri muntambara yo kurwana kubijyanye n’ubutinganyi buri gushaka guhabwa intebe.

Ntabwo abantu bakwiye kwicwa, buri muntu afte

Advertising

Previous Story

Hasohotse igitabo cy’imikino 21 y’abana kizasomwa ku buntu

Next Story

Imitoma 3 watera umusore mukundana ukaba umuteye urukingo rwo kutazigera akwanga

Latest from Inkuru z'urukundo

Go toTop