Icy’isi: Ikipe y’ubuhorandi niyo yabimburiye andi makipe kugera muri  1 cya 4

04/12/2022 17:44

Ikipe y’igihugu cyUbuhorandi niyo yabaye iyambere yinjiye muri ¼Muri iri rushanwa ry’igikombe cy’isi

riri kubera muri Qatar uyu mwaka wa 2022.Ibi yabigezeho itsinze ikipe ya Leta Zunze  ubumwe za Amerika ibitego 3 kuri 1.

Mu gihe nta gutungurana kwigeze kubaho hagati y’ikipe y’ubuholandi bwahabwaga amahuirwe

menshi cyane n’abakunzi b’umupira w’amaguru dore ko bwaje gustinda ikipe ya Leta zunze ubumwe za amerika byoroshye.

Mu masaha ya akare cyane , bigeze kumunota wa 10 w’igice cyambere nibwo umukinnyi

Memphis Depay yatsinze igitego cya mbere agitsinda kumunota wa 45 gusa.Deley Blind

nawe yaje gutsinda Igitego cya 2 biba ibitego 2 kubusa.Ikipe y’igihugu cyUbuhorandi niyo yabaye iyambere.

Ikipe ya Leta zunze ubumwe za Amerika, yashyuhije umukino ku munota wa 76 w’umukino,

ubwo Haji Wright yatsindaga igitego, biba 2 kuri 1.

Nyuma gato umukinnyi witwa Denzel Dumfries ku munota wa 81 yaje gushimangira  intsinzi,

Ubuholandi buba burangije umukino 3-1.Undi mukino wa 1/8 urahuza Argentina na Australia (Saa 21h00 i Kigali). Ikipe ya Messi ni yo ihabwa amahirwe.

Kugeza magingo aya ikpe ya Cameroon ikoze amateka kuri Brazil, Ghana yo yihimuye kuri Uruguay

imikino y’amatsinda mu gikombe cy’Isi yashyizweho akadomo, kuri uyu munsi wa nyuma amakipe abiri ahagarariye Africa,

Ghana na Cameroon zombi ziratashye, ariko zitahanye ibyishimo bicagase.

Uyu mukino wabaye saa tatu z’ijoro , ikipe ya Brazil yamaze kubona iteke iyigeza muri 1/8 cy’irushanwa

ry’igikombe cy’isi cy’uyu mwaka wa 2022 muri Qatar.N’ubwo impamvu zo gutsinda umukino zari zitandukanye mu itsinda G , ikipe Brazil yari ifite amanota 6, Ubusuwisi bufite amanota 3 , ikipe ya Cameroon 1 na Serbia iminoa 1.

Aha byasaga ngaho ikipe ya Cameroon yatsinzwe umukino gusa biza guhinduka.Mu wundi mukino Serbia yatsinzwe n’Ubusuwisi 3-2, bituma Ubusuwisi bugira amanota 6 buba burakomeje, ndetse na Brazil.

Imikino y’igikombe cy’isi irakomeje aho amakipe yose akomeje gushaka iteke iyageza muri ¼  , ½ na finale.

Iyi mikino ikomeje kubera muri

Advertising

Previous Story

Rubavu: Urubyiruko rwasabwe gutera ishoti Ubukene

Next Story

Serge Iyamuremye agiye gushaka umugore

Latest from Imyidagaduro

Go toTop