Abagabo bagirwa inama cyane yo kutijandika mu miti yongera ubugabo aho bakoresha ibinini byongera ubushe.
Abaganga bagaragaza ko iyi miti atari myiza kuko igira ingaruka nyinshi.
NGIZO INGARUKA ZO GUFATA IYI MITI
UMUVUDUKO W’AMARASO
Iyo umuntu amaze gufata iyi miti, hari ubwo bitewe nuko amaraso aba asanzwe atembera mu mubiri biba byahindutse.
Bavuga ko ari nako igipimo amaaso yagenderagaho kigabanuka ku rwego rwo hejuru.
Ibi bikaba bitera indwara zirimo Hypotension, umuvuduko w’amaraso ,… Abagabo bagirwa inama cyane
URUHU RUBA UMUKARA
Bitewe n’uko ubutembere bw’amaraso mu mubiri buba bwahindutse, bavug ko umuntu umaze gufta ikinini cya
Viagra uruhu rwe n’amaraso ye akenshibihita bihinduka umuntu nk’uko abagabo 20% bakoreweho ubushakashatsi
babigaragaje, bakavuga ko ari ibi ngibi nyuma y’amasaha ufashe iki kinini cya Viagra ibi bijyanye n’ubuvuzi ukorewe.
Kurwara umutwe
Ubsanzwe iyo wakoresheje ibibinini urwara umutwe ukakurya cyane nk’uko ubushakashatsi bubigaragaza.
Ibibi nini ntabwo ari byiza kubagabo nubwo bamwe babikoresha birengagije ingaruka zabyo.
Buri wese aba asabwa gukomeza kwirinda kubikoresha.
Gutinda kurangiza
Umugabo wakoresheje cyane ibibi nini byongera ubushake, ntabwo ajya ashobora kurangiza aho usanga abangamira umugabo we.
Abagore banshi ntabwo bakunda umugabo utarangiza vuba kuko ashobora kubangiza imyanya y’ibanga yabo.
Gutinda kurangiza bigira ingaruka nyinshi cyane ku mpande zombie, kubagabo ndetse no kubagore.
Guhitwa
Guhitwa cyane kubantu bakoresha ibi binini bya Viagra byongera ubushake, bituruka kuribyo.
Ntabwo aba ari byiza iyo umugabo runaka yifashe agakoresha ibinini ubushake bwo gutera akabariro cyangwa
gukora imibonano mpuzabitsina hamwe n’uwo bashakanye.
Umugore wese ntabwo aba yifuza umugabo ukoresha ibinini byongera ubushake bwo gutera akabariro
kuburyo abangamirwa na byo cyane kandi ku rwego rwo hejuru.
Dusoza iyi nkuru, twagira inama abagabo bose kwirinda gukoresha imiti cyangwa ibinini byongera
ubushake bwo gutera akabariro cyangwa gukora imibonano mpuzabitsina. Si byiza gushakira ubwiza n’ububasha mu bindi bintu bitari impano wahawe n’Imana.
Ntabwo aba aribyiza gukoresha iyi miti kuko yangiza ubuzima cyane