Advertising

Yari umukozi wacu nyuma aza kuntwarira umugabo – bagore mwitonde

15/10/2024 15:00

Muraho neza! Uyu mugore ubona ku ifoto yari umukozi wacu wo murugo. Yabanaga natwe nk’ibisanzwe akajya yita kubana bange babiri igihe nagiye kukazi.

Nakoreraga  N.G.O (imiryango itegugamiye kuri leta), gusa byansabaga kujya hanze y’igihugu. Ubwo nasigaga umukozi mu rugo byaje kurangira agiye mu rukundo n’umugabo wange.

Naje kuvumvura ko atwite mu bajije ambwira ko ari umugabo wange wayimuteye. Nazabiranyijwe nuburakari birangira dutonganye cyane.

Urwitwazo umugabo yampaga ngo nuko yahoraga mpuze ubwo simubonera umwanya. Bantu mwe ese twahagarika imirimo dukora idutunze ngo dukunde tunezeze abo twashakanye?

Hagati aho bagore mwitonde cyane ndetse mushishoze mugihe ushaka umukozi wo murugo, bamwe mubagore twisana twarishyize mumutego ukomeye. Gusa n’umugabo wange ndamugaya.

Leave a Reply

Your email address will not be published.

Previous Story

Byinshi kuri Blue lake ikiyaga cya mbere gisukuye ku isi

Next Story

P Diddy kuba yarahinduye amazina inshuro 7 bishobora kuba bihishe ibanga ribi cyane

Latest from Inkuru z'urukundo

Impano waha umukunzi ukurikije uko ateye

Mu gihe utegura impano ni ngombwa gusobanukirwa inyungu z’uwayihawe, ibyo akunda, n’ibikenewe, kuko ibi byerekana ubwitonzi nyabwo nubushishozi  burenze agaciro k’ifaranga uwahawe akabona ko
Go toTop