Umusore yavuze uburyo nyirabuja yamuhatirije gutera akabariro amubeshya ko aramwongeza umushahara

19/02/2024 21:17

Kimwe mu bintu bikomera mu buzima no kugerageza burya bibamo kuko harubwo umuntu akugerageje kuburyo ubura uburyo uko ubigenza. Gusa mu buzima ibigeragezo biratandukana kuko rimwe na rimwe hari ubwo tugeragezwa abantu bageragezwa n’abo bizeraga.

Imwe mu nkuru ikomeje kuvugisha benshi ku mbugankoranyambaga ni inkuru y’uyu musore wo mu gihugu cya Kenya mu mujyi wa Nairobi y’ukuntu mabuja we yamusabye ko basambana kugira ngo abone kumwongeza umushahara.

Nkuko uyu musore witwa Jack yabyivugiye yavuze ko yakuze ari Umusore ushaka amafaranga ndetse yifuza no guteza imbere umuryango we bityo ni muri ubwo buryo yagiye gushaka akazi mu mujyi wa Nairobi.Ubwo yahuraga nuwo mugore yahise amuha akazi ndetse atangira kugakora yishimye.

Gusa avuga ko yaje gutenguhwa nuwo mugore ubwo yamusabaga kumwongeza umushahara kuko byahise bihindura isura.Nyirabuje yamubwiye ko kugira ngo amwongeze umushahara agomba kumanza baryamana bagatera akabariro ndetse akamuryohereza kuburyo araryoherwa akabano kumwongeza umushahara.

Uyu musore yabuze ko Ari kimwe mu bigeragezo yahuye nabyo gusa yavuze ko yabyanze bityo akareka gukora Ako kazi.Ese wowe wisanze muri iyo situwasiyo wabyitwaramo gute!???

Source: muranganewspeper.co.ke

Previous Story

Bavuga ko mfite ibitsina bibiri, umukobwa ufite ubwanwa akomeje guhura n’imbogamizi zo kubura umukunzi

Next Story

Zari Hassan iyo ataza kuva muri muzika aba arenze Diamond Platnumz ! Byinshi utamenye ku buhanzi bwe n’umubare w’indirimbo ze – VIDEO

Latest from HANZE

Banner

Go toTop