Nigeria: Umugabo yabyukije umwana avuga ko yatumye ataryama ijoro ryose

by
16/05/2024 07:27

Uyu mugabo wararanaga n’umwana we yamubyukije shishitabona amuhora ko yatumye ngo adatora agatotsi.

Nk’uko byagaragajwe mu mashusho uyu mugabo witwa Dekubas wo muri Nigeria, ngo ntabwo yigeze atora agatotsi na rimwe kuko umwana we yamubereye ibamba hibazwa aho nyina yari yagiye.

Ati:”Byuka ntabwo urongera kuryama.Ijoro ryose uvuga ko uratuma tutagoheka , none burakeye ukomeje kuryama ? “. Uyu mwaka yakomeje avuga ko ataratuma baryama uko byagenda kose avuga ko ashaka ko ngo bakina.

Ababonye aya mashusho bagaragaje ko ibi ari ibisanzwe ku bana by’umwihariko abakiri bato.

Arvin

Ni umwanditsi wa Umunsi.com

Advertising

Previous Story

Umunyezamu wa Police FC yayisezeyeho

Next Story

Bruce Melodie yerekeje muri Nigeria

Latest from HANZE

Go toTop