Sunday, April 28
Shadow

Ubuzima

Muri iyi category y’ubuzima twandikamo inkuru z’ubuzima gusa n’ibindi bijyanye n’ubuzima byonyine.

Menya ibimenyetso bizakwerekako utwite

Menya ibimenyetso bizakwerekako utwite

Ubuzima
Ahari ushobora kuba umaze igihe wifuza kubyara cyangwa se ukaba utwite utabiteganyije, kubimenya hakiri kare bikunze kugorana cg bikabera urujijo bamwe. Nubwo hari test zigufasha kumenya neza niba utwite cyangwa udatwite. Hari ibimenyetso n’ibiranga gutwara inda bigaragara iyo ugitwita Ese ndatwite? Iki ni ikibazo abagore n’abakobwa bakunze kwibaza kenshi mu buzima bwabo iyo bamaze igihe batarabona imihango. Niba warakoze imibonano mpuzabitsina none igihe wakaboneyeho imihango kikaba kirenzeho icyumweru no kuzamura; ushobora kuba utwite. Gusa kubura imihango sibyo byonyine byakwereka ko waba utwite. Dore ibindi bimenyetso byakwereka ko ushobora kuba utwite. Kubona amaraso: ushobora gutangira kuva amaraso macye mu gihe utwite, bikunze kuboneka akenshi hagati y’iminsi 8 na 12 n...
Ese gukora imibonano mpuzabitsina k’umugore utwite ni byiza

Ese gukora imibonano mpuzabitsina k’umugore utwite ni byiza

Ubuzima
Ubusanzwe gukora imibonano ku mugore utwite, bizwi cyane nko gukurakuza bivugwaho byinshi bitandukanye. Babyitirira byinshi bamwe bati ni ngombwa ariko ntibasobanure impamvu, abandi bati bifungura inzira umwana azacamo avuka, n’izindi mpamvu nyinshi. Nyamara kandi, mu gihe gukora imibonano mpuzabitsina bizanira ibyiza binyuranye abayikora kuyikora utwite byo uretse ako kanyamuneza binafitiye akandi kamaro umugore utwite ndetse n’umwana atwite nkuko muri iyi nkuru tugiye kubivuga. Dore akamaro ko gukora imibonano ku mugore utwite Gutwita bituma umugore arangiza neza: Uko amaraso atembera yihuta nibyo bituma urangiza; kandi iyo umugore atwite uko amaraso atembera biba byiyongereye ni nayo mpamvu bavuga ko umugore utwite ahorana ubushake. Abagore benshi barangiza bwa mbere iyo batw...
Menya ibintu by’ingenzi umugore utwite adakwiriye gusaba umugabo we kumukorera

Menya ibintu by’ingenzi umugore utwite adakwiriye gusaba umugabo we kumukorera

Ubuzima
Usanga bamwe mu badamu barahinduye ubuzima bw'abagabo babo nk'ikuzimu mu gihe batwite.Barabavuna cyane kubera ko baba baziko batarabyanga ugasanga abagabo barabangamiwe cyane.Nyuma yo gusoma iyi nkuru uhindure cyangwa wige. Badamu beza, mu menye ko, uko waba wiyumva kose ukwiriye gutuma umugabo wawe yiyumva nk'umugabo mwiza ku isi,kuko yaragushatse ngo yitwe umugabo ntabwo yagushatse ngo abe umugabo.Birazwi ko rimwe na rimwe abagore batwite bayoborwa n'amarangammutima yabo cyangwa uburyo babayeho n'imwe mu misemburo ya kibyeyi bigatuma bitwara uko bashatse kubagabo babo, nyamara umugabo wawe yakakubereye umufasha muri icyo gihe utwite. 1.Umugabo wawe arakuzi cyane, kandi yarakumenye rero rekera aho gufata igihe cye ngo ucyangize ukigire kibi cyane.Ntabwo uzatwita iteka ryose kandi nu...
Ese telefone ngendanwa yatuma gas utunze itwika inzu ? Dore ibihabanye n’ibyo wari uzi kuri telefone

Ese telefone ngendanwa yatuma gas utunze itwika inzu ? Dore ibihabanye n’ibyo wari uzi kuri telefone

Ubuzima
Nawe uriyizi , ntahantu ushobora kuba udafite telefoni ngendanwa.Telefoni i cyo gikoresho kuri ubu gifitiye akamaro gakomeye imibereho y'ikiremwa muntu.Kugeza ubu buri kimwe gikorwa habanje kubaho gukanda kuri telefone .Byumvikane ko ifasha cyane,ariko inashobora guteza akaga ariko hari n'ibyo bayitwerera bitaribyo , ari nabyo tugiye kurebera hamwe muri iyi nkuru.Hari bimwe mu byo abantu batwerera telefone, bidafite aho bihuriye n'ukuri kuri yo kandi nta n'ibimenyetso bafite bikaba byanatuma uyitinya cyangwa ukaba wakwigengesera bitanari ngombwa. 1.Telefone ngendanwa ishobora guteza inkongi y'umuriro cyangwa idatuma gas yaka igatwika inzu: Buri wese azi neza ko buri kintu cyose gifite aho gihuriye na peteroli (Gas), gishobora gutezimbigamizi nyinshi cyane ndetse n'ubuzima bwabamwe bukab...
Niba ushaka kongera amaraso aya mafunguro ujye uhora uyarya

Niba ushaka kongera amaraso aya mafunguro ujye uhora uyarya

Ubuzima
Kuba wagira amaraso make ni ikibazo gikunze kuba ku barwayi barembye, abakoze impanuka, abagore batwite cyangwa se abafite ikibazo cy’imirire mibi. Akenshi bikaba biterwa nuko insoro zitukura ziba zagabanyutse bikagira ingaruka ku mubiri wose muri rusange dore ko izi nsoro zitukura arizo zishinzwe gutwara umwuka wa oxygen mu mubiri. Iyo uyu mwuka udahagije rero birangwa no gucika intege, ikizungera n’isereri ndetse n’ibindi binyuranye bitari byiza.N’ubwo hari imiti itangwa kugirango babashe kuzamura umubare w’izi nsoro zitukura harimo no kuba wakongererwa amaraso, ariko hariho n’uburyo Wabasha kongera amaraso yawe binyuze mu kwibanda ku gufungura amafunguro afasha kongera igipimo cy’insoro zitukura.Gufata amafunguro akize kuri izi ntungamubiri ni bimwe mu bizagufasha kuzamura igipimo ...
Menya impamvu igitsina gabo kidakura neza kikaguma ari gito cyane

Menya impamvu igitsina gabo kidakura neza kikaguma ari gito cyane

Ubuzima
Ni ikintu gitekerezwa ho na benshi ntabwo babasha kubona igisubizo nk’uko babyifuza umunsi ku munsi.Muri iyi nkuru turarebera hamwe impamvu yabyo. Nufata umwanya wawe ukaganira n’abagabo bamwe bakakubwira bati:”Ikibazo mfite ki nkomereye ni imikurire y’igitsina cyanjye gito. Cyanze gukura rwose, ni gito cyane pe”.Uretse n’abagabo hari n’umusore uzatinyuka akakubwira.Ese uzamufasha iki ? Iyi nkuru iragufasha.Icyambere cyo gushyira mu mutwe ni uko iri atari iherezo ry’ubuzima bwawe kuba wagize icyo kibazo, ntanubwo ari ikibazo gikomeye cyane rwose.Hatitawe kungano y’igitsina cyawe wabasha gufasha uwo mwashakanye kandi ukamushimisha uko bikwiriye kimwe n’abandi bagabo bose utekereza ko bakurusha ubugabo.Wibaza impamvu wowe ufite igitsina gito mu gihe abandi bafite kinini ? Imyanya y’ibang...
Umugore yanze guterura umwana we nyuma yo kumubyara

Umugore yanze guterura umwana we nyuma yo kumubyara

Ubuzima
Ntabwo bisanzwe ko umugore yanga gufata ku mwana we nyuma yo kumubyara na cyane abagore benshi baba bafite amashyushyu yo kubona no guterura abana babyaye.Uyu yabaye umugani atangaza benshi baraho harimo n’abaganga bumijwe n’uburyo yitwaye yanga guterura uwo yibyariye. Iyi nkuru nawe ishobora kugutangaza kubera uburyo idasanzwe kumva ko umugore wamaze kugise amezi agera ku 9 yanga guterura uwo yibarutse.Yabaye umugore ariko ntabwo abyemera cyangwa ngo bimushimishe nyuma yo kubona uburyo umwana we ameze bamaze guhura.Uyu mugore yanze gufata umwana we yanga no kumukoraho ubwo abaganga bari baje kumureba banamuzanye dore ko yari ari muri geride y’ibitaro. REBA HANO AKAMARO K'AMASOHORO KU MUGORE Mu mashusho yatangaje benshi ubwo yatambagizwa ga kumbuga nkoranyambaga, uyu mugore yakores...
Menya akamaro k’amasohoro kubuzima bw’umugore

Menya akamaro k’amasohoro kubuzima bw’umugore

Ubuzima
N’ubwo zidakundwa cyane gusa iyi ni inkuru nziza cyane ku bagabo kuko bamenye koko ko amasohoro yabo afitiye akamaro kanini abagore mu kubaha ubuzima bwiza. Kuyihata rero ku bagore ngo bikaba ari byiza cyane, kuko ngo atuma bagira akanyamuneza, akabarinda umunabi, agatuma bagira urubavu ruto, agatuma badasaza vuba kandi akabarinda kanseri z'amoko yose. Amasohoro arinda agahinda agatera akanyamuneza REBA HANO IKIGANIRO CYIZA TWAGUHITIYEMO Abagore bakora imibonano mpuzabitsina idakingiye, ni ukuvuga bahura n'amasohoro y'abo baryamanye, ngo bagaragaraho kugira agahinda gakeya ugereranyije n'abatagira ayo mahirwe nkuko bitangazwa n'ubushakashatsi bwakozwe na kaminuza ya Albany muri Leta Zunze ubumwe z'Amerika.Ubu bushakashatsi bwemeza ko amasohoro afite imisemburo mélatonine, prolact...
Menya byinshi kundwara yo kudidimanga

Menya byinshi kundwara yo kudidimanga

Ubuzima
Umuntu uvuga adidimanga hari ubwo yibazwaho cyane nyamara bamwe ntibanamenye ko ari indwara kandi ikomeye ishobora kuvurwa igakira.Muri iyi nkuru turayirebera hamwe n’uko yavurwa. Abantu bamwe uzajya usanga mu mivugire yabo bavuga bategwa cyangwa se agasubiramo inyuguti runaka inshuro nyinshi mbere yo gusohora ijwi. Uwo muntu bivugwa ko afite ikibazo cyo kudedemanga.Kudidimanga ni ikibazo usangana abana bafite imyaka hagati ya 2 na 5 ku gipimo cya 5% ariko uko bakura bikagenda bishira. REBA HANO VIDEO TWAGUHITIYEMO - MURI CONGO BYAKOMEYE Gusa nanone icyakora uwo bifashe arengeje imyaka 10 biragora ko byashira burundu ariko ashobora kubigabanya.Usanga umuntu udedemanga rimwe na rimwe adashaka kuvugira mu ruhame, akaba adakunda kuganira nyamara afite icyo yabwira abandi kubera ko s...
Umugabo wakuranye inzozi zo kuzaba imbwa yatanze akayabo k’amafaranga atangira ingano kugira ngo ahinduke yo

Umugabo wakuranye inzozi zo kuzaba imbwa yatanze akayabo k’amafaranga atangira ingano kugira ngo ahinduke yo

Ubuzima
Ni inkuru itangaje ndetse idasanzwe mu matwi y’abantu kumva ko umuntu yakwifuza kwihindura itungu cyangwa inyamaswan runaka.Uyu mugabo wabaye icyamamare kubera kwihindura imbwa yatangaje yaje kubigeraho , aho ubu ngubu yabaye yo neza neza. Umugabo uzwi ku mazina ya Toco wifuje kuzaba imbwa kuva kera cyane yabigezeho amaze gutanga amafaranga asaga ibihumbi 16 by’amadorali ($16,000 ), kugira ngo bamukorere umwambaro w’imbwa (Dog Costume), wo kwambara ubusanzwe kugira ngo yemeze ko yageze kunzozi ze yakuranye.Mu gihe abandi bakurana inzozi zo kuzaba ibitangaza ndetse n’ibyamamare we yakuranye izo nzozi yaje kurotora dore ko we kugeza ubu asigaye akora nk’imbwa , agenda nkayo ndetse n’ibindi byose akagerageza kuyigana. REBA HANO VIDEO TWAGUHITIYEMO - MURI CONGO BYAKOMEYE Mu mezi yatam...