Ju-Young Lee , Intumwa idasanzwe ya Repubulika ya Korea , yifatanyije n’Abanyarwanda kwibuka ku nshuro ya 30 Jenoside yakorewe batutsi mu 1994.Lee yishimiye urugendo
Kuri uyu wa Kabiri tariki 09 Mata , nibwo uyu muhanzi akaba n’umuramyi Josh Ishimwe yaganirana n’umunyamakuru wa Umunsi.com atanga ubutumwa muri Ibi bihe
Kuri iki cyumweru tariki 07 Mata 2024, U Rwanda n’inshuti z’u Rwanda rwatagije icyumweru cyo kwibuka , iminsi 100 yo kwibuka hacanwa n’urumuri rw’Icyizere.Kuri
Dr.Utumatwishima yahaye umukoro urubyiruko muri ibi bihe u Rwanda ruri kwibuka ku nshuro ya 30 Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994. Minisitiri w’Urubyiruko n’Iterambere ry’Ubuhanzi
Bill Cliton wabaye Perezida wa Leta zunze Ubumwe za Amerika [USA], yaje kwifatanya n’u Rwanda n’Isi muri rusange kwibuka Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994
Umukuru w’Igihugu cy’u Rwanda H.E Paul Kagame yagiranye ibiganiro na Perezida wa Repubulika ya Cech Pavel Petr muri Village Urugwiro. Perezida wa Repubulika ya