Perezida Paul Kagame yaganiriye na Petr Pavel

06/04/2024 20:52

Umukuru w’Igihugu cy’u Rwanda H.E Paul Kagame yagiranye ibiganiro na Perezida wa Repubulika ya Cech Pavel Petr muri Village Urugwiro.

Perezida wa Repubulika ya Cech yageze mu Rwanda ku mugoroba wo ku wa Gatanu tariki 05 Mata 2024, aza kugirana ibiganiro na H.E Paul Kagame kuri uyu wa Gatandatu tariki 06 Mata 2024.Ubwo Pavel yageraga mu Rwanda ku Kibuga cy’Indege yakiriwe na Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga Dr.Vincent Biruta.Pavel yavuze ko kuza mu Rwanda kwe n’itsinda ayoboye baje kwifatanya n’Abanyarwanda mu muhango wo kwibuka kunshuro ya 30 Jenoside yakorewe Abatutsi ari ukugira ngo biyibutse ko bagoba kugira uruhare rwo guharanira ko ibyabaye bitazongera kubaho ukundi.

Ati:”Ibyabaye mu Rwanda, hari benshi bitasigiye isomo ariko ko hari ibigaragaza ko hari ibigaragaza ko hari intambwe igenda iterwa mu bihugu bimwe na bimwe.Perezida wa Repubulika ya Cech yavuze ko ibihugu byombi bisanzwe bifitanye umubano mwiza haba ku ruhande rwa Gisirikare n’umutekano ,ubuzima , ibikorwa remezo n’ibindi.Ati:”Kandi twiteguye kubakira ku bushake bwiza , mu gufungura izindi nzego twakoanamo.Ndatekereza ko ubufatanye bw’u Rwanda na Cech Republic bufite ingu zihuriweho n’impande zombie.

Pavel yavuze ko igihugu cye kizakomeza guharanira gushyira imbara mu bakngumbaga kugira ngo habeho guhuza kw’ibihugu

Advertising

Previous Story

Chris Eazy yateguje indirimbo imeze nka Filime

Next Story

Bill Clinton wabaye Perezida wa Amerika ari mu Rwanda

Latest from Inkuru Nyamukuru

Amateka yaranze Tariki 26 Nyakanga

Muri iyi nkuru tugiye kurebera hamwe ibyaranze iyi tariki mu mateka.Nihagira icyo wifuza kirenze ukidusigire ahatangirwa ibitekerezo. Uyu munsi tariki 26 Nyakanga, ni umunsi
Go toTop