#Kwibuka30: Ubutumwa bwa Dimitrie Sissi wavuze ko Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994 yabaye ariho

08/04/2024 07:01

Anyuze kumbuga nkoranyambaga ze yagize ati:” Dutangiye iminsi yo #Kwibuka30,.. Mfite ubutumwa nabageneye kuko nari mpari”.

Dimitrie Sissi ni Umwandi w’ibitabo dore ko arutse kwandika icyitwa ‘Do Not Accept To Die’.Ni igitabo kirimo agambo amagambo akomeye n’ubutumwa aho asaba buri wese gukomera kuwo ari we. Ni igitabo gifitanye isano n’ubuzima bwe bwere na nyuma ya Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994.

Ni ubutumwa yahereye ku banyarwanda, Abarokotse abasezeranya ko ibyabaye bitazongera kubaho ukundi. Uyu mubyeyi anyuze ku mbuga nkoranyambaga ze [ X ] yagize ati:” Dutangiye iminsi yo #Kwibuka30… Mfite ubutumwa nabageneye kuko narimpari.
Dear Rwanda warakoze kudusubiza agaciro, kuduhuza no kutwubaka ubu turatekanye – Sugira ganza horana ijambo”.

“Dear Survivor ubudaheranywa bwawe bwakubereye akabando, bugufasha gushinjagira ushira, ariko urirenga, ubaho unabeshaho benshi – Komera.
DearVictim Turagukumbura cyane ariko tuza, iruhukire, turiho neza, turakomeye kandi turakomeje. Kwibuka30”.

Advertising

Previous Story

Ibintu bizabereka ko urukundo rwanyu ruzabaho iteka

Next Story

Theo Bosebabireba yamaganye abapfobya Jenoside bagendereye indonke

Latest from Inkuru Nyamukuru

Amateka yaranze Tariki 26 Nyakanga

Muri iyi nkuru tugiye kurebera hamwe ibyaranze iyi tariki mu mateka.Nihagira icyo wifuza kirenze ukidusigire ahatangirwa ibitekerezo. Uyu munsi tariki 26 Nyakanga, ni umunsi
Go toTop